<<@umwugawacutwese4433 says : Bajye bayaduhs Ageze no kuri 2000000 fr Nkuko byadufssha nkabantu Bahohoterwa mukazi dutagira Kwikorera twiyubaka nayo Nimeshi umunt'ugifiti mbaranga>> <<@nihitiraga6110 says : Iki kiganiro ko mutakirebye kdi ?ubu muri kwa jacki na jihad kuburyo ibi bavuze mudakeneye kubigeza kubaturage>> <<@Dedeka872 says : Uyu mugabo azi gusobanura pe!>> <<@nikuzenadia5791 says : Scovia ndakwemera ,ubuvugizi ukorera abaturage Imana izabikwibukireho.Ahubwo wakagombye kuyobora aba depite pe kuko ni wowe wabuze .Imana ikomeze ikurinde .Turagukunda>> <<@nsengiyumvadavid8114 says : Ibyo nibyo arko Kuba koresha contract nigihombo Kuko muntara ninabo beshi>> <<@SengamunguFelix says : Sikoviya abanyarwanda turagukunda kuko uvuga ukuri kikibazo cyumutekano aba security bacunga umutekano wibikorwaremezo kunva ntagaciro bahabwa Kandi ba fitiye igihugu akamaro rwose barebe uko bazamurirwa umushahara kuko nabantu bingenzi kumva umuntu urinda banke ahebwa 30000πŸ˜’πŸ˜‚ reta ibirebeho nubushumeri kurubyiruko murwanda nidanje😒>> <<@Umuganwarose3720 says : Good, umuturanyi ningombwa kubana neza ariko iyo yanze ucunga ibyawe!!>> <<@Umuganwarose3720 says : Our PM asigaye avuga agasobanura pe .Ikyobita uburambe mukazi!πŸŽ‰πŸ™>> <<@MugishaDedieu says : Mutesi scovia ewann uratekeraz kbx umva gukuriye ingofero rwose muribijyanye numutekano ibyo bangene nabwo babibona peeee kandi ikindi bamwe muribo ntabwishigizi bagira kandi baba bari muri risk ,bagahura nazo kuburyo bworoshyee nyamuneka mudufashe hamwe na transport nayo irabagora pee scovia thankfully so much ❀❀❀❀❀ turagukunda cyneee πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰>> <<@NdindabahiziCelestin-s9q says : Posted de Dante zidakora zabaringa zo murazivugaho iki?>> <<@KakiKayi says : Passion itangwa mu myaka 65 ntacyo imaze ababa bakiriho ni mbarwa ibi ni uguhohotera abanyamuryango muzasyisubize kumyaka 55 ibitaribyo si ukwizigamira ni ukuzigamira leta.>> <<@immaculeenyirabizeyimana901 says : Nyakubahwa Minister w'Intebe nubwo mwabitekereje ariko mugaruke kubakozi abenshi usanga bari mumanegeka Aho umukozi yaka inguzanyo agasigara ahembwa udufaranga tudafite icyo tumufashije ahari two nibadukata ngo tujye muri pansion umuryango we ahari ntazabura nisabune yo gukaraba.vraiment iki kintu cyagombaga gushyirwa munzagihe kuko abakozi benshi barabaho nabi ndetse cyane>> <<@josephhabimana8489 says : Nnese umushara nutazamurwa minervale izava he>>
VideoPro
>>