<<@ROSETVSHOW
says :
Ushaka kumuvugisha :0788681075
>>
<<@UmulisaFrancoise-f1c
says :
Uyu mugore akeneye gufasha akabona diplome ye akishakira akazi ubundi agasiga icyo kigoryi cy'umugabo
>>
<<@angeliqueuwase6354
says :
Uwo mugabo mureke pe kiza ubuzima wae
>>
<<@Emanuella814
says :
Ariko uru rugo sinaruramo apuuuuu
>>
<<@nadiadushimimana5401
says :
Urwango umugabo wawe yali afitiye uwo mwisengeneza wawe si gusa ubanza yaramusabye umwana akabyanga
>>
<<@nadiadushimimana5401
says :
Uyu mudame ali forte cyane,uburyo yahilimbanye mubyo kubaka inzu,kera twakuze ibyerekeye ubwubatsi bikorwa na ba data ark ubu abagabo benshi baregamye niba aruko babita ba bébé 😂😂😂😂
>>
<<@fannyumulisa8791
says :
Mureke umushuke ugurishe ushake akazi I kgl numara kubona mutation umwimuke uwo sumugabo nitesha mutwe azakubabaza birenze aho
>>
<<@judithbabyeyi9735
says :
Pervers narcissique aragucanga ugahora wizengurukaho. Nta terambere kuko ibyo ukoze byose arabyica bikaba échec. Murekure rwose cyane ko wamumenye uwo ntcyo yakugezaho . Umuntu ukugira atyo we najya kuguta azaguta agukoreye ishyano cg unahasige ubuzima. Vamo muvandi nubwo gusenya bibabaza ariko urwo rurutwa nurutariho. N'uwo kugukerereza
>>
<<@Yannickmovies-f9z
says :
Yeweee wa mumama we ugira umutima ukomeye, ariko pole wahuye na sekibi, umuntu umushakiye akazi ngo mutere la mbere ariko yamara kubona ifaranga akifata gutyo! Mureke azabona, umunsi isi yamuhindutse ntazibuka ko yayinezerereweho, ariko ndi wowe urwo rugo naruvamo ntakiza kirurimo, rurimo umuvumo wibyaha, abagabo nkabo babaho njyewe naratekaga nkanabagaburira umugabo wanjye nundi mugore, naba ntaharaye uwo mugore akaza kurara kuburiri bwanjye, nabonye nzahasiga ubuzima ngapfa ntirereye abana mpitamo kuruvamo ndigendera ubu ndi kurera abana banjye muri dukeya mbona
>>
<<@umutoniangel8075
says :
Oya wikwifashisha financially ahubwo haguruka uve mururwo rugo uwo mugabo ntakintu akumariye ahubwo niwowe umugize ese wowe wamushakiye akazi ngaho warubatse ngaho ibiki nibiki ufite ubwenge ark ntushaka kumuvaho
>>
<<@umutoniangel8075
says :
Wavuyeyo c
>>
<<@inor8458
says :
Mubyeyi mwiza uwo si umugabo pe. Ntacyo akumariye nushake wake gatanya wimenye umenye nabana bawe. Sinon azanakuzanira ibirwara murugo. Ako gasuzuguro non non et non
>>
<<@IcyangweAnalyst
says :
Wamubyeyi we nutagenda hakiri kare uzagwa muri urwo rugo.icyiza nuko wafata icyemezo hakiri kare nukuri basigaje kuzakwica pee!
>>
<<@niyonshimagenevieve7886
says :
Ariko uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera koko mbega umugore witonda uzi no gukora ashaka iterambere ryumuryango umugabo akamupfusha ubusa benakakajyeni😢 yewe wamubyeyiwe ihangane mbuze icyo nkubwira warahuritse gusa ubanza numugabo wawe aroze uwo mugore yaramuroze kbs
>>
<<@mutabazialoys6191
says :
Ntibyoroshye
>>
<<@kalisainnocent3
says :
Ark kuzi gukora ko wize kowabyaye umugabo nkuwo udashobotse iyumuharira uwo wamugutwaye ukimenyera izawe nurubyaro rwawe mbega umugabo nakumiro
>>
<<@susurukatv1579
says :
🥰🥰
>>
<<@fabricetwizeyimana2808
says :
🥰🥰
>>
<<@josephineniyobuhungiro
says :
Birababaje cyane ,nibyo koko warihanganye,ariko uwo su mugabo wo kugumana nawe . Agasuzuguro kaabi kajoga inyo. Ufite akazi kawe Nicyo gituma ugomba kumubisa , ko uko nubundi ntacyakumariye nagato. Imana igushoboze kuko icyo ni ikigeragezo kitoroshye.
>>
<<@iyiteho
says :
Va muri urwo rugo di!😢 Atazakwica😢
>>
<<@donathnyirasabwa
says :
Uwo mugore niyongeta kuza iwawe uzamwereke ubuyobozi umushyire kumugaragaro guhera mumudugudu kuko bazakuroga upfe.
>>
<<@stephaniemurego
says :
Madame naguteze amatwi,igisibizo nuguhunga utazapfa Abana bagasigara ari imfubyi😢
>>
<<@stephkay7997
says :
Rose nukuri uzashake team yawe izajya ifasha abantu nkaba. Kuko iyi ni abuse irenze pe, sinumva nukuntu ubuyobozi ntacyo bubikoraho?
