<<@ROSETVSHOW
says :
Ushaka kumuvugisha 0783505241
>>
<<@MukamusoniJeannette-j1p
says :
Ariko ijwiryawe ntirisohokaneza
>>
<<@GIRAMATABerthilde
says :
Hi, ariko mujye munatuzanira imiryango ibanye neza, cyangwa abagore bagize umugisha wokuba murugo rwiza batuganirize, kuko izinkuru harabantu zihahamura peuh, gusa nihanganishe abantu bitameze neza murugo bizashira, icyindi Imana ishobora byose kandi ihindura amateka,
>>
<<@DusabeJacky-sx7zp
says :
Uwumva ko uyumugabo yannye uyumugore nkajye nanyihere like 😅 ngo ibintu kumabati ngo namahembe 😢😅😊😢
>>
<<@nshimiyimanaemmanuel9351
says :
Arko njyewe ndumva nawe waragiye ugira uburangare cyane kdi uvuga byinshi nibitari ngombwa .
>>
<<@GisoziShop
says :
Uyu mwana disi yarababaye, no mu ijwi birumvikana.
>>
<<@RukundoVenuste-n2n
says :
Life is not balance,,gusa imana isimpanvu
>>
<<@Blessedjosh-n8b
says :
Imana igutabare kandi nubwo lmana isubiza itinze nsenga lmana niyoyategeka abantu kugutabara
>>
<<@RosaMahoro
says :
Nonec niba numvise neza ikiganiro watubwiyeko ariwowe usigaye umushakira igishoro? Warense kwihambira nutwo duke ufite ntukomeze kutumuha wagiye gufonda ubuzima bwawe numwana wawe? Aka kanya urikwibaza ngo wibanye waba indaya kd uzi gushakisha umuntu wese usenye ntago igisubizo arukujya kunywa inzoga cg ngo ube indaya kuko uwo muntu mubana nuwo kukwica urubozo ntamugabo umurimo ni bwa kbs ufite agahinda kakurenze kd urumwana muto rekana nibyagusize utagire ubuzima bushya usenge Imana igufiteho umugambi mwiza vaho uzwi ujye aho batakuzi utagire ubuzima bundi nukuri ntarugo ufite uko uguma kwihambira niko uguma gukomerensa umwana wawe kd niyo zahabu ufite niwe muryango ufite niwe uzaguhoza ayo marira rero muvane murizo mvururu umujyane kure
>>
<<@ma_jo_r1
says :
Afite Trauma-Bond... Nibintu bisanzwe kubaVictims b'abagome nkabo. Bakora ubugome nkubwo bakagukomeretsa ejo bakihana bakaba abana beza hanyuma izi nzirakarengane zigahera murungabangabo yibaza ko ahari bizagera bakabana neza. IMANA imukomeze.
>>
<<@ulouise1
says :
@rose, you r a very talented. I like your active listening. Uba rwose ukurikiye umutumirwa wawe. Your empthy is on an other level. Abandi baba bashaka kwihuta and they rush their guests. Bravo
>>
<<@Odette-b9y
says :
Kuki wihambira kurico kigo 2:15:12 ryi ngo n'umugabo ?waciye ubwenge ukironderera imibereho n'umwana wawe ntiwabaho?
>>
<<@amashimwemanzisabrinne1005
says :
Mbega inkuru😭😭😭😭 birandenze pe komera mukobwa W’Imana
>>
<<@graceuwisanze7387
says :
Akokabazo kijwi mujye munwamazi ukuvuga biroroha
>>
<<@rwandarwejo7760
says :
Sorry to juggle you Gusa ibi bazo binwe nabinwe mubigiramo uruhare kucyi iyo ubona umugabo adaahobotse ugataba nawe ukabona utangiye kwegura umutwe kucyi utamenya ubwenge ngo uvuge uti niyo yagaruka reka nikorere nawe yirwane ho Umugabo nakunanira ujye umenye ko nntacyo wakora ngo ahinduke mureke cg se wemere kuruha
>>
<<@ishimwec3886
says :
Rose ndagukundaaaaaa Très Mignonne, intelligente, intellectuelle, bonne, belle, elegante Simpaga kukureba nukuri, Ukwiye ibyiza gusa❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@MahoroGentille-g2m
says :
Uyumubyeyi disi yararenganye ihangane yesu womwijuru agukomeze
>>
<<@gashugiuwayesu.j4475
says :
La Mignonne Rose...ndagukundaaa peeee...ntabwo njya ndambirwa kugutega amatwi. ubundi sinjya nkora "Subscribe" ariko kuri wowe ndayikoze 🥰🥰🥰😍
>>
<<@IsaAnge-ei9gy
says :
