<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtube.com/@mamanmignonneofficial?si=QW8LRd1QjKVxOYTW ushobora gukurikira ibindi biganiro byiza bye hano 👌
>>
<<@KangataValence
says :
Yooo ngumuhamagare yesuwe wari wahumgabanyesha komera nanjye nabi menyereye ntinze numuryangowe uratwanga nataye umutwe byo gusara
>>
<<@KangataValence
says :
Mama munyoni komera .ndimujyenziwawe napfakaye tumaranye11 imyaka umuryangowe waranyanze nabaye nķumusazi yesu we nyine bavugako ubatwarira abagabo
>>
<<@catherinem9765
says :
Uyu mubyeyi atanze impanuro nziza. Imana imuhe umugisha ❤
>>
<<@Carineeu
says :
Rose bien habillé … Tu est trop mignonne ❤
>>
<<@janenshimiyimana2924
says :
Mpole mubyeyi mwuza uvuzukuri abanysrwanda bazikuvuga batitangiliye na gato Imana iduhe kuvuga tubanje gutekereza
>>
<<@claudinebyiringiro15
says :
Uri mwiza
>>
<<@ManirahaJeandeDieu-un5gq
says :
Mm uranyubatse nkugiriyeho umugisha imana ikomeze kubagura
>>
<<@Bsta-3a
says :
Rose wamugaruye uwo mumama Koko ndagusabye sibyo
>>
<<@beatricemukamurigo8753
says :
Jyewe bamwishe muri genoside Ariko ndakunva komera shuti
>>
<<@beatricemukamurigo8753
says :
Impore imporeeeee , ndakunva icyo gikomere jyewe nkimaranye imyaka 31 kandi yagiye tu maranye imyaka 10
>>
<<@Icyishatse25
says :
Ko hari abagore batuza kandi bafite ubugome Bitagira ingano
>>
<<@Icyishatse25
says :
Hari cyera weee😝🤪
>>
<<@Icyishatse25
says :
Imana igukomeze shenge ! Birakomeye Cyane
>>
<<@consoleemukamuligo4821
says :
Ihangane sha
>>
<<@consoleemukamuligo4821
says :
N’igikomere kidakira habe niyo washaka gihoraho iteka ryose
>>
<<@ayijac7740
says :
Ba nyiramwiza ndabakomeje 😀
>>
<<@ayijac7740
says :
Yewe pole sana pe, birababaje
>>
<<@BLT250
says :
Maman Mignonne mwiza turagukunda ❤
>>
<<@muroramary3019
says :
Iyooooo mbega umubyeyi ufite impanuro nziza! Imana igukomereze amaboko mubyeyi mwiza. Imana izagushumbushe shenge kuko uracyari muto.
>>
<<@Justflower264
says :
Pole sana mama, ibyobintu nukuri bibaho.
>>
<<@Nyirakajuguma_alice
says :
Maman we ndakunva cyaneeee tubicyamo cyane imana izaturengera
>>
<<@GraceKankuyo
says :
Ooooh, pole sana Maman Mignon!!, useka neza cyaneeee, imfura cyane kbs!!
>>
<<@nyiramukirediamant1132
says :
Maman mignone,mbona ujyuvuga ijambo ubanje kuritekerezaho.urumumama wumunyabwenge rwose.ndakwemera mubitekerezo utanga.ibyuvuga nukuri,gukubitwa urushyi mumaso ryatukura uti warirwaye.
>>
<<@villagelife-c6v
says :
Rose wacu ,Imana ishimwe ku bwawe njye mbonye ko vuba uzitwa Maman bebe vuba pee Imana ikuzigame 💓💖💝💘
>>
<<@UwantegeJoyce
says :
Impore maama,Imana niyo yonyine yo kudufasha,njye ndakunva cyanee,njye maze 16 pfakaye,sinarwaje ahubwo yagiye asezeye nkuri butahe nimugoroba,nuko agwa mukazi,nsigarana abana 4 turi mubukode,ntakazi mfite, ayiweee,ibyo byose uvuze,binyibukije ibyanjye,nomuri colali ndaririmba ariko sinisanzura mbese ibikomere,byatumye ntekereza kongera gushaka,ntago byoroshye Imana idukomeze
>>
<<@nyiramukirediamant1132
says :
Burya ubupfakazi butuma umuntu yakwitekerezaho,uko batagutekereje.byukuri nibajye bababa hafi cyane. NB.ariko se kombona ukiri muto buriya habonetse ukwikundira mugakundana ntimwakwongera kurushingana ra?
>>
<<@nyiramukirediamant1132
says :
Maman mignone.byukuri ushingiye kuribenutwo tugambo tuvugwa nabantu,byagushyira mugisa nakato,ikindi bikagutera complexe.
