<<@B.Justement2022 says : Erega umugabo ashaka umugore umuha umutuzo apana uvuga Rugambo Rugambo! Gusa nkunze iyi Topic Aba bakobwa ndabemeye muri Abahanga rwose mujye mujijura abandi bakobwa ndetse nabasore. Hanyuma muzitonde kuko aho kwiruka utazi iyo ujya wabanza ukareba inzira neza ucamo.>> <<@victoriabalisasa9880 says : Kubakobwa bumutima, abasore barabuze kuko abenshi bashaka gusogongera kugeza babonye uryoshye. Ntakintu cyiza nko kubana numugabo mwakuranye mubukire, udasanze afite byose. Ikiruta byose nubwumvikane nurukundo. Abakobwa benshi bashaka kubana nabagabo bafite byose, babaho ubuzima tubona muri movies. Imana ibashoboze ariko mwibuke kubaza Imana kuko urugo rudashinzwe nimana ntirugera kure.❤>> <<@NdayizeyeFrançois-i9z says : Ibintu 2 nukubijyamo ushaka umuryango Harinokubijyamo ushaka ubucuruzi Bigasozwa nuburyarya>> <<@Dj2pac27 says : Sha nibeza pe hajyize unkunda muribo sha ntago nazabyicuza sorry baracyarabakombwa>> <<@Dj2pac27 says : Rose aboba tumirwa ko aribeza cyane>> <<@Rud636 says : Rose, Nkunda show yawe, uzana abantu basobanutse na topic ziri relevant.>> <<@nordic4654 says : Kuberiki abakobwa baba nyarwandakazi mwumvako umugabo agomba kubaha amafaranga mwagiye mukora ahubwo mugafatanya>> <<@kayirangapierrecelestin4940 says : Umukobwa ahitamo uwo baryamana ariko umugabo niwe uhitamo uwo bazabana.>> <<@MugishaGabin-oq3cl says : Wamenya ute xe umuntu mukabana?ibyo nukwibeshya kbx!>> <<@dominiqueMbarushimana says : Mubwire nsekambabayee atinyuke tuzamenyane>> <<@dominiqueMbarushimana says : Guhitamo Niko kabi>> <<@dominiqueMbarushimana says : Nkunda topics zawe Lose gusa ibijyanye ni cofi ubuzi buhenze nikimwe mubituma relationship zitagera kuntego>> <<@kayiganwaetienne4418 says : Hhhhh having sex buriya ningombwa>> <<@yisabriel says : ARIKO njye ko mbona abasore ari abana beza kurusha abakobwa ko mubatera ubwoba mugaragaza ko mushaka ibyamirenge.ikindi abakobwa abanyarwanda mwirinde dépendances kubagabo kuko ubu abasore bo murwanda bafite oprtinity nke kurusha bagenzi babo babakobwa biganye.abahungu biteguye gutanga amahoro murugo nta mafaranga bafite.wenda bazayabona ariko abakobwa mushaka kujya Mungo ziri financièrement sécurisé mushobora kutazabona abagabo.Mugihe abandi bafashe engagement bo bigenda biza muzikanga barateye imbere mwe mukiri mubwihebe mwarasaziye iwanyu>> <<@yisabriel says : Muri aba bakobwa uyu wigikara munini niwe muzima ariko uyu winzobe yize imibare urukundo rwe rwazamo imibare nyinshi afite akantu k'ubucakura>> <<@BEBLRwanda says : Ibyo mwavuga byose ntakiruta kugira umuryango, nabamenyesha ko abubatse aribo benshi kurusha abatandukana, yewe nubwo mwe muvuga ngo byaranze buri weekend ubukwe buraba Murwanda hose, bambe buriya muzajya kubikora amazi yararenze inkombe muhomera iyonkeje,. Abana mubona sabanyu my dear ntabwo muzi icyo kuba incike bivuga, ubura nuwo utuma utuzi uri muzabukuru, murakina Sha mujyaho mwangize igihe>> <<@JeanRukara says : Icyingenzi ni ukureba niba uwo muhuye yubaha inshingano. Naho gukundana ni ibintu byoroshye. Icyingenzi ni ukumenya ko umuntu wese muhuye hari impamvu.