<<@ROSETVSHOW
says :
Ushaka kuvugana na Rachel 0787860238
>>
<<@francoiseniyoyita450
says :
Komera mubyeyi Imana muri kumwe komeza usenge cyane Imana izabahana kd wirere abana igihe kizagera baguhoze ayo marira umugisha wawe ni abo bana.
>>
<<@UmuhireDenise-f3r
says :
Manaweeeeeeeee uyumugabo uzamuhane akiri kwisi ndarize ndumva nanze abagabo nkore iki koko
>>
<<@MugabekaziAnitah-x7x
says :
Ihangane muvandimwe
>>
<<@Umucyo-k1q
says :
Ikindi Bagore mwihita mujya gucukumbura ngo ariko uyu mugabo najye yaba andyarya ntacyo birakunarira ahubwo biragusenya abagore beshi ikintu dutinya n,ukuduca inyuma, niba unabizi ko aguca inyuma ariko akaba agerageza gutunganya inshingano uriruhiriza iki, ariko uziko witereye hejuru mugakora Divoruse nawe byabindi wavugaga ko baguca inyuma nawe watangira guca inyuma y,abagore bagebzibawe . Nshoje mbabwirango : Imana imbere , niyo izi igikombe yagushyize imbere ngo ukinywereho . Nidushyira Imana imbere Tuzanesha ibigeragezo tuzajya tubigenda hejuru nk,ibidahari kubwo kwizera. AMEN
>>
<<@Umucyo-k1q
says :
Reka ngire inama abagore na bakobwa ,iyo tugiye gushaka tuba twashyushye , ariko tuba tugiye mubuzima bw,irindi shuri ritandukanye niryotwari turimo . Rero ntitukumve ko uwo dusanze ari Imana n,umuntu kandi umuntu arahinduka Reka mbabwire mwisi ntaheza hahari Imbere yuwo ugiye gushaka ujye uhashyira Imana uwo ushatse abe uwakabiri nibwo tutazatsindwa n,ibizami ibyaribyo byose tuzahura nabyo. Inama : Nujya kubaka urugo ujye ugenda wiringiye Imana yonyine kuruta uko wakwiringira umuntu kuko nunahura n,ibikugerageza ntabwo imana izaguha ibirenze ibyo ushoboye kandi Siwowe uzi ibyo ushoboye Imana niyo izi ibyo izagushoboza. Naho ubundi ntabitagerege 1,,ubukobwa buragerageza 2,Urugo rubamo ibigeragezo. 3,Divoruse nayo igira ibyayo nayo ibamo ibigeregezo 4,ubufpakazi bwo burihariye 5,Nikimwe n,ubufubyi Ndagirango mbabwire ko Hatabaye imbaraga z,Imana ntanakimwe cyoroshye. Tukiraho reka mbibarize nikihe muribi bitanu nanditse wahitamo ukakishoboza hatabaye Imbaraga z,Imana. KIZERA IMANA NIBYO BYAMBERE .
>>
<<@MushimiyimanaChrollote
says :
Imana izamuhane iyo mbobo
>>
<<@MushimiyimanaChrollote
says :
Nizereko uzakurikirana imitungo yawe
>>
<<@MushimiyimanaChrollote
says :
Adeper oyeeeee
>>
<<@MushimiyimanaChrollote
says :
Abagabo Sha!
>>
<<@AliceMuhawenimana-r4y2b
says :
Ihangane imana murikumwe nange byambayeho mererwa nabi nurushako nukwihangana
>>
<<@DjamillaNisse
says :
Ihangan mubyeyi.inkuru yawe irambabaje pe.inteye agahinda 🥹
>>
<<@UwingabiyeMathilde
says :
Ubuhamya bwawe bunyibukije ibyo ndi gucamo
>>
<<@TWISANZURETUNIDAGADURE
says :
Komera cyanee Muvandimwe mu ijuru hari Imana
>>
<<@MukakigeliJudithe
says :
Umugabo ni nzaguharara kanzaguhinduka uko bahinduka abobashutse ko babakunda niko isi nayo ibahinduka bakiri kwisi
>>
<<@PhitotteIGIRANEZA
says :
Ihangane ugume usnga imana izagutabara nta mvura idahita
>>
<<@gahimbareornella4113
says :
Abagabo sabo kwizera madam, Ihangane muvyeyi.
>>
<<@MwitendeRosa
says :
Shitan gusa pu,uziko umuntu yumva yamutera igofe😂 bakamusaka inyundo weeeeee
>>
<<@NdagijimanaAlphonse-y4p
says :
Nawe se wabiciyemo
>>
<<@MjawamariyaJane
says :
Ihangane siwowe wenyine nurwabose
>>
<<@MjawamariyaJane
says :
Ningegera kweri
>>
<<@IragenaOlive-qy4lt
says :
Nonese kowambaye impetaye
>>
<<@daliemukundente15
says :
Nubwo abagore dukunda ariko buriya abagabo ntibakunda, bagira akajagari mumibereho yabo, bikaba ari nabyo bizana amacyimbirane ya hato na hato mu ngo zabo.
