<<@claudinetuyishime4271
says :
uyu mumama ni mwiza cyakora
>>
<<@Samson_n
says :
Mu ba YouTubers bose Rose ni we nemera cyane kubera impamvu imwe. Ntabwo ajya yihisha inyuma ya Camera. Akoresha ikiganiro na we tumubona. That is wonderful mu gihe abandi batwihisha.
>>
<<@Francinekayitesi986
says :
Rose weeee turagukumbuye wagiyehe koko??????
>>
<<@GisakaMabano-k5e
says :
Rose turagushima cyane ibiganiro utugezaho, gusa uzakosore langage yawe ( Ewana ) ni langage itakubahisha. Nagukosoraga !
>>
<<@GisakaMabano-k5e
says :
Odette asobanuye ibintu neza , ibyo avuze ni ukuli . Ashimwe cyane !
>>
<<@GisakaMabano-k5e
says :
Gukora muli Maison de repos ubyiga imyaka itatu ukabona Diplomes then ukajya gushaka akazi. Salaire de base 2000 euros/month. Abatoragura imyanda hanze babyiga amezi 7 bakajya gushaka akazi salaire de base 1800 euros/ month salaire de base nyuma yu mwaka 2500 euros.
>>
<<@GisakaMabano-k5e
says :
Erega Rose ibyo bibazo byokurya cga kubura amafunguro bibalizwa hano muli Africa cga se les pays du tiers monde !
>>
<<@GisakaMabano-k5e
says :
Ntazibana zidaterana amahembe, mulihanganirana.
>>
<<@MarieMUREKATETE-ve3eq
says :
BYIZA CYANE RWOSE UYU MUDAMU ARATANGA INAMA NZIZA NUKURI
>>
<<@ToyotaNyirakamana
says :
Rose ndagukanda cyane nanjye ndi canada.
>>
<<@MushimiyimanaCharlotte-h6u
says :
Imana izaguhe iherezo ryiza mubyeyi mwiza
>>
<<@MushimiyimanaCharlotte-h6u
says :
Uje ukenewe mubyeyi muduhe Numero yanyu
>>
<<@MushimiyimanaCharlotte-h6u
says :
Uri imfura mubyeyi,ese ugirango kugira Canada biroroshye shenge.
>>
<<@amrirutsobe6818
says :
Good job Odette babwire nimvugo zabo kuko batuka abadiaspra cyane, ubujiji gusa tu
>>
<<@loulouInga
says :
Mubyeyi cyeretse udashonje nibwo wateka ntulye. Ikindi abanya Rwanda batera ibibazo nibacye batanga ibisubizo, ababyeyi basunika abana babo mukinyarwanda nibyiza ko bamenya umwirabura uvugana cg; aho umwana wawe agenda, wowe ufite umutima mwiza, aliko hali abagome bakwangiliza kandi abana ntibabimenya! Koko bajye babohereza baciye akenge kugira ngo bimenye. Abanyarwanda baragoye numuvandimwe ntibyoroshye kubana nawe ahubwo uba wishakira umwanzi, no kurerera undi ntibyoroshye!
>>
<<@Millerjo
says :
Aliko rero mujye musobanulira abantu; iyo milimo icililitse ni iyacu tutigiye hano; aliko abana bacu iyo baje bakajya mu mashuli biga imilimo mwita yo hejuru; uwanze kwiga cg n'umuzungu wananiwe kwiga yibera muli za warehouse ntabwo azajya muli healthcare(nursing ,pharmacy or any kind of engineering etc...). Ubwo rero kubwira abanyarwanda ngo abantu baba muli Amerika baterura amakarito cg boza abasaza ni ukubayobya. Ukuli ni uko niyo waza ukuze aliko ukiga umwuga ubona akazi keza; aliko abaza bafite abana ntibiborohera bahitamo guterura amakarito bakarera abana !! Koko ibyo yababwiye ko ibyo ushaka byose wabibona aliko AT A PRiCe !!!
>>
<<@kamuntuclaudine4653
says :
Ndabashimiye cyane kubwi nama nziza.none mwatufashije mukampa nimero ya Odette.ndabibasabye.
>>
<<@TvParadizo
says :
N'umugore mwiza IN &out
>>
<<@kazungu0
says :
Uwo mu mama yuje urukundo, umuco, n'uburere. Rurema imuhaze uburame, kandi, ishya n'ihirwe niryo tumwifurije.
