<<@MukankusiEpiphanie-r4l
says :
Abarimu n' abanyeshuri nibamara kwiyumvamo nk' uko buliyumvamo Ikinyarwanda, ibitemeraga nibwo bizemera, nibwo kubigeraho bishobora gusaba ibikorwa nyinshi ndetse n'igihe runaka kitahita kemezwa ubu. Birasaba gutata INGAMBA NSHYA ntakujenjeka zigashyirwa mu bikorwa ku mpande zose, Professor wanyigishije Secondary yatubwiraga ko ' Professor atanga 60/100 naho umunyeshuri akiha uruhare rwa 40/100' =Gusubira mu masomo yigishwa ,rero nihabaho Gusenyera umugozi imwe byose bizemera.
>>
<<@OG-pu9gf
says :
Mwasanzeko ibintu bya 2 principal pass bitari byo knd byibaga benci kuko kunganya numuntu amanota cg ukamurusha ark ekemererwa kwiga university umwe undi bakamwangira ntibyari bisobanutse knd university umuntu yakwiga ibyo yatsinze neza singombwa kumuhatira gusubiramo ibyamunaniye knd hari ibyo yatsinze neza cyane. Mugakosore akakantu vuba niyompamvu faculties arinyinci muri fields nyinci zitandukanye burumwe agomba kuba professional mubyo yize yumva neza yabasha, murakoze.
>>
<<@OG-pu9gf
says :
Nigute umuntu wabonye diploma ufite pass yasubiranamo kwiga nuwayibuze akaba unclassified? Ubwo c umuntu yakorera diploma na pass kangahe wabwira umubyeyi ko ugiye gushaka diploma yakangahe??
>>
<<@munyabuhoroonesphore3522
says :
Basic Numeracy and literacy is serious problem in our education. Minister something must be done in primary because primary education is the foundation of every things.
>>
<<@munyabuhoroonesphore3522
says :
Ndi umwarimu mu mashuri yisumbuye. Abana twakira muri iki cyiciro, nta bumenyi bw'ibanze baba bafite, bikaba imbogamizi kukubageza ku rwego rwifuzwa.
>>
<<@JadoMana
says :
That's only fantastic
>>
<<@ElyseeRugwiro
says :
Minister courage kukazi keza Muri gukora. Wenda barumuna bacu nabana bacu ntago bazahura nikibazo twahuye nacyo. Ireme ryuburezi mubigo byareta ryari rimaze kujya ahabi pe cyane cyane primary.
>>
<<@habimanahassan3059
says :
Icyongereza ntabwo ari ururimi rwacu, kuki mwumva ko abantu baruvuga nk' abongereza?
>>
NEXT VIDEO
>>