>>
<<@violetkabarenzi8102
says :
Komera muvandimmwe kubabaza ubabaye nibyo nubugwari. Imana data watwese niyo iduhora hafi mu. bihe byose
>>
<<@Bsta-3a
says :
you look like miss pucuri urasa neza byabindi byandenze pe ,,I'm not married gusa kubura umuntu noneho mwashakanye numva Ari gikomere imana ikube iruhande mama ndabona ungana na mama umbyara ❤
>>
<<@Njishi_TV
says :
Rose uno mumama yakwiyumvisemo. Arashaka kuganira cyane kubyerekeye uko yabuze partner we. Inyuma ya camera mwaganira bikamufasha. I feel her, umuntu uri strong aba ashaka guhisha amarangamutima ye, ariko iyo abonye uwo yisanzuyeho aravuga bikamworohereza. Iyo signe yuko abivuga umutwe ukamurya, ni ikigaragaza ko bikiri byinshi muri we. Komera Maam❤ Hagati aho muntankandire kw' ifoto murebeho naho hariho ibiganiro byiza byubaka. Karibu kuri Njishi Tv 👏👏
>>
<<@Mpanogood
says :
Mama mignon ndagukundacyane
>>
<<@yvonnenyiramutarutwa7671
says :
Pole cyane nyagasani akomeree
>>
<<@alineujeneza6848
says :
Rose wee uyu mumaman umuntu yakomeza akamwumva...pee
>>
<<@igihozoleah3583
says :
Mama mignone komera turagukurikira kwa Apostle Rosine uganira neza kandi komera Mubyeyi ❤❤
>>
<<@inezamahoro1788
says :
Merci maman ntamugore uvuga ngo ijwirye rirenge igipangu! Sha byarananiye sintombokera umugabo ariko mbikorera Abana Imana imbabarire ngiye kwiga
>>
<<@LilianebamporikiRwanda
says :
Ark mana uri mwiza.ndagukunze
>>
<<@IngabireRose-ge6nf
says :
Bibaho ariko umuntu arabyakira
>>
<<@rutayisirealbert8254
says :
Ababyeyi nkaba baracyabaho, Imana izabahe umugisha. urugo rw'ubakwa n'Ubwenge.
>>
<<@okss2505
says :
Rose rwose nkunda uburyo uganiramo
>>
<<@Julienne-mr6rz
says :
Nukarire mubyeyi mwiza nugashimishe abashaka kubona urira njye ndakumva cyaneee! Kuko ubwo bubabare nabuciyemo nakubwiye ko maze 25 ariko shima uwiteka nasigaranye impinja ubu nabagabo ndashima cyane uwiteka kuko yandinze ibibi byishi gusa ndababaye bareke bagukomeretse harigihe uzaba ukomeye gusa uwawe niwamwibagirwa uramwibuka mubyiza mubikubabaza mbega nibinu bihora bigaruka
>>
<<@Julienne-mr6rz
says :
Impore mubyeyi mwiza iryo zina riratubera pe njye maze makumyari 25 umutware wanjye yitahiye njye ndashaje ariko mbifitiye ubushobozi iryo zina ryokwitwa umupfakazi narihidura pe uracyari muto uwiteka agukomeze abantu baraguhuga njye narumiwe
>>
<<@JoaoJoao-k5b
says :
Ariko Rose urimuntuki uziko kuva nakubona sindabona warakaye nukuri nkubaze buriya muzima harinkicyinu cyijya kibabaza ukababara byanyabyo . Nukuri kurijye urantangaza
>>
<<@FlnOm-s1b
says :
Mpole mu byeyi biragoye kwakira kubura umutware wawe njyewe maze 13 fpakaye byarananiye kubyakira kandi ndacyari muto byarananiye nogushaka undi
>>
<<@jeannettemukankemuye4344
says :
Wa mubyeyi we rwose ibyo uvuga nibyo
>>
<<@JoyJammes
says :
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
>>
<<@donathamukeshimana6108
says :
Ariko ok cyambabaje muri buno buno buzima bwo kwi si nuko inshuti twari dufite zose zahize zigenda, ndetse na bo mu mumuryango babamwe na bamwe nanubu ntibaragaruka iwacu kdi papa agiye kumara imyaka hafi 10 atabarutse
>>
<<@ingabiremariegrace1095
says :
Iki kiganiro cyari cyiza peee❤️❤️❤️❤️❤️❤️ Keep being strong Maman Migno😍
>>
<<@donathamukeshimana6108
says :
NtKintu nakimwe abandi twese twari tuzi kijyanye no kubaho ni papa wacu wabitumenyeraga, absna tuvukana bari batangiye kwiha kaminuza, naho jye narinyirangije Ariko yari akingurira imyenda ninkweto ndetse nimyenda yi mbere, kdi nabavandimwe banjye twese nuko twari turiho .Mama wanjye nawe yarameze nkatwe. Murumva iyo si twari dusigaye dutuyemo????? Yari iya twenyine😢
>>
<<@JoyJammes
says :
WANGIIRAGO TWARIKUMWE BASONGA
>>
NEXT VIDEO
>>