<<@ROSETVSHOW
says :
+250726639596 ushaka kuvugana na Carine cg kuri iyi 0781493580
>>
<<@GhTy-d7c
says :
Sha komera urimwiza uzagera kure hashoboka kubera Imana
>>
<<@TuyisengeFrancina
says :
Nukurikomera cyane
>>
<<@AlexisNtwari-g7u
says :
Sister Rose, nkunda ibiganiro byanyu n’ukuntu urimo kubaka imitima y’abenshi! Turabakunda kandi tubasabira umugisha w’Imana.
>>
<<@ingabireclemence6503
says :
Njye nakugira Inama yo kumwikuramo na phone ye ukayisiba.Mbese iga kuzinukwa.
>>
<<@ingabireclemence6503
says :
Humura mukobwa mwiza imbere ni heza uwo mugabo umwikuremo ntabwo ari size yawe .Irerere umwana kdi azabaho neza.
>>
<<@MukizaDiament-pe1xj
says :
😭😭😭😭
>>
<<@IradukundaPatience-vh6zc
says :
Mureke ajye kureyawe rwose kko twese tumezenabikandi ibikomere turabijyendana imana irahari umuchr
>>
<<@Blessed-y6i
says :
Impore Carine cyane, komera mukobwa. Ntacyo watakaje pe! Uwo si umugabo ni umugore mu rwego rwo hejuru! Ushime Imana cyane ko mutabanye! Ayo urira uyu munsi wari kuzayarira igihe kirekire! Uri uw'agaciro gakomeye. Uri umukobwa mwiza. Ufite indangagaciro... kura mu mutwe ko igisubizo cy'ibibazo byawe kiri mu maboko yiyo mayibobo cg nindi wese! Rwana no kubaho ku giti cyawe. Komeza urwane nicyaguteza imbere. Hari igihe azakwifuza, yicuze kuba yarahuye n'umunyamugisha akabura ubwenge! Hanyuma ibyo yakuvuzeho byose menya ko nta gaciro bigufiteho! Ni urucantege rw'umugome. Uriho kubera Imana. Soma Ijambo ry'Imana umenye neza icyo Imana ikuvugaho nicyo gifite agaciro. Zaburi 139/ Zaburi 41:10 hari nayandi menshiii... Imana ikurengere
>>
<<@MurashiNdusengimana
says :
Humura warakomeretse ariko twese twahuye nibikomere umwana murere ureke ubufasha kumugabo madame komera wikomeze ibindi birasanzwe pee tuvuze ivyo twahuye navyo wokubirwa ikomeze urimwiza uzaronka umugabo anagukundire umwana
>>
<<@KwizeraMonin-bk1xk
says :
Sorry for this testimony ariko ntakiba Imana itazi Kandi Imana igucisha mubikomeye kugirango ukomere
>>
<<@muziranengerakiri9693
says :
Kubanje nunva uyumukobwa arikubesha ntabwo umukobwa yoryamana numugabo bwambere ngo asame ntibishoboka ahubwo baryamanye birenze gatatu
>>
<<@Gogo_Irisa-fr8om.
says :
Warababaye ark nawe wakomeje umwigundirizaho cyane muby'ukuri ntabwo ujya uzinukwa!!! Nicyo cyatumye akomeza kugusuzugura. Nibwo wari ufite ubwenge bwo ku ishuri ark ubwo hanze ntabwo warufite!!!
>>
<<@paulNgabo-ov2pq
says :
Caline wee komera
>>
<<@Consolee-wz1ur
says :
Igikomere ntigisazap😢😢😢😢😢
>>
<<@uwonkundaingabiremarieclar1029
says :
Ihangane muvandimwe ukomere wambare imbaraga uharanire gukomeza kubaho kandi neza, uwo mwana nakubere imbaraga zigushoboza byose kuko burya abana ni imbaraga zacu ababyeyi. Uzakomeze ugire umutima utifuriza abandi ikibi, humura Imana izakwitura ibyiza. Nyagasani ahindure umutima w'uwo mugabo imuhe guca bugufi, gusaba imbabazi no gukunda amaraso ye. Komera Imana iragukunda.
