<<@RUGEMAPatrick-o6h
says :
Bsr mukomeze umuhamagaro kuko,benshi bazabagaya ariko bake babashime Aho muzamenyako Ari saw ,kuko icyogeje imbere y'abantu imbere y'Imana ni ikizira courage bavandimwe.
>>
<<@aliniyonsaba9763
says :
Komeza ubeshye injiji zabachristu zitabona ukuri ko america na isreal ataribo anti christu barwanya abemeramana bukuri muri middle east barenganwa na zionist isreal na america . Gusa nzi neza nta muntu wemera yesu byukuri utababazwa na maraso ameneka muri palestine libani iraq syria na handi muburasirazuba bwo hagati bazira kuba baremeye imana kakanakurikira inzira yayo . Ese kuki mutibaza impamvu sekibi america na isreal ikomeza kurwanya abakurikiye muhammad na yesu ese sibaba aribo bagandukiramana nyabo
>>
<<@NshunguyaseFils-c7l
says :
Yooo
>>
<<@rinoedit-o7g
says :
Nkawe niwowe wi indoctrinating abantu ubabuza iterambere k imbere Ari habi uzana amahanuzi yamafuti k Ariyo mpanvu Africa tutanatera imbere, ibyo byagakiza byose byahimbwe nabantu kuza Kwa anti Christ nuko abantu bazasobanukirwa k babeshywe igihe kinini
>>
<<@rinoedit-o7g
says :
Usibyeko nawe ntabwenge ugira ABA bantu bari kwirengera biciwe abana biciwe abagore babuze imiryango nawe uza ubita ibyihebe? Ibyihebe nabaterabwoba ni América n'a Israël, Israel igomba kuryozwa amabi yayo
>>
<<@AzariaHakizimana
says :
Azaria ikarongi ndabumva
>>
<<@MullaRDevZ
says :
Toka kule wagiswa we hhhh ikigabo kuvuga ubusa
>>
<<@HarindimanaTheoneste
says :
❤❤❤❤
>>
<<@DamasceneJean-yi6hs
says :
Musisi mukunda kubi mwa
>>
<<@FiacresonJames
says :
I Love Musisi together with Luc Imanibakomez💪💪
>>
<<@FiacresonJames
says :
I Love Musisi together with Luc Imanibakomez💪💪
>>
<<@KabayizaStephen-yc7yb
says :
Pastor ntabwo wabuza abavuga kuvuga twe turagukurikira biradufasha cyane kumenya aho Isi igeze.
>>
<<@ShaffiRubera
says :
Uyu mugabo afite ubumenyi ariko sinzi ubukristo bwe ndumva butandukanye kuko abo arwanya ubukristo nibo babuhagarariye Iyo uza kuba uri uMuslim uba warishwe
>>
<<@bimenyimanaeric8340
says :
Uwiteka abahe umugisha
>>
<<@DianeMutesi-s5m
says :
Ntucibwe intege nabatabyumva kuko bazigwiriza abahuje nirari ryabo
>>
<<@byiringirogedeon4891
says :
Uwo mugabo utazi ibyamahembe 10 Nuko kamwe karanduye atatu kuva mbere gato ya 538 AD bikaba ariko bikimeze nubu kandi nkuko ihembe risobanura ubutegesti, Niko ibyo bihugu uko ari 10 bigifite power kugeza nubu nyuma yuko iyo nyamaswa ubu yakize uruguma ariyo butegesti bwa papa. Ibyo bihugu 10’kandi Byose by’iburayi bizaha powere yabyo USA Niyo mpamvu nubu ariko mubibona niyo nziza niyo maherezo. Uwo mu papa rero akeneye gusobanuza kandi nanjye ndahari namufasha abishaste. Dukeneye kubwiriza ubutumwa bwiza bwubwami kuko Yesu ari hafi kugaruka
>>
<<@kwizerafred3536
says :
Murakoze cane turabashimiye
>>
<<@Uwasealia-123
says :
Pastor Imana ikubabarire pe niba koko warize Quran ntiwarukwiye kuvugako ntakintu kirimo
>>
<<@richardhateg8662
says :
Kumumyi uri umunyabwenge kuko wize geography na history. Nayo ubutumwa bwo ntabwo bugira Marayika wewe wigisha ubwami bitagira amategeko. Yoh14:15 Nimwankunda muzakomeza amategeko yanje. Ntabwo wakunda Uesu urwanya amateko ye. Kandi ihera kuri rwiwe nyene ikubahiriza ikinyoma c'abaromani bo kwa constantino. Pole saana udahinduye ugusha beshi.
