<<@ROSETVSHOW
says :
Ushaka kuvugisha Mama happy 0788647392
>>
<<@virgolaparfaite6752
says :
Mana weee!! Iyi si ni dange 😭
>>
<<@UyisabyeChantal-l8e
says :
Mam wacur ihangane iyo si Imana yagusenyeye ahubwo ni satani umwe wamanukiye isi wigira marayika w*mucyo kuko Imana ntigira abantu babi ahubwo ucunge sana izo mbaraga zikugenderera
>>
<<@claudetteu1104
says :
Iyo Imana yakwisuriye mu nzozi rimwe, kabiri ndetse gatatu 🤔 ihanganire izo ngaruka kd izakomora humura
>>
<<@claudetteu1104
says :
Yewe Imana ntacyo yaguhishe ahubwo amatwi arimo urupfu ntiyumva ihoni. Imana ikubabarire kutumvira
>>
<<@MugamageIslaer
says :
Ntukabeshye urumubeshyi wowe ntasoni.
>>
<<@MugamageIslaer
says :
Uwo mugore n'umwana mubi twabanye ahantu kimironko ahanura ibinyoma kubwindamu uwo utamuzi aramubarirwa.
>>
<<@bmillions9681
says :
Murakoze cyane rwose.Ubu buhamya ni ubw'umumaro kuko Imana turabizi ko ivuga kandi ibyo ishenye irabisenya n'ibyo yubatse irabyubaka.Uzagirira umugisha mu kumvira Imana.
>>
<<@BukuruSesphara-k6h
says :
Imana iguhezagire muvyeyi
>>
<<@AssoumptaByukusenge-ul7wq
says :
Mubyeyi komera duhuje ubuhamya nanjye imyakani19ariko yagahunda numubabaro kd nkunda gukorera lmanape
>>
<<@MurerwaClaire-e8p
says :
Imana imuhe umugisha
>>
<<@MurerwaClaire-e8p
says :
Ikibazo kimwe gusa
>>
<<@MurerwaClaire-e8p
says :
Mama hape Amephoin ye mubaze
>>
<<@MurerwaClaire-e8p
says :
Yesu ashimer
>>
<<@johanithasan8765
says :
May be the guy had Narcissistic personality disorder.😢
>>
<<@RfghVv
says :
Vava urakoze mubyeyi mwiza Imana iguhe umugisha rata ❤❤
>>
<<@hagenimanaelie1786
says :
Ibyo bintu kandi aribyo dukwiye kumenya
>>
<<@bobm4381
says :
Kuba ntaburyohe bwurugo uzi nuko wasuzuguye umugabo ntakindi
>>
<<@MukantagengwaSolange
says :
Abantu batunzwe no kubeshya
>>
<<@IngabireDiane-b6w
says :
Najye narimaze kubizinga
>>
<<@Moriya-w8b
says :
Nanjye. Maze 26ans arko ntaburyohe bwurugo ndabona pe ariko nariyakiriye kd ndacyarurimo
>>
<<@Mignonetvshow
says :
Imana iravuga
>>
<<@ireraaudrine2516
says :
Rose ukwobukey ukwobwije uguma wibera kezaaa disiiii
>>
<<@Nowacomedy3
says :
Iyo mwapfuye ubusa niho ujya mu miteto
>>
<<@Nowacomedy3
says :
Biterwa n' icyo mwapfuye kugirango mutandukane
>>
<<@Nowacomedy3
says :
Ntago ari ukuyihesha
>>
<<@Nowacomedy3
says :
Wowe uri umuntu wajye❤❤❤
>>
<<@Nowacomedy3
says :
Abatabizi ntago babizi sha😢
>>
<<@numukobwagermaine5125
says :
Nanjye byambayeho inzozi tuzubahe🎉❤
>>
<<@MarieGorettiMukanzigiye-oj3sy
says :
Ndakumva cyane..
>>
<<@MarieGorettiMukanzigiye-oj3sy
says :
Impore
>>
<<@hakizkizimanaelysee7099
says :
Jyew turabuhuje mber ngusimvya umuryang njyenimunini yantaye tuvyarany Beshi mumyak mike cn 🤦
>>
<<@inachris-m4v
says :
Wa muvyeyi uvuga neza ubuhamya bwawe❤
>>
<<@specioseusabyingabire140
says :
Ariko iyo mana yanyu ni injajwa.