>>
<<@KiberinkaGermaine
says :
Oooh Mana yange iyisi irimo ibintu biteye ubwoba komera mama Imana yanye nawe mubikomeye gusa abagabo abasoresinzi nukuri umutima bafite uko umeze sibose ariko nukuri mubabaza benshinge byandenze kdi Imana igkugirire neza kfi Imana izakurengera komera
>>
<<@UwabatanganaDenyse
says :
Ese kuruha bisaba imyaka? Ntawushaka adafite niyubukure agahirwa
>>
<<@UwabatanganaDenyse
says :
Yewe ihangane warahuritse pe hariho abantu bashimishwa nuko babaje abandi
>>
<<@NyabintuFlorance
says :
Nonese waruzi ubwenge bwoshuri gusa wowe wajyaga kumusura murigeto wumva ugiye he ngaho ihangane nyine
>>
<<@iragenagloria9938
says :
Oooooooo ihangane turagukunda twebwe ❤❤❤
>>
<<@rwajekarefelicien2041
says :
.
>>
<<@MwizaClemance
says :
Pole sana mukobwa abangabo na bana babi cyane bamwe muribo. Kd Rose dagukunda cysne
>>
<<@MUHORACYEYEPascalinr
says :
Pole sana my classmate Sha wanyuze mubikomeye byinshi ark Imana igufiteho umugambi mwiza chr imbere ni heza courage
>>
<<@muhawepaccy9891
says :
Impore maman
>>
<<@christinesafari237
says :
Imana iragukunda izaguha Papa w' umwana wawe uhumure. Kandi ukomeze kugira amakenga y' abagabo bo hanze aha. Usenge usenge. Imana irafasha. Kandi izakurengera. Impore uri umukobwa mwiza, uracyari muto.
>>
<<@Witonze-e1i
says :
Pore
>>
<<@rehm8216
says :
Rose wee nkunda uko wunviriza abashyitsi bawe; utabacha mwijambo. Ndagukunda cyaneee. Ibiganiro byanyu nanjye biranfasha cyaneee nubwo ibyanjye birenze byose. Thank you very much 😊
>>
<<@MucyoFiston
says :
Yooooooo mama polee bambe wanyuz muri byinshii ark Imana izibyose kd byose bibaho kubwimpamvuu ❤❤ be strong
>>
<<@Alexiauwineza
says :
Ariko se mukobwa Aho kurira washatse akazi nakikiyaya ukarondera namafranga makeya Aho kuguma uririra mumuyaga
>>
<<@NGOBYIDUHETSE
says :
Hahaha😂😂😂 urahuruye ugiye kureba umugabo UTAZI, usanze nta n’akageto ke bwite agira, urongeye usubirayo inshuro zitabarika, ajya kugufata kungufu (nkuko ubuvuga) yarabiguteguje, umugabo ukora ariko utagira n’ayo gufata moto…… none UGATINYUKA UKAVUGAKO WARENGANYE! Kuki ntamakenga mugira 😳
>>
<<@HabinezaVenuste-j1q
says :
Caline ihángane cyokora wahabaye intwari .
>>
<<@prudencerubonezambuga1462
says :
Nawe habayemo kuba umwana ariko komera ,nawe usanze umusore i Kigali 😮😮
>>
<<@twagirayezuemmanuel908
says :
None waretse icyokigabo tugagifunga imageragere cyane ko utariwujuje imyaka yubukure
>>
<<@marieclairemanirafasha6437
says :
Uraho uratera impuhwe kuma television rero ujya getto wabibwiyende .igicucu gusa
>>
<<@marieclairemanirafasha6437
says :
Ariko ingufu kumukobwa wiga muwaggatanu uzi kurara kuri phone wasuraga umusore muri getto murumva yoroshye kweri.uri igicucu kibi cyane
>>
<<@marieclairemanirafasha6437
says :
Ariko muzajya mwishinza kubasore ngo babafashe kungufu .nkawe warukiga ujya mubasore uziko.bixakugwa neza mujye mujya kurindagirira iyohirya sha.