>>
<<@J.D.B.H
says :
Past bivuge tumenye uburiganya bwumwanzi nabambari be,
>>
<<@J.D.B.H
says :
Erega kugwiza abayoboke ninko kugwiza ibicuruzwa mwiduka kuko nibwo inyungu yiyongera! Umwami Yesu ashyirwe hejuru Yabyose
>>
<<@SiboniyoHamed
says :
Nukuri twahishwe kera erega vyiza Muhabwe umugisha n'Imana pastor Ibindi byo Abantu bo ntawabashobora Uwiteka adukomereze mu buntu bwe Tuturabakunda
>>
<<@benjaminimanishimwe1848
says :
Imana ishimwe! Muvuga ibyafasha abantu ariko kuko ataribyo satani ashaka bituma utagira aba subscribers benshi. Ibi nabyo binyereka ko ibyo muvuga arukuri. Gusa mukomereze aho natwe turahahagaze nk'abaporotesitanti nyakuri .
>>
<<@nizeyimanajeanpierre3238
says :
Suhuza Pastor Musisi turamukundacyane ibyo muvuga n'ukuri Matato28-16-20 harimo inkingi ziridwi 1 guhamagarwa2gutoraywa3kwigiswayesaya50-4 abantu ntidushaka kwiga kdi kwiga ninkingiyagaciro 4guhinduka Ruka22-32 kdi umuntu kugirango ahinduke nibyoyigishijwe kdi uwahindutse ASA nuwamuhinduye 5kugwizaimbara Ruka1-80(1 samwer 2-21)6kugenda harabantubenshi bagenda batarahindutse ahubwo barahindukiye bahindukiranye nibyabo byibyaha 7guhindura utarahindutse ntiyahindira abandi Imana❤❤❤❤❤❤ ibanenamwe ibanenamwe
>>
<<@nizeyimanajeanpierre3238
says :
Yesu Kristo w'inazareti nashimwe nitwa Pastor Nizeyimana jeanPierre nkunda kubakurikirana mubiganirobyizabyanyumuta Imana ibahe umugishamwinshicyane
>>
<<@karirekinyana9759
says :
Mutubwira izina ryiyondirinbo ukumuntu yayishaka kuri you tube ndayikunda🙏
>>
<<@SibomanaFelix-n4j
says :
Mwaramutse musisi azadushakire igitabo2 cya ezra
>>
<<@duhimbazimanajoel395
says :
Birakwiye ko isi irangira kuko ikabije gukora ibyaha no kwanga Umuremyi
>>
<<@GilbertBARAKADADA
says :
mwaramuts nashaka mumbwir ingene nokurikirana uwo bita john bosco uyo afise ikinyamakuru bita dabuko
>>
<<@ViyaneKiki
says :
Ariko uzinginge musisi mukore ibindi biganiro bishya turamukumbuye cyanee hano kuri ayaroni kuko ibi murikuzana bimaze igihe ariko turabakunda cyane❤❤
>>
<<@peninnamuller9502
says :
Ayo makuru y’isi muyageguze iyo muyavuga kuko na média zisanzwe n’ibimenyetso tubona, tubanwo, birahagije ngo tumenye amakuba adutegereje. Muze rero tuvugana Yesu dushize amanga, niwe uhambaye kandi Intsinzi niyacu. Semerera abataramenya Yesu bamumenye ukwari , icyo biblia itumenyesha mukwirinda satane nabambari biwe. Yesu atugirire neza. Amen
>>
<<@karyuryujeanmichel
says :
Musisi you are right 100%
>>
<<@EmmanuelDusabimana-zj6lh
says :
Musisi uzadushakire ubushakashatsi kwifaranga ryitwa"PI network
>>
<<@kayihurajohn7347
says :
Turikumwe bakozi b,Imana
>>
<<@alphonsekarangwa1756
says :
Ibintu uvuga nukuri rwose.kuva natangira kukumva narahumutse kuburyo ibiba byinshi muri ikigihe bibiliya byose yarabyerekanye
>>
NEXT VIDEO
>>