<<@ShumbushoAloys-w1m
says :
Ntako atagize we na perezida wacu bakoze kuturiganya diporome zacu. No kudutura noheri numwaka mushya. Gusa byarambabaje kubona mushiki wange yiyahura kubera ministry akarusho na perezida wacu. Barakoze tuzongera tumutore
>>
<<@TUYISHIMIREFelicien
says :
🌲
>>
<<@dominiquembarushimana7051
says :
Ujewese azana ibye muri education ubuse ibizamini azanye nike gukemura iki arabira kureba Impanvu zindi nko kuba abana bata mashili,nicyakorwa akajya mibarezi,ntihigisha icyongereza na kongoman barigishije kdi turamenya
>>
<<@niyonsabajeanpierre2196
says :
Mwiriwe turabashimiye kubwizo mpinduka , Ariko njyewe harikibazo mfite Kuki mubantu basoje Amashuri yimyuga(WDA) A2😂😂 mutabemerera guhatanira cg kuba abarimu mumashuri yimyuga? 2.Kuki umuntu wasoje A2 m mumyuga (WDA)mutabemerera ko bahatanira kujya mukwigisha muburezi?
>>
<<@umukiranutsieric9351
says :
Ministere yubuhinzi nubworozi mbona na projet igira
>>
<<@KundwaBen
says :
Mutubarize ese kuki usanga umuntu ufite A0 cyangwa A1 bahembwa amafaranga amwe iyo bahuje post ariko ugasanga muri education sibyubahirizwa
>>
<<@ubumeyi
says :
Ikibazo kiriho dutegura abana kuzaba abakoroni babanyamahanga nigute mwumvako mwateza imbere icyongereza kuri urwo rwego Nyamara umwana Ari kurangiza secondary atazi gutandukanya nyirasenge na nyina wabo,ibaze nawe gusa ikibazo manza Bategura abazakora muri USA cyangwa ni abo mu bwongereza
>>
<<@niyomugabofrancois1087
says :
Murakoze ariko ubutaha mujye musoma n'ibibazo n'ibitekerezo byo tuba twanditse
>>
<<@stsylvain
says :
Murakoze cyane ariko njyewe hari ikibazo kubasoje secondary kuki abantu bize muri general education batemerwa gukora ikizamini nkabandi bize muri TTC ibyo nabyo muzabirebeho bose bajye bemererwa gukora nkabandi bose
>>
<<@IrumvaGervais
says :
Ngewe ndanenga cyane cyane Abantu batarareba iki kiganiro kweli
>>
<<@IrumvaGervais
says :
Mbese nuyu eeehhhee yewe yaje aje KBC afite akanyafu karyana pee😂yaradutsibuye weeeeeeerrddrede😂❤❤Ariko aba nibo bakenewe aha mutanyumva neza😂eeeehhhu
>>
<<@happyc5951
says :
Ubu se uzasangwa atuzuje ibisabwa ntari bwirukanwe?
>>
<<@NizeyimanaDjibril
says :
Nukuri Minister turabashimiye kubwiki kiganiro ,ubwo bugenzuzi buje bukenewe kuko hano Bugarama -Rusizi abayobozi b'ibigo bishyiriraho amafaranga uko bashatse bakanayirukanira abanyeshuri bigatuma abana bacu badindira mumyigire nukuri nabyo muzabigenzure, murakoze.
>>
<<@PelagieMukamana-x4f
says :
Nonese ko muri tuelive mutashyizemo ttc abahashojebo mubavugaho iki?
>>
<<@augustinnzigiyimana2807
says :
Hari ibigo by'amashuri yisumbuye ya Leta bisaba ababyeyi gutanga amafaranga yo kwishyura umuforomo wita ku banyeshuri n'ayo kunoza imirire, ibi MINEDUC ibibona ite? Ese birakwiye kdi ku bigo bike bidakorera mu kagwa kabyo kihariye? Mudusobanurire
>>
<<@emmanuelndayisenga1502
says :
Kuriyomyanya
>>
<<@emmanuelndayisenga1502
says :
Nibiki bizaba bisabwa
>>
<<@nzabamwitaemmanuel458
says :
Muraho.Hari abarimu bafite Ao mu burezi mu mashami atandukanye, ariko bakaba bamaze imyaka myinshi bigisha muri primaire,ese bo ntibafashwa gushyirwa mu myanya nkuko bagenzi babo bigishaga, babonye buruse bashyizwe mu myanya.Byadufasha natwe gutanga umusanzu wacu muri secondary,no kubona ku byiza bihabera (Kobona umushahara wo ku rwego rw'amashuri twize,dutegerezanyije ibyiringiro). Murakoze
>>
<<@EmmanuelNsengiyaremye-v4i
says :
Minisitiri rwose nimudufashe kuko abarimu bamwe barakoresha igihe gitocyane ugereranyije n'icyo bagenewe imbere y'umunyeshuri,noneho ugasanga igihe umwana Ari mu ishuli adafite mwarimu ariga indimico bitandukanye n'ibyamujyanye !
>>
<<@kwihanganajosue4530
says :
Ariko ikibazo cyiri muri Mineduc kizakemuka bigenze gute uje wese arazana ibye nkubu urazana ikizamini kumuntu cy, icyongereza wigisha imibare cg wigisha ikinyarwanda yarize ukamuha diplome ukamuha numwaka wigeragezwa ukamuha apoitment letter njye ndumva mwazareba ikibazo cy, abayobozi bamashuri badakora birirwa mumatiku no gutonesha no gucamo abarimu amagroup.naho ibindi mube mubiretse byarananiranye
>>
<<@samsonmbonyi4342
says :
Ikibazo cya school rehabilitation kitabweho .Minister Valentine yakuyeho urihare rw'ababyeyi mu burezi ngo Leta niyo yubaka ninayo isana.Sinzi niba Leta izabivamo.Ubu amashuri aherutse capitation mu kwezi kwa 6/2024.Ubu abazamu ,abakora isuku babayeho bate?Mwumva Ht we yabikoraho iki?Dukeneye sustainability muri Education yacu atari uko buri Minisiteri uje asiga umuzigo we abandi bazatwara igihe.Ubu ibigo birimo bisenyuka ,ibifite umwanda HT arakora iki?
>>
<<@athanasendagijimana9699
says :
Umwarimu wize akaba yigisha isomo ry'Ikinyarwanda na we azakora ikizamini cy'Icyongereza? Byaba ari byiza byamufasha kukimenya no kuba ya yikigisha bibaye ngombwa.
>>
<<@nsabiyeraevariste2651
says :
Ubwo gahunda nukwita kuri english
>>
<<@NZABAHIMANADISMAS
says :
Atubabarire arebeko ababarezi bomuriko covid barakemangwa peee
>>
<<@leonkizigenza1016
says :
Hari Mathematical English nizindi Ese uwigisha ikinyarwanda nawe azakora icyongereza
>>
<<@dusengimanaplacide8517
says :
Nukuri mutubarize minister nimba abarimu bazajya bakora isuzuma rizajya Riba riri kurwego rumwe?
>>
<<@JMVNDAYISABA-x2m
says :
Uzambarize uyu mugabo uti:"Ese umwarimu ufite A0 in education,ariko atarize muri TTC ariko Kandi akaba akigisha primaire;uyu mwarimu uvugwa yize uburezi cyangwa ntabwo yize?
>>
NEXT VIDEO
>>