>>
<<@IngabireGrace-g5x
says :
Humura chr ibyo byose bizashira nanjye byambayeho ubu ndera njyenyine naranabyakiriye numvaga ntazamubabarira ariko ubu naramubabariye naranabyibagiwe kd mbere numvaga nanakwiyahura senga Imana izabigukiza
>>
<<@havyarimanaalbert8369
says :
Fais ta vie numwana wawe,urekane nuymugabo,assume tes responsabilités, coupes les contacts avec lui. Iyo trauma ngo nuko utabonye papa wawe nayo,yivuze canke uyisengere ikuvemwo,wibuke kohari nabakuze batagira mama na papa ariko ntibaguma barira, ntivyababujije guterimbere. Laisse ton passé derrière toi et avance.
>>
<<@ZawadiGentille-q1e
says :
Iki kiganiro cyandijije ihangane mama uzabaho numwana wawe muzagera kure
>>
<<@VioletteHafashimana
says :
Karine ndumurundikazi ndagukunze cane gse ndifuzako twaganira
>>
<<@stephaniemurego
says :
Carine uri Umukobwa mwiza ❤humura amarira warize uzayahozwa mw'Ijuru harIMANA
>>
<<@zeno_derrick8709
says :
Impore nshuti nziza gusa nkunze ko utongeye kuryamana nawe ngo akumenyere cg agutere nindi nda❤ courage ma petite❤❤❤❤
>>
<<@zeno_derrick8709
says :
Sha nakunze ukuntu ari kurebera Rose hasi! 😂😂 komera mukobwa mwiza mw'Ijuru hari Imana itabara. Komera cyane❤❤❤
>>
<<@mukobanyaolive8099
says :
Pole mama birababaza kugushimuta umwana wawe mubwoburyo nanjye byambayeho
>>
<<@lbm3234
says :
Sasa niba iyo trauma iri réel? Afashwe kwivuza kuko ndabona azayitera umwana we. Jyewe sinumva ukuntu yaremye muri we agahinda ko kuba atarabonye se ako kageni kandi yivugiye ko uwo mugabo wa nyina yamukundaga cyane. Iyo uwo mugabo wa nyina amwanga, akajya amucyurira ko atari umwana we, rwose nari kumva agahinda afite kuko atabonye se. Ikibabaje iyo trauma ari kuyi transféra ku mwana! Ntibisanzwe.
>>
<<@lbm3234
says :
Nonese, nyina w'uyu mukobwa yabaga ari he igihe se wamureze ariwe wamurerega umwana? Ko yarafite umu papa umukunda, koko yajyaga he, umu type yaramukomerekeje, asize ababyeyi bamukunda batamutereranye? Jyewe ndabona uyu mukobwa yateguye drama aza kuvuga hano. Rimwe ati kubera kwiga nagiye mbona akazi keza, ubunfi ngo yabaye umu aide, ngo yameshe imyenda! Sinzi ukuntu iyi story numva ishandikiranye ahubwo azi kuyivuga ashyizemo amaranga mutima. Ahubwo iyo drama yuko atamenye, kandi yarabonye umu papa umukunda arashaka kuyiraga umwana we! Niyicare akore ahubwo afate se wamureze amukunze, amugire se, na sekuru w'umwana we.
>>
<<@lbm3234
says :
Ariko se uyu mukobwa, iwabo baramutaye? Ko wumva umugabo wa nyina yamukunze kuruta ma se atamenye, ko wumva nyina yaramukundaga, uwo mu mama watwaye kigali yamukuye hehe?
>>
<<@lbm3234
says :
Nonese yakubwiraga business, uri mw'ishuri utararangiza? Jyewe ndumva harimo ibidasobanutse.
>>
<<@carine-l9i
says :
Kd uriya mwana azagira ejo hazaza heza peuh!!!!!
>>
NEXT VIDEO
>>