<<@ROSETVSHOW
says :
https://youtu.be/OgvDcwgWspY?si=Ma5-OXt5w6xwl1Jl ushobora kubakurikira unyuze hano👌😍
>>
<<@TinaLeo-x3f
says :
Anitha have utazaba dumbari ukazabyicuza ukuri nibyiza
>>
<<@MBARUSHIMANAVedaste-i5d
says :
Cyokoze murarenze nange nintabona umugore usetsa nkawe sinzabyemera
>>
<<@UMULISACOCOTVSHOW
says :
Ariko se Feza ko ndi kugukunda cyaneee 🎉 nanjye nzagutumira kuko Ndagukunda ukuntu uba wowe Kandi Uzi gukina neza film niryo Zina Feza niho narikuye mu Agahinda k'imfubyo Film Courage mwiza❤
>>
<<@NshimiyumukizaPacifique
says :
Ijwi rya rose ni nkirya Antoinette
>>
<<@mungabireGaudiose-q9q9h
says :
Naringizengo ujyiye kubeshya twarabigosoye pe muri duhayirane pe ariko ibyobyose sinarimbikuziho disi uzansuhurize umugabo wawe yaritondaga pe
>>
<<@RegisNIGENA
says :
Lose Sha uri mwiza pe
>>
<<@KiberinkaGermaine
says :
Ababadamu barasetsa cyane❤
>>
<<@JoselineNiyigena-m3y
says :
Gusa sibyiza nababyeyi batumvikana bajye bisubiraho pe badutera ibikomere Kandi akenshi bishira ariko umuntu bamuririmbiye aheza mwijuru pe urumva nibintu bitugora mubuzima bwacu bwose tumara kwisi
>>
<<@JoselineNiyigena-m3y
says :
Ikiganiro cyanyu kiranshimishya pe gusa mama niyori ndamwumva cyane pe ababyeyi baba mubuzima batumvikana batera abana ibikomere pe Kandi byinshi cyane bituma umuntu anashaka ntiyizere neza ko uwo babana we atazamubera mubi biragora cyane kubwibikomere pe abantu benshi turabibana gusa imana yomora inguma ijye itwomora pe bishire
>>
<<@JoselineNiyigena-m3y
says :
Nawe Anita ndagukunda cyane nkunda ikiganiro cyanyu mwese imana ijye inaha imigisha muba mutwibutsa byinshi pe
>>
<<@JoselineNiyigena-m3y
says :
Murakoze cyane babyeyi ndabakunda cyane mama niyori ndagukunda cyane nkunda ukuntu wiyubaha ukifata nkumubyeyi rwose imana ijye iguhaza kwifuza kwawe ikomeze ikwagure imigisha yakibyeyi ijye iguhoraho
>>
<<@muteteyvette2430
says :
Rose ajya nsetsa uburyo aseka nkutariye pe hhhhhh
>>
<<@NyinawumuntuAliane-b8r
says :
Murasetsa mbakunda kubi❤❤❤
>>
<<@uwizeyelea1964
says :
🙏🙏🙏🙏🙏
>>
<<@EverianeImanishimwe
says :
Bishoke ko Rebecca yari umuswa mubukumi bwe
>>
<<@Hi-MAKIDORA
says :
Incuro 21mukwezi?😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮
>>
<<@KabenaClaudine
says :
Yoo ❤❤❤
>>
<<@KabenaClaudine
says :
Nibyo kwiganiriza mu buzima birinda gufata ibyemezo uhubutse
>>
<<@tuyishimeclementine846
says :
Arko mana yanjye koko❤❤❤❤
>>
<<@GodelieveSEBUHINJA
says :
Nkunda Mama Niyori😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
>>
<<@mukundeFarancina
says :
Ndabakunda,cyane,
>>
<<@dianekayirebwa1307
says :
Anitha❤❤❤❤
>>
<<@dianekayirebwa1307
says :
Cyakoze muri beza ,muganira neza mbese mwese muri ababyeyi beza❤❤❤
>>
<<@Gode-w3s
says :
😂😂😂😂 muranyi shyu rimbavuzange ndabakuna cyane cyane😂😂😂😂😂
>>
<<@Gode-w3s
says :
😂😂😂😂 muranyi shyu rimbavuzange ndabakuna cyane cyane😂😂😂😂😂
>>
<<@heritierknox6800
says :
Ahwiiiii tamironi
>>
<<@kagoyireernestine4281
says :
Bazina wanjye Kagoyire uransekeje pe ndapfuye
>>
<<@UmuhozaClaudine-q9t
says :
Mama yiyori ndamukundapee
>>
<<@KayirebwaJozefine-x8c
says :
mbwirira Anita ngo ndamukunda nuwiwacu bikunze azame number ye
>>
<<@claudetteu1104
says :
Guteka tameruni😂😂😂
>>
<<@claudetteu1104
says :
Pasteur🙄🙄🙄
>>
<<@lehemanyirajyambere
says :
Anitha nge ndashaka kuzaganira nawe byumwihariko
>>
<<@MukanzizaEpiphanier
says :
Urababura mukibwa wange ukaburanumwe ariko muribyose abakorinto bambere ibice icumi umorongo 13
>>
<<@MukanzizaEpiphanier
says :
Murugo rwose nishuri kuko twifuza kwiga twese Kandi tubiziko bikomeye murugo nuko ntamuntu utifuza kubaza
>>
<<@MukanzizaEpiphanier
says :
Amatetu niyo magamura bitewe nagace amatende imvuzo zohasi yikigage
>>
<<@MukanzizaEpiphanier
says :
Icyakora muranejeje Kandi muranyigishije imana ikomeze ibubakire ingo
>>
<<@MukanzizaEpiphanier
says :
Ibyo nibintu byabagaho cyane Kandi umwana utarabiciyemo byaugizeho ingaruka umwana aba akantu kagacakura
>>
<<@Umurisacluodine-k5j
says :
Anita ngukunda burimunsi juruwee
>>
<<@nyiramisagofrancoise-t8e
says :
Uzampuze na bo
>>
<<@nyiramisagofrancoise-t8e
says :
Abovandimwe duhujr ibibazo
>>
<<@MukashyakaSandrine-p8x
says :
Sha Rebeka nagukundaga byafirime ariko noneho ngukunze byimbitse kuko kuko duhurira kuribyishi icyampa tugahura kuko urasetsa pe
>>
<<@InesJesus-l1r
says :
Imbavu zanje mana 😅😅😅Anitha arasetsa cane
>>
<<@marcelineuwimbabazi8601
says :
Anita ati Tamiloni nari ngiye gutogosa igihaza
>>
<<@kavubipierre1190
says :
Jyewe nshimiye Anita cyane kuko ali craire kanda umugore umeze nkawe.
>>
<<@musabyimanaangelique9320
says :
Imbavu zanjye weeeee😂😂😂
>>
<<@Raïssalaboss
says :
Ndatwenze ndeguka😂😂😂😂😂
>>
<<@iradukundafrancois2246
says :
Nyewe najyaga gushukura kubaturanyi noneho abana babo bajya kury bakabwirango ninitabe iwacu baramagaye nagera murugo nkasanga mama narahingura nkahita subirayo niruka
>>
<<@ntakirutimacloude7292
says :
Ubwo se mama niyori ninde wamwozaga igiye yarafite inda ikuze?
>>
<<@Alicemuhimpundu-u3k
says :
😂😂😂😂😂😂
>>
NEXT VIDEO
>>