Mana we komera wongere ukomere , yesu agukomeze kuko niwe wenyine wagukiza agahinda! Ikindi kandi icyo kigabo uzakireke burundu!! Uzatangirire kuri zero kd byose bizagenda humura
>>
<<@hirwannelly
says :
Komera
>>
<<@muhireherve078
says :
Rose❤❤❤
>>
<<@IngabireRose-ge6nf
says :
Aha si urw,umwe nari nziko arijye uba mu isi y,ibibazo none ndumva mfite abagenzi
>>
<<@Dative109
says :
Mana Tabara uwomwanawumukobwa arimukigeragezo kutamworoheye araremerewe mukuremubibazo arimondakwinginze
>>
<<@habimanajeandamour4703
says :
Camera man akunda Rose ibaze ko camera igaragaza Rose 😂😂
>>
<<@Bethinajeanne
says :
Jye rero inama nakugira senga bitarabyikigihe byanyirarureshwa kuko ndunva mumuryango wanyu harimo ibintu bidasobanutse kuko guphusha 4 wikurikiranya ntibyoroshye kuko niba ntibeshye wavuzeko habanje gupha abana babiri hakurikiraho papa nana mama urunvarero ikindi wavuze ko mamawawe umuryango yashatsemo utamukundaga none nawe byaragukurikiranye rero iyo nikarande kd karande izirana nabaphumu nubupagani ikintu cyonyine wakora bana nayesu isahakuyindi nawe bitazagukenyura kuko buriya umugabo wakubwiyengo abayarababaye ngo yanakwica ubundukabona yatangiye gutahana icyuma chr humuka atazakwica kd ataruko akwanze ahubwo iribyobitabi nimyuka mibi bimukoresheje rero nubwo bitoroshye kugendera kure umuntumwabyaranye ariko wagerageza kbx ukamwimuka kuko nokugukunda ntagukunda nawe wamwihambiriyeho nkuda fite amaboko kd bituma nawe ubwawe akuburira agaciro kuko ntakubawihaye nibumuntu yitwango numugabowawe akaba ada shobora kwifuzako haricyo wageraho ngaho ahantuhose akaguteranya uwo sumugabo ufite ahubwo numwanzi ufite rero ikintu nakubeira ntamuntu uhora wishimye mubuzima ibihebibi bitugeraho nkibyo wahuye nabyo ariko isengesho riherekejwe no gukora nicyo kibanze nge nunva wagerageza kuko kujyugenda ubwiribibazobyawe umuhisinumugenzi uzingo araguha ubufashabwamafaranga uzabikomerekeramo kuko abantu barababaye chr wajye gerageza akarimo kamaboko ikindi igihe cyose utaratandukana burungu nuwomugabo uhorugusubizinyuma ndabona uzahora mumarira ariko pore sana urimubihe bitoroshye najye nabiciyemo bindenze ariko jye icyaphashije nukureba uwonganiriza akantega amatwi byatumye mbivamo neza abantubose sibabi nubwo umuntu ataguha ubufasha bwamafaranga harigihe ubukeneye umuntu aguhinama ikakuvana ahantu hamwe ikakugezahandi rero ntukigunge
>>
<<@angeliqueuwase6354
says :
Rosa wibagiwe gushyiraho number yiwe
>>
<<@angeliqueuwase6354
says :
Icyo kivangundu cy' umugabo ntikizakugarukire murugo nubundi ntakintu kikumariye nicyo kuguteza ibibazo gusa uzamwerurire umubwize ukuri umwirukane
>>
<<@habonayobonaventure7817
says :
Ndakunda cyane ibiganiro byanyu mukazobishobora. Murampamagare ntange impanuro
>>
<<@bernadettemukahirwa7600
says :
Akaza ukamuraza mu buriri bwawe wowe ukarara muri salon muzasuburana tu
>>
<<@astherie3138
says :
Siste urabona ntaruhari ubifitemo icyambere kwishyingira ababyeyi batabizi koko mwabana babakobwa mwe mwagiye wihagararaho koko
>>
<<@kaweraoliviette9756
says :
Rose ndagukunda gusa
>>
<<@ChantalIngabire-gs9dd
says :
Esubwo ,uwo nyokobukwe nawe niba yarabyaye abakobwa yanezwa nuko babakorera ibyo,yagukoreraga,akebo kajya iwamugarura ,impore ma Imana izakugira neza ,
>>
<<@Irenamuvandimwe
says :
Uwomubyeyi ndamuzi kbx arakomeye ibyo avuze nibike gusa be strong ❤️❤️ nintwari
>>
<<@Irenamuvandimwe
says :
Ihagane mwana wama imana izakubakira neza niyo imana yakubabaza ntiyakubabaza iteka rose nukuri urakomeye pe ndagukunda cyane ni prospeline duwambere ucyumvix kbx❤️❤️
>>
NEXT VIDEO
>>