<<@ROSETVSHOW says : Ushaka kuvugana na pastor Deborah 0783680937>> <<@NadiaChinna says : Uvuze ukur mama ndinvoronce ninbo kwr uwutabizi niwe abibaza>> <<@NadiaChinna says : Uvuze ukur mama ndinvoronce ninbo kwr uwutabizi niwe abibaza>> <<@MukashemaVicky-r6z says : Nukuri birakwiye>> <<@IrisaNissia says : Hi debo nukuri curage imana izakugirire neza peee knd uzagaruke twagukunze>> <<@SangwaTheodosie says : Rose ndagukunda>> <<@mukankakaesperance-f7v says : Ndakunva nanjye nuk>> <<@PriscaNteziryayo says : Niyompamvu mpora nsaba Imana ngo izamfashe ngo Aho kugirango nzashake umuntu dutandukane basi izareke kuduhuza ngumye nibere singer forever kuko sinkeneye kuzashaka inshuro zirenze imwe.Mana iri sengesho ndongeye ndarishimangiye uzamfashe>> <<@niyodusabaliberee5932 says : Ukumva umuntu aravuze ngo Mana unyicire umubiri😭>> <<@MugamageIslaer says : Rose nkunda ukuntu Abantu muganira baba birekura bakavuga akeshi ukuri kubarimo kdi birabaruhura.>> <<@AllyNshimiyumukiza says : Hug heals>> <<@RurangwaJeanclaude says : Ishakire ntampamvu yo kubabara , ugomba kubaho wishimye 😂>> <<@Mature-k4y says : Nonese uko wagiyeyo ko ariko uvuyeyo ikindi niki koko? Shaka yaka mwana cyangwa nzovu bakubomore 😂😂😂😂 abagore mwiziminsi mugende gacye ,hhhhh ahubwo urikirayiii😂😂😂😂 weee ko wahobeye umuntu wumva imitwaro ikuvuyeho😂😂😂😂😂 kabaye ndatangaye mataka weeee>> <<@shimiyimanajoseph8505 says : Uzarongorwe rata utazagwa mubyaha kdi rwose umugabo ningenzi>> <<@UwamahoroDina-z2j says : My karoti😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂>> <<@UwiringiyimanaDonatha-u5d says : Yooo past wacu ndagukunda cyane❤ humura lman izamuguha kd unezerwe ndumugabo wo kubihamya>> <<@NkundaAlbert-h5p says : Ariko umuryango Nyarwanda ufite ibibazo navugako arumuvumo wakarande kbsa.chanals zuzuye abantu buzuye agahinda kogutandukana nabo bashakanye.mbega ibibazo manawe !!!!.>> <<@muratubeshya says : Ubwo urahaze>> <<@theresewibabara1055 says : Shaloom. Dans la bible il n'y a pas le dernier date où on doit se marier.>> <<@NsengiyumvaEmmanuel-q9j says : ubwo buzuba nikizingerezi sibyo byubaka muzashuka ubwiza>> <<@NsengiyumvaEmmanuel-q9j says : pole humura Imana irakuzi>> <<@NsengiyumvaEmmanuel-q9j says : ubuse ahugura imiryango gute ntarugo uwiteka azakimore maman>> <<@NsengiyumvaEmmanuel-q9j says : ni 65 ans bible ivugako uwo niwe utemerewe. Gushaka yapfakahe ibyo gutandukana nta byo bible yavuze ivugako Ari ugutandukanwa nurupfu cg yesu kristo aje gutwara I torero rye ryera burya rero gutandukana bible ntago ibyemera hari amatorero iyo urugo rusenyutse barongera kugushyingira ukishyingira bitwe nindahiro uko zimeze>> <<@butunganeinnocent says : Koko se>> <<@Akimana-vg2do says : Umukozisumuntu harigihe aba amuryoherakukurusha tuza mad>> <<@ZatumaJabosco says : Arikondagukundape,nuko,utabibona>> <<@ZatumaJabosco says : Ndamushakape>> <<@papaclaude5752 says : ❤❤❤>> <<@jeannettendikubumwe4313 says : Weho