>>
<<@LilianeUwimbabazi-wx9ih
says :
Wow be blessed mama
>>
<<@MWUNGERITV
says :
Icyo nukuri uyumugore yasenye ataranashaka
>>
<<@bizashira2108
says :
Umugabo ntakuntu atagombaga kuba mubi. None se ko wari warajagaraye? Birumvikana ko iyo mitekerereze wabanaga nayo yanatumaga umubanira nabi! Naho ibyo kuvugana n' Imana mujye mubibwira injiji.
>>
<<@FlorenceUmutoniwase
says :
😭😭😭ahaaa
>>
<<@Intarecyane
says :
Uyu wasenyewe ninzozi nakasamutwe
>>
<<@Intarecyane
says :
Uyu wasenyewe ninzozi nakasamutwe
>>
<<@NestorSinzotuma-t6k
says :
Rose ,jewe sindumva umugore avugako afise amakosa. Ba muhamagara Bose. Hariho abagore bizokunda ko mubana naho umugabo yoba Ari malayika
>>
<<@NsengiyumvaEmmanuel-v4y
says :
Muraho neza mubyeyi mukomere
>>
<<@dusabezubeda
says :
Buri wese agira impano ye Ntabwo bivize ko ari wowe wenyine kd icyo îmana icyo ya kugeneye nta nakimwe kibihagarika cg ngo kibikureho igeno ni igeno nanjye ndota ikintu kikaba byange bikunde kiraba kubulyo ntinya no kurotorera uwo naroteye cyeretse iyo narose byiza kuriwe ariko ibiteye ubwoba nda bichecheka
>>
<<@kagoyireJulie
says :
Wihangane mubyeyi nkunze ukuntu wafashe imyanzuro yo kwirerera abana nibyiza cyane,nanjye byambayeho ariko iyo wikomeje kuri Yesu biragufasha
>>
<<@EugenieMujawimana-n7d
says :
Rose bravo, ariko ujye ufata Position ituma umutumirwa adufacinga neza.
>>
<<@Jeannette3qs
says :
Yesu kristo Ashimwe mwenedata ,ndumva uvuga ko ukijijwe mama happy,ndakwifuriza kuba koko mama happy ,iyabaga nagiraga nimero yawe nari kukubwira icyo numvise mu buhamya bwawe! Umugabo wawe si mubi ,wowe ntiwari mubi ahubwo mwari abantu mudahuje ,dore icyabaye warose usezerana ni undi mugabo wakoze ubukwe,bivuze ko umugabo wawe ntago muzi ariko iwabo mu miryango wasanga baraterekereye rero imiryango yaterekereye iyo usezeranye ni umugabo ntago ariwe muba musezeranye ahubwo uba usezeranye ni umudayimoni w' iwabo kuburyo niyo musezerana mu ndaro wivugira ngo njyewe sindi umugore ndi umuja umugore ni runaka umukobwa utarashatse mu miryango yanyu,nawe iyk asezerana aravuga ngo sinjye ushatse ,runaka umuzimu w' iwabo utarashatse ,njyewe ndi umugaragu we! Urumva kandi ko Imana yakubwiye ko uwo mugabo atari kukwemerera gukora umurimo w' Imana,ikindi yangaha ko usenga ni imyuka itarahuye.usengere rero abana bawe iyo myuka itazagira uwo ifata muri bo.Uwiteka akube hafi cyane ,agukunde kandi aguhe ibyishimo ki uri mama Happy ❤❤❤Yesu kristo azaguhe ubugingo rwose. Amakimbirane ntago yaturutse kuri we yaturutse ku myuka yari imurimo ni Umwuka wari ukurimo itarahuye. Yashatse kukwangaza no kukurushya ubwo nawe karande zaragusabye.wenda ab' iwanyu sinzi niba bubaka cg igice cy' iwanyu cyubakana ni icy' iwabo.kuko.imandwa zirarambagizanya bitewe ni agace.urakoze
>>
<<@mukarudakemwabeatrice1774
says :
Kutumvira Imana nibibi cyane twese byatugizeho ingaruka
>>
<<@tazz8586
says :
Bjr Rose urasa neza kumutwe nahandi hose ariko
>>
<<@leopoldrugemintwaza41
says :
Murusengero Niko bamera bashimishwa nuko ubaha bo ntabwo baguha kuko hari nababara umuntu kdi yarapfuye cyera bo batabizi
>>
<<@FlavienneBatamuriza
says :
😅pole komera mama natwe tubayeho mwubwo buzima nibubi cyane
>>
NEXT VIDEO
>>