>> <<@mariegorettimuhorakeye says : Hahaha, abubushyuhe buganza binyanyize,bihungize, bareba ko byagabanuka. Gusa ntekereza ko byo bushyuhe bwiyongera iyo umuntu atuje, afite imibereho ituma imibiri igira reactions. Tutibanze muri za Kigali, cg se abandi baturuka mu miryango ibasha kubaha ibyo bakeneye, ntago wabyuka ujya guhinga, ugataha ujya gutashya inkwi, wavayo ukajya kuvomerera intoryi n'amashu ngo nurangiza ugira ubushyuhe bugeze aho.>> <<@KIREHEDISTRICTPHARMACY says : uyu arimo kudefander ubunebwe wica intege undi mwana wowe se ko uba ushaka indabo.>> <<@MartheUWIMANA-j6g says : Buriyarero mureke mbabwire abakobwa bomuriyiminsi bitesheje agaciro pe undi nigute ugirana leration numugabo utekerezako ariki urusha umugirewe kuki wereka umuhungu kumukunze kumutenza? Ko umukeneye cyane? Nimureke dupfukame dusenge abakobwabomuriyi minsi barakabije noneho ntibagitegerezako babatereta we ntagaciro tukiha habe habe>> <<@Nsengimana-q4o says : Ubwox ababyeyi banyu bababwiyeko bahoraga batura ibibazo byamafranga kubahungu bakundana? Niyo mpamvu umuhungu agusabako muryamana mutarabana>> <<@ndayizigiyeedison7546 says : Mugize ikiganiro cyiza, murakoze guhugura urubyiruko>> <<@Iyvre says : Channel yabo ko ntayo nabonye Rose?😂 Wabyibagiwe?!!😅>> <<@GisaEmic says : nakwivuza kuba nd mur iyi studio mur ikikiganiro nkababwiz ukur nk umuhungu kuko ababakobwa haribyo bar kwitiranya bakabsobanura nabi.ahar n uko bataramenya uko abahungu duteye..gusa ikikiganiro nagikunze cyan Rose we>> <<@alphonsehatangimana247 says : Rose ubutaha uzashyiremo n'abahungu abakobwa 2 nabahungu 2 nawe wa gatanu iyi Topic muzongere muyisubiremo kuko ku uhande rw'abahungu habuzemo ibitekerezo byaho, icyo kiganiro kizaba kiryoshye kabsa>> <<@OlivaBusingye says : Abo basore x mwana wampayemo passe ko mfite sisters bitonda kubi!>> <<@RachelNyinawabahinda says : Mujye musobanuka bandugu ntago amavuta yose ashobora kugira impact kuruhu rwumuntu ntago yose aba ari mukorogo na movit gikotori yagutukuza bitewe na skin yawe Rose wacu mumuveho buriya ari kubyitaho>> <<@lydiahabimana5697 says : You can never know someone. People grow and change.>> <<@josephinendayishimiye4847 says : Phoibe it's in English Foyibi ni mukirundi cg Mukinyarwanda.>> <<@josephinendayishimiye4847 says : Hi Rose, Phoebe nizina rimenyerewe mu Rwanda no mu Burundi Phoebe ni Foyibi.>> <<@AngeMarieingabire-x2m says : Bakobwa beza nimuhumure haracyariho ingo nziza>> <<@iradukundasubilah2006 says : Ndagukunda cyane ❤❤ Ark plz mbabarira uzahe ikiganiro Miss Tessy UmushyigikirePlz🙏🙏🙏>> <<@HagenimanaJBaptiste-k7q says : Rose wemerako ibi bintu byaturutse ku bakobwa?intandaro yabaye ubuhemu bw,abakobwa 1.uzi kurihira umukobwa amashuri yarangiza agashaka ahandi?Kandi iyo agiye gutyo asiga akweretse ko mutari ku rwego rimwe atitayeko Ari wowe wamugejeje Aho simpakanako n,abasore badahemuka ariko byose bazakora bazakora bizitwa kwihimura>> <<@Samuel-t8p says : Fb afite ibitekerezo kbsa,kuko ashobora kwemera kubabarira kumugabo