>>
<<@mukadusabeerinestine6123
says :
Ahubwo se kuki utatekereje ko wenda nuwo mugore yamwinjiye yarari mumitungo y'uwo mugore?wasanga ntanakazi yagiraga😂
>>
<<@UwimanaGrace-eu6tv
says :
Humura mubyeyi umunsi umwe bizagenda nezaaaaa uwabyaye ntaribwa nimbwa
>>
<<@mukarukundojacqueline
says :
Nikundira Rose ❤❤❤❤❤ Rachel we humura anshuti ya Yesu uyu mugabo twizeye azi ibyo dukeneye sha kd ari mukazi
>>
<<@alandusenge
says :
Ubwo x washakaga abe malaik ndinvudashima.yakwitayeho kd nuburenganzira bwe gushakundi.ikib nuko wavugati yaranyihoreye aricecekera
>>
<<@alandusenge
says :
Ibintubibamubarokore namasengesho konunva bikz
>>
<<@ngiryisite
says :
Dumiwe.
>>
<<@KampunduDonatha
says :
Igisubizo Nukwigira ikindi nukubyara abo washobora kurera niyo waba uri wenyine kuko we never know
>>
<<@HopeMbabazi-v1o
says :
Gusenga no kubeting koko
>>
<<@mariechantalkanakuze3557
says :
Uyu mugabo ni umutindi KU mutima Cyaneeee Utababarira nabo yibyariye. Abagore mutwara abagabo babandi leta ikwiye kubafatira ingamba. Ikindi kdi bagore umugabo ntazagushuke ngO guma murugo ubyare urere abana gusa .Hari kera Namwe mucane KU maso. Nibura agutaye nawe wari ufite icyo ukora wabasha kugira bike wikemurira. Komera Cyane mubushobozi buke rera abana ubatoze Ubuntu,ubatoze ishuri nabo bazakwitura aho uzaba utagishoboye.
>>
<<@badagusebonie7588
says :
Rose wee ko wabakubwira inkuru ukarira bite ninde uribuhoze undi??
>>
<<@AugustinMbaraga
says :
Wabaye amahoro Rose Wanjye kudaheruka gukora niyi number ikaba idacamo Gs nizereko Imana ikurinze Nkumbuye kukubona kuri channel yawe pe
>>
<<@NZARAMYIMANASylvestre
says :
Ariko hariho abantu b'abagome koko😢
>>
<<@MarielouiseHabimana
says :
Erega ivyo bagukoreye ntibizobuza ko bapfa nabi humura muvyeyi
>>
<<@MarielouiseHabimana
says :
Ibikoko nivyishi ariko bizopfa nabi
>>
<<@MarielouiseHabimana
says :
Humura mwijuru hari Imana
>>
<<@christinen8291
says :
Reka mbabaze,buriya sinahahamutse mwokabyara mwe😢 iyo mbonye umugabo ari kumwe numugore we,mpita ngira ubwoba nkavumbuka nkirukanga. Abagabo ndabanga cyane birenze urugero. Mbabonamo uburyarya ,ububeshyi,ubugome,ubuhemu, nabicanyi. Mwe hari abagabo beza murabona??????
>>
<<@lydiasindihebura8115
says :
Wihangane muvyeyi
>>
<<@NirereOliver
says :
Manawe!!!!!mbega icyigeragezowe😭😭😭😭sha uwuvugabatarabona p!!!!! Mwizina ryayesuu
>>
<<@Mamadoreen6
says :
Ndumva umubabaro wawe diiisi
>>
<<@NiyonsabaVestine-x7u
says :
Mbere yabyose mbanje kukwihanganisha mubyeyi mwiza gusa wabanye ninyamaswa mugabo utayizi😢,abagabo nibiremwa bitangaje kandi byuzuye ubugome,gusa Imana izamuhembere ubugome yagukoreye azave mu isi abyishyuye,gusa ndakugaya ikintu kimwe kandi mpa n'inama abagore bagenzi banjye;Gute umugabo agura ikibanza akakubwirako arikubaka ngo ni surprise nawe ugatuza???sha buriya wasanga yarateganyaga kukwimuriramo ,muriyo minsi hamwe nintege nke zo gutwita mukeba wawe amwitaho aramushimashima nuko amwegurira byose 😅😂ngayo nguko,mube maso mwoge magazi amazi ntakiri yayandi kubatware Imana yaduhaye😅😂😂.Komera wahuye nahora.
>>
<<@BeatriceUwamariya-lj8qh
says :
Sha Rachel courage wirinde guheranwa nagahinda kanguka urebe kure Imana izakugirira neza nabo bana yaguhaye guma ku Mana izagusetsa courage
>>
<<@BeatriceUwamariya-lj8qh
says :
Ariko nkubu umuntu wifata akajya gukura umukobwa iwabo akamuhindura indushyi aba yumva bizarangira gutyo! Amarira muteza abagore mwabagabo mwe ntimuzatinda kubona ingororano yibibi mukora
>>
<<@BeatriceUwamariya-lj8qh
says :
Abagabo batesha agaciro abagore babica mumutwe,amarangamutima ,namwe bagore nimwige kwigirira impuhwe mwikunde,mwirinde kwimariramo abagabo mwiyiteho, baraza bakababyaza abana barangiza bakajya kwidegembya ntakibazo bafite wowe mugore ugasigara uruha nabana byose ariwowe biri kumutwe nimwige kubakunda ariko munikunda ikindi mwige kuba maso
>>
<<@BeatriceUwamariya-lj8qh
says :
Nizereko ubu ukomeye ntamwanya ugifite wo kumutekerezaho ,umwanya wawe nuwo kwita kubana courage wowe
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Uwizera umwana wu muntu avu mwe!
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Ubundi muge murera abana banyu ! Umugabo se ni ki ,mushyire amaboko hasi inyungu na bana ,umugabo ntacyo mupfana rwose
>>
<<@tiny_hunter127
says :
Ejo no heza kandi akwicira ubuzima ! Mwihorere
>>
NEXT VIDEO
>>