>>
<<@ByukusengeJesca
says :
Komera bireze Ingo nihatari
>>
<<@lillyumulisa9056
says :
Impore mama. Imana iriho izaguhindurira amateka. Ariko ntarugo ruhari n'ihohotera ukorerwa waruvamo. Ugatangira ubuzima bushya.
>>
<<@samsungmobile589
says :
Niba koko ibyo uvuga ari ukuri utongeramo amakabya nkuru , vamuri urwo rugo , hunga udapfa .
>>
<<@UmubyeyiMarieClaudine-z8s
says :
Ariko rose agira utunwaa twizaaaa❤
>>
<<@fannymbabazi695
says :
Ariko Manaa!!abagore bararushyeeee
>>
<<@mukamishafridah2144
says :
Ubuse mama ko ubivuze koko urasubirayo namakosa wagombaga kubishyira hanze mutakibana🤭🙈
>>
<<@SageAcademiaLtd
says :
ufite inkuru y'ubuzima bwawe ushaka kwandikamo igitabo, ufite documents runaka ucyeneye kwandika kinyamwuga ku buryo aho uzazijyana uzabona umusaruro wifuza, ufite interview iyo ariyo yose ukaba wifuza kuyitegura neza ku buryo uzahatambukana umucyo, nawe ushaka kumenya uko wakoresha neza amafr winjiza utiyimye kdi udasesaguye ukabasha gutera imbere. nyandikira kuri; zer karindw gatat, iminin ibir, cum n' gatan, kabir ebyir, rimwe. cg ukande kuri iyo foto urabonamo uburyo twavuganamo. Murakoze
>>
<<@IngabireRose-ge6nf
says :
Courage bazina uri mu kazi
>>
<<@ElizabethNyiramajyambere
says :
Rose ndagukunda cyane kubera ukuntu Utuje nifuza kuzahura nawe kuko ushobora kuba watanga inama nziza
>>
<<@muhireherve078
says :
Rose❤❤❤
>>
<<@ishimwec3886
says :
Abagore bahura nimiruho😢 Rekana niyo ngegera kuko nubundi uri mu ruziga uhora utangirira kuri zeru yakwishe uruboozo, Sha Imana imfashe uzabone iyo degree hanyuma urere abana, nukuri uzabaho kd Imana izagufasha❤❤❤ Nukuri gutanga ni bibi, ark aho kubaho ubuzima wikoreye amaboko mu rugo rudafite ishusho, wabivamo Imana niyo igenza byose❤❤❤❤❤ Komera
>>
<<@KizereKizere
says :
Ese ubwo akwishe waba utizize ubwo urumva ufite umugabo wazijyendeye
>>
<<@mim2686
says :
Mutandukane
>>
<<@ErnestineNiyonsenga-oe8fi
says :
Rosse ukora akazi kawe neza Urumunya mwuga ndagukunda cyaneee nibyokoko umuntu ashobora gusangiza abandi umubabarowe cg ibyoyaciyemo abandi kuko harabo byaha amasomo meshi atandukanye Cg nawe bikaba byamufasha muburyo bumwe cg ubundi Bitagombeye gushyira isuraye kuri camera Uwiteka ajye aguha umugisha❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@IsaAnge-ei9gy
says :
Mana we! Wa mudamu we sinkuzi kd gusenya ni bibi pe! Ariko iyo umugabo icyo akoze cyose umwereka ko witonze hari igihe bituma arushaho kugukandamiza! Rwose nugira Imana ukabona ako ibyangombwa bakakuzamura mu kazi. Uzasabe divorce pe! Witunge n'abana bawe. Kuko ikigaragara cyo uritonda cyane nicyo gituma akomeza agufata uko ashatse
>>
<<@AGACIRO1980
says :
Ni ukuri komera pe.ariko uwo muntu wita umugabo nta kigenda rwose. Ibibazo ufite ndabyumva pe.Ariko abantu dukurikirana Rose TV SHOW twafasha uyu mubyeyi.
>>
<<@umurabyochannel
says :
Chr warabyibushye umeze neza ❤❤
>>
<<@violettekarekezi3730
says :
Uzave muri Abuse , uwo umugabo ugukubita ntakugaburire, akagusuzuguza asambana nabaturanyi et… koko wamuvuyeho ko uzi gukora. Tabara ubuzima bwawe kuko ntiworohewe. Rose Imana Ujye iguha gukomera ibi ibyose wumva bifite ingaruka❤️💐
>>
<<@violettekarekezi3730
says :
You’re hard working Girl ❤
>>
<<@li7652
says :
Ubana na pervers narcissique, igisubizo ni ukumureka Kuko ntateze guhinduka. Icyo ashaka ni ukukubabaza. N'iryo habara rye babanye niko yamugira. Mucike ukize ubuzima bwawe.
>>
<<@nshimiyimanaemmanuel9351
says :
Mana we! sha ihangane kdi ukomere lmana izimpamvu yabyose komera uzahozwa byambayeho nanjye rurasenyuka arko nifitiye ikizere.
>>
<<@Bonamipodcast
says :
Indi nkuru ingumura yegoko Mukiza😢 Ese ubu abatavuga bimeze bite ???
>>
<<@AdidjaNshiminirimana
says :
Pole saaana mamy imana izakuregera
>>
<<@iadeclementine5604
says :
😢😢😢
>>
<<@TheodetteUWIZEYEMARIYA
says :
Komera mubye
>>
<<@tuyisengelucie9508
says :
Ihangane mama
>>
<<@Umulisa1991
says :
Rose nkunda ko uha umutumirwa umwanya nkunda ubuhamya utambutsa❤
>>
NEXT VIDEO
>>