munyungu z'abana azabyara,nubwitange kbsa>> <<@ntakirutimanareponse says : Ariko mana cha vii narinkukumbuye byo gupfa Rose wakoze cyane>> <<@jolie7180 says : Njyewe mbona kwiyongera k’ubusambanyi ariko twatumye ibintu bihinduka cyane! Abana b’Imana baretse kumvira bihitiramo ibyaha biraboreka! Ntabwo umusore mwaba muryamana buri gihe nawe agira ama frw, akaryamana n’undi nawe bikaba bityo ngo afate icyemezo cyo gushinga urugo! Abakobwa benshi barashaka ibyo batavunikiye bakabigura umubiri wabo! Bakobwa mwese nk’abitsamuye, mureke gusambana n’abo bahungu ! Nimubahakanira kuryamana bazafata icyemezo cyo kubagira abagore kuko babakeneye. Rwose mureke kuryamana mbere y’urushako niwo muti wa relation irambye. Bagabo namwe mureke gusambana no guhonga ayo ma frw nibyo bizatuma umenya uwo mukwiranye byanyabyo! Umuco w’ubusambayi ni imyuka mibi nibyo biri kwica ingo na relationship z’ubu>> <<@jeannettemukeshimana9464 says : Babasaze sha wakwigumiye uri single bigutwayiki uwawe kazaza vubaha imana yakugeneye>> <<@violettekarekezi3730 says : Umva bakobwa beza ba abanyarwanda, nimwige gukorera amafranga mudategereje gukundira umuntu kuko aguha amafranga, korera ayawe maze uzahure na umusore uhagaze neza umukunde kuko umukunze udakunze amafranga or ngo urongorwe na amafranga utazi uyafite or uyaguha uwo ari we muracyari mubihe bya keraaa ntabwo amafranga atangwa na abagabo gusa nimukore maze namwe mujye mukundana muyanganya or muyabarusha muhuzwe na ❤️not $ eh . Nimwigegukora💐💐💐>> <<@kamalieric65 says : Sha abasore twaragowe pe Ukundana n umukobwa akakurya cache iyo umubwiye urugobo waramwitayeho ngo ntagahunda y urugo afite so Murekere ntamusore utagira gahunda ngo age murukundo Mwihane>> <<@felicienbazatsinda9410 says : Ayo masuku wayakora kumuhungu bitewe na initiative wihaye ariko ntubikore kugirango bagukunde.>> <<@flpk897 says : Noneho baba maliye muli Congo. Nimwiyame abobategetsi bashoza intambara zubujura bahe urubyiruko amahoro.>> <<@SuperKatasa says : FB yaba umugore mwiza>> <<@SuperKatasa says : FB aravugisha ukuri. Ikibazo guhari abakobwo bashyira imbere ibyo bashaka mubagabo ntibatekereze ibyo abagabo babashakaho>> <<@NoName-nt7jp says : Erega talking stage avuga baba bafite abahungu benshi batendetse hamwe bahamaze 2days ejo azimaze ahandi kdi hose aranahabona finance niho hahandi umuhungu umwe akuramo akarenge nundi nawe gahukuramo akarenge bikarangira bose bagiye ugahora urimuri talking stage>> <<@NoName-nt7jp says : Indaya mbayaaaaa ibiraya gusaaa>> <<@maximeteevee2760 says : hari steps muri gusimbuka, umuntu aba cheri wawe gute mutararyamana? ikindi, ni gute ubanza kumenya umuntu mbere yuko mutangira relationship, why should I allow you to know me if we are not dating? it's chicken vs egg question, what comes first?>> <<@UmwariDelira says : Tunkwe amazi twubike inda😂😂😂😂😂>> <<@NzigiyeLily-tl5zj says : Rose umukorogo urakumaze weeeee warekeye aho sha>> <<@shaprum says : Hello!>> <<@PichouPaul says : Waaaaao, mubalikiiiiwe nyote sana zaidi bbs . Ndabyemeye byose ibyo muvuze❤❤❤❤❤>>
VideoPro
>>