<<@ROSETVSHOW
says :
Ushaka kumuvugisha 0785455466
>>
<<@nolive5773
says :
Ese rose wagiye he ko ukumbuwe koko nizereko uzagarukana inkuru nziza
>>
<<@salehalghedaid730
says :
rose bt mbe wabayik ko utagikor ibiganiro nukur ndumurundi ark ndagukund 😢😢
>>
<<@UWAