<<@ROSETVSHOW says : +250788895761 ushaka kuvugana na Dismas. https://www.instagram.com/n._dismas?utm_source=qr&igsh=dXJwbDhzcDFpcTdt>> <<@thepower...525 says : Rose, Nukuri nkunda ibiganiro mukora pe!!! imana ikomeze iguhe amahoro; Gusa iki kiganiro gifitiye akamaro abantu bose muri rusange, ariko mwagihaye TITLE MBI, ntawabasha kuyiha umugabo we, yakwica pe!!!>> <<@odileimenyabayo1945 says : Rose mbona azikuganira pe!>> <<@DanaosJulius says : Abafite ingo mwitonderane.nta muntu kamara ubaho mu buzima,habaho umuntu w,agaciro.>> <<@DanaosJulius says : Uwo mugabo ni umwarimu mwiza pe>> <<@DanaosJulius says : Rose tv show,ufite chaîne ivuga ibikenewe.courage dada.pole pole ndiyo mwendo.ibiganiro byawe birubaka.wowe ntukorera amafaranga ukorera société ngo ibe nziza.Imana ibe mu byo ukora.uri uwagaciro>> <<@DanaosJulius says : Umutumirwa mwiza.urakenewe mu kwigisha ingo z,ubu>> <<@DanaosJulius says : Catholiques nitwubahwe.yezu nyilimpuhwe aturangaje imbere.>> <<@Bobns08 says : Une petite observation nuko ibi biganiro byabutse ninama byumvwa nabi aho kubaka bikazana negative spirit ishora abantu mukubona nabi urushako barimo. Mbikuye muri zimwe muri comments ziraha.. Murakoze>> <<@Cadette-p7p says : Mbega ikiganiro cyiza. Kubana n'abantu batavuye mu bwana ni ikibazo>> <<@ÉvangileduDimanche says : This Man is mature enough, Big up congratulations 👏>> <<@francoiseumutesi9742 says : Mbega ikiganiro cyiza,hari isomo p.>> <<@GertuldeMukashema-oh6sv says : Hari umuntu utemera ko mwicare ngo muganire>> <<@GertuldeMukashema-oh6sv says : Rose uri umuntu vraiment uzi akazi akora kdi neza merci beaucoup vraiment kubatumirwa uzana kuko ushaka kumva ahigira byinshi merci encore>> <<@myscaamar6275 says : Rose uzamugarure sibyo kdi rwose dukunda ibiganiro utugezaho>> <<@mariamsheisright3031 says : Plse Rose uzamugarure . Thank u so much cherie . Such an educational interview . Reka ata matiku yaha kumihanda . Usibyeko nayo tuyakunda ❤😂😂. Its abt balance>> <<@MariroseMukeshimana says : Nanje nitwa rose ndagukunda ndumurundikazi>> <<@1Trend-setter says : Ni ukuli kose!>> <<@jeantuyishimetvshow says : 🌹 u my teacher i learned lots about your channel but this special i can’t be husband boy anymore but i think I was but no more ❤️🙏💯👍🇷🇼>> <<@ingabirefrancoise14 says : Boys nibeshi rose we twicare twige pe thank you rose ubundi ni wowe wacu>> <<@uwimbabaziangelique6092 says : Ikiganiro kiza cyane❤❤❤❤ thank you>> <<@uwimbabazigeorgine194 says : Akantu uvuze niko pe cyane batwishyuza intwererano nkaho arideni tubarimo>> <<@INEZAGyslaine says : Mbana numuntu umeze gutyo neza neza, ahora atunga abandi intoki gusa, ahora murusengero, ahora ashwana nabantu, utuntu twose aradukomeza, akabigira ibibazo. Yooo,ubu ndasobanukiwe pe. Burya nawe siwe disi>> <<@mugabodavid3006 says : Real show; congrats! Gusa nkeneye gusobanukirwa impamvu yatuma nta shinja umuntu utera ingaruka abandi, kuko yirengagije inshingano nkana; mumbwire impamvu nta shinja umumtu wagiriwe ineza, hanyuma akitura inabi. Har'ibintu bishobora gutuma ubuzima busharira, kubera twabuze ubumuntu. None se ko some time gukebura bisa no gushinja, murumva ubuzima budahindutse uruziga? Imana n'abantu yaremye!!!