urabirekuriwe gusubira kwubaha gwose kuko ntasezerano ufise numuntu wari mubusambanyi gusa ,mama urarekuriwe kwubaka numurondere kuko uguma wifuza niho ucubura cane>> <<@films8074 says : Wabaye pastor gute warishyingiye se?yemwe ibyubupasiteri bisigaye aramayobera>> <<@HirwaVirgile-l1d says : Ihangane muyeyi ndabizi nigikomere>> <<@mbabazijacky9335 says : 😂😂😂😂😂😂😂😂😂>> <<@infinixmyphone7175 says : Pore pore pr Debora njye natanye numugabo tutavuganye nabi arihabaho abadutanya umukozi nawe ñtamahoro azagi kugutanya numugabo>> <<@niyobyose4476 says : Nukuri imuguhe pe igihe kirajyeze>> <<@bobm4381 says : Umugore wese Umugabo we Atwarwa numukozi uwo mugore aba arikigoryi cg Asuzugura umugabo we ntamugabo numwe watwarwa numukozi wo murugo afite Umugore umukunda, umwubaha, iyo usuzuguye umugabo ahita ajya gushaka umwubaha ako kanya ubwo rero umukozi kuko aba ariwe uri hafi niwe afata kandi abakozi mubisanzwe baba bubaha ba Sebuja ahita afatiraho rero.>> <<@AlietteFuraha says : Disi uyu mugore afite ihungabana ninde wamubwiyeko abakozi Bose baba Ari babi nibwo yozaga amasahane nibindi ariko warasohotse araryama Kandi muba mwabasuzuguye shahu hhh😂😂😂😂>> <<@samsungmobile589 says : Ibyo bibazo byose bibiriya yarabishubije ni muyisome. ABAROMA 7: 3 , 1 ABAKORINTO 7 :11.>> <<@NzakamarwanikiFrank says : Uzajya nomwijurupe kuko uvugisha ukuri🌹>> <<@UDonatien says : Gutandukana biremewe mwakoze devoroce>> <<@harerimanavicent5753 says : Yakubera pee>> <<@harerimanavicent5753 says : Pastor urakoze cyane>> <<@DukundaneFlancois says : Muzatubwire uwo mupasiteri imyaka afite.>> <<@gasekegs1510 says : Usubije amaso inyuma usanga icyatumye uwo mukozi ajyana uwo mugabo nta ruhare rwawe rukirimo?>> <<@evelynenkurunziza287 says : 15:08 ubisiguye nabi kuko kubumukozi womurugo ntibikugira mubi ahubwo umukozi yaragukoteye ukwiye kumufata nkumwana womunzu>> <<@NshimiyimanaDaniel-tx4ni says : Ntamugabo wafashwe neza ushobora kurutisha yumugorewe umukozi mujye mumenyako abagabo bikundira aho babafata neza hari namahoro>> <<@NshimiyimanaDaniel-tx4ni says : ikibazo nuko mumenya agaciro kabagabo aruko mutakibafite ukimufite ntiwamenye ubwizabwe ibaze nawe umukozi yamukujyanye kubwo kumfata neza kukuruta abagore benshi mugira ibinyanga kubagabo nubu umubonye muminsi mike watangira kumurindagiza>> <<@NizeyimanaPierre-mb3ji says : Niwambirishe ukweli,uzuri wa mke sie urembo,ni Tabia>> <<@dukundaneJaueline says : Abanu bari series nibobabipe jyendabizi kbx>> <<@roberthakizimana7286 says : Iyo umugore yifashe akireba ngo ndi mwiza kuruta umukozi nubujiji ndenga kamere, ubwiza ni skin deep, abagabo benshi ntago bareba ubwiza bwo kuruhu gusa, hari igihe usanga arimwiza ariko ari ibono….ako kanyacyaro akakabonamo akamarayika>> <<@Jerusalem-j1q says : Ese Rose nimba shaka kubaka umuryango wekuzana abantu bananiwe ntamasomo nabusa uwasenye ntahano afite imyuka mibi ikuvemwo nasomye titre sinoreba benibi>>
VideoPro
>>