>>
<<@thebestgamersnl9122
says :
Ndagushimiye kuko wavuze ukuri abantu baza kuvuga amagambure ya buraya baze bunve iki kiganiro. Ushaka kuzamuka iburayi arazamuka ushaka kuba imbwa nawe amarembo arafunguye. Ndagushimiye mbikuye kumutima. Gufasha ni umutima ukunda kuko no mu Rwanda hari abamillionaire kurusha I burayi ariko ibintu tuzabisiga
>>
<<@munezerojosiane4535
says :
Sha nimba imana ibaho nanjye nzanjyayo nukuri ❤❤❤❤
>>
<<@maniratungageorge6797
says :
Ubushuhe wabuhunze twebwe buraturembeje 😂imbeho iragutegereje😂
>>
<<@indemarugamba6424
says :
Wow!Odette nishimye ikiganiro ugize🤗gira ugaruke ibibazo byinshi nzabikubaza live😊umbwire ibanga rya 21yrs pe! Birashimishije
>>
<<@honorinegaju6201
says :
Rose ni mwiza weee Icyo mukundira nta nibiganiro by amatiku akoresha Ibereho neza muvandimwe❤❤❤
>>
<<@EpiphanieMukeshimana-l7q
says :
Abantu mushaka akazi mu Budage mushake aho bigisha ikidage aho mu Rwanda hari Niveau hano bagusaba rero nukora Examen ukayitsinda uhita utangira kwaka Visa birihuta cyanee. Naho abantu mwumvako ibibihugu mwapfa kubona invitation ntibyoroshye peeee.Kdi abantu barimo umuntu wese afite uburyo azamo.ntago bose baza kimwe.Rero ushaka Ubudage nukwiga Ikidage kdi ukaza gusa nuwibagiwe ko ufite za Diplom zaho.Iyo waba ufite yose PHD...Utangira hasi bareba ururimi rwabo ubundi niba ushaka gukomeza muri Donaine yawe ubwo uzakora indi Examen yikidage bita C1 niyo iguha amahirwe yogukomeza muri University. So Niveau zikidage ni A1,A2,B1,B2,hakaza rero C1.ariko wize aho mu Rwanda bigusaba kugera kuri B1.❤❤❤
>>
<<@mariembasabire
says :
Erega ikibazo cyabagabo bacu kubera,uko bakuze bumva ngo umugore niwe ukora imirimo yose yo murugo banze guhinduka pe,niyo mpamvu kubatihangana baratana rwose, kuko abagabo benshi iyo yakoze akazi kamafranga abayumva byose birangiye ntumubaze ibindi
>>
<<@eddienziza9177
says :
😍😍😍😍😍😍😍😍😍
>>
<<@belle9283
says :
😂😂 unyibukije amasogisi yabana hano muri Amerika iyo bagiye ku ishuli ntawubona umwanya wo kwambara amasogisi asa ikisekeje nukuntu umuntu abimenyera 😅
>>
<<@laylamaya6974
says :
Odeth we wakoze gusura Rose ndamukunda❤ubutaha ntunzansige
>>
<<@mugabodavid3006
says :
Ikiganiro kiza cyane; ubupfura n'ingenzi. Bless you indeed!
>>
<<@MukarugwizaBetty
says :
Mwiriwe neza nibyiza cyane Uwambaye urumubyeyi mwiza cyane jyewe ndadsba no yawe ukoresha zombi Murakoze 29:02
>>
<<@claudinemukandoba
says :
Hello, Rose byashoboka kumpa number za Odette, ndamushaka cyane!
>>
<<@alianemusabyemariya9488
says :
Seriously Rose munsabire invitation ya visit Canada ubundi nzirwarize kuko avuze ko akunda gufasha, nshaka kujya Canada ngerageze amahirwe
>>
<<@JoujouMahoro
says :
Komereza aho mubyeyi Imana yo mu ijuru izakwibukire Ku mirimo myiza ukorera abantu
>>
<<@alianemusabyemariya9488
says :
Rose munsabire invitation ubundi nzirwarize ibindi
>>
<<@yamuragiyeodetha4775
says :
Uzandandire akazi turitiranwa notes Odette😊
>>
<<@ugiriwabomarieclaire9502
says :
Ibyo uyu mubyeyi avuga rwose
>>
<<@inor8458
says :
Hari abirirwa badu critiqua ngo twoza abakecuru n’abasaza bakagirango wararyamye urabyuka uhita ujya gukora ako kazi. Ntibazi imvune umuntu anyuramo abyiga na budget yabyo. Igisekeje ni uko usanga uguseka arinawe ukubwira ngo ko bimeze nabi wanyoherereje kugafaranga kdi we ari umukozi wa l’état wicara muri bureau Kigali. Mujye mwubaha akazi kadutunze turi benci kdi gatinze nabo twasize Kigali.
>>
<<@philos7597
says :
Maze hano muri Belgique kubyiga ni 2 ans kandi Diplôme ibona umugabo igasiba undi!
>>
<<@dnk3852
says :
Hari benshi binyegeza kubera community zaba Rwanda na Burundi bagira insaku nyiinshii Bigatuma umuntu ata envie yogu socialisinga nabo agira
>>
<<@Byefelicia-h5s
says :
Rose sha ibyo uwo mubyeyi akubwira nibyo peee! Kurerera inaha mugihugu by'iburayi leta nta mikino igira ku mwana wawe! Baramutwara ukumirwa neza na neza! Ugasigara uburana na leta
>>
<<@the_voice_of_women_tv
says :
Oooo mbega ikiganiro kiza ❤
>>
<<@euosengeshow.6117
says :
Ndabasuhuje my other family from Rose TV show. Rose wakoze cyaneeeee kutuzanira uyu mubyeyi. ❤❤❤
>>
<<@gagedamoursarusaru8079
says :
Uyumuntu n’umwana mwiza cyane! Very social kandi akunda nabantu cyane. Narinaramubuze kubera umwete mucye ngira ariko nzamusura nagaruka ino❤
>>
<<@EpiphanieMukeshimana-l7q
says :
Wow Muribi bihugu tubona Amafaranga ariko nibintu byaha birahenda.Gutanga nimpano umuntu avukana.
>>
<<@MUKABEGADina
says :
Mubyeyi uri mwiza ufite indangagaciro nyarwanda;Imana iguhe umugisha.
>>
<<@mariechantalkamariza8172
says :
Ubivuze neza cane wubahwe 🙏🙏🙏
>>
<<@louiseniyonkuru1793
says :
Rose ,usa nezaaa, nkunda izo kanzu zawe zi rezire, numva no zi kwiba zoseee ❤
>>
<<@GucamuZiko
says :
Warakoze gufasha abakeneye Mutuelle. ❤❤❤ Tuzarwubaka dufatanyije.
>>
<<@alianemusabyemariya9488
says :
Nkunda Canada
>>
NEXT VIDEO
>>