>> <<@bizashira2108 says : Icyakora mbona uri mwiza wa mudamu we>> <<@grettaina1179 says : Rose n’umutumirwa sans commentaire vous êtes 👌👌 Murakoze caane🙏🙏>> <<@thaciennsanzimana says : Iki kiganiro cyatumye nsinzira ntinze. Ntabwo nashoboraga gusinzira ntakirangije. Rose ngukunze kurushaho Kandi Dismas ndamukunze cyane. Uzakomeze umutumire aduhugure!>> <<@elisabethmucyo3360 says : Wawuuu ikikiganiro nicyiza cyane ndagikunze>> <<@umubyeyiodile5575 says : Icyo kiganiro kindi turagitegereje ❤>> <<@umubyeyiodile5575 says : ❤❤❤>> <<@Ethan00477 says : Yewe barahari. Kuva ku wambere ukageza ku wagatanu ni social activities gusa, urugo ntabwo barwikoza. Ngizo baby showers, bridal showers, marriage celemonies, funeral services, mbese abana umusatsi n'inzara byarakuze birarabirana, nti wavuga kandi ube umugabo mubi murugo.uhungabanye uburenganzira😂, umwanda sinakubwira hose ngo baharekeye abakozi.harya iyo hagize umugabo ubigaya aba abaye boy?😂😂narumiwe.mutandukanye kuba boy cyangwa girl n'ubunebwe bwateye mu banyamujyi>> <<@rehematuwubuliza1472 says : Rose n'umutumirwa mwubahwe, kinkoze kumutima, ubu nubuzima abantu benshi baba yego, kubera kutisobanukirwa, courage vraiment mwubake imitima yabenshi❤>> <<@Uwanjyepamella says : Ubu hagize ukora share iki kiganiro kumugabo we ateye nkaba boys bageranayo😂😂>> <<@violettekarekezi3730 says : Uyu umugabo ni umuhanga Cyane, iki ikintu avuga cyo gufasha kuba ubushake atari itegeko ni akabazo tugifite muri Africa ariko mubihugu byateye imbere babyumva or babikora nkuko uyu umugabo abyigisha, your lift is in your hands, your the Author ✍️ of your own story so make it Good, ntamuntu uhitanye ko yakwimye ubuzima. Ibi bisigaye Cyane mubanyarwanda kwitega hukira ukijijwe nabandi nkaho ari itegeko.Rose wakoze Cyane kuzana umuntu nkuyu nibura akabwira abato Nawe kandi yakoze Cyane kutiga Iriza🙏🙏🙏🙏😘>> <<@clemencetengera5781 says : Hagize umuntu umpa number ya rose koko ko mukunda?cg instagram ye?>> <<@gumulisa says : Merci Rose, uzana abantu bafite ubwenge ❤>> <<@mukakamanziisabelle99 says : Wawuu ndabakunze cyaneee>> <<@DenyseTumukunde-yy5lc says : Mbega ikiganiro👏👏❤>> <<@NteziryayoPrisca says : Ntabwo ubeshye igitsinagore Ako kantu ko kwigereranya turakagira pe.ugasanga umugore araza umugabo we kunkeke kuko ashaka kwambara nkundi yabonye Wenda batanangaya ubushobozi.gushaka kubaho nkandi nikibazo kuko bishobora gusenya urugo>> <<@deborah-vj7dc says : Rose murakoze kubwicyi kiganiro nkuyemo isomo rikomeye 🎉🎉🎉>> <<@deborah-vj7dc says : Mbega ikiganiro cyiza cyubwenge>> <<@charleskanyegeri3679 says : Wambara bien sana kandi nkunda n’ukuntu umugabo wawe yitonda>> <<@charleskanyegeri3679 says : Ariko rose ibiganiro ukora biraryoshe>> <<@Consolee-wz1ur says : Woow interview irimo ubwenge byinshiiiiiii Rose wakoze cyaneeeee kutuzanira umutumirwa wumumaro uzamutumire ubutaha>> <<@blessing80 says : Emoji ireba kuruhande iransekeje 😂😂😂😂. Uyu muntu azagaruke rwose, avuga ibintu by'ubwenge. Reka nfate notes>> <<@drocelleurayeneza1757 says : Uyu mugabo SI imuhanga gusa Nini inshuti nziza akaba nu Kristu mwiza>> <<@johnson5524 says : Rose urakoze kubaza Icyo kibazo cyiza twumvise young girls women,uwo mupapa afite experience mubyavuga.>> <<@uwamungujoselyne4215 says : Mubona ukuntu Rose azi ubwenge aturebera ibiganiro bidufitiye akamaro IMANA iguhe umugisha Rose mwiza❤>> <<@ElamyEli says : Ikiganiro kiza cyanee❤>> <<@m.a7605 says : Aba girls se konumva ahubwo arabanyeshyari🤔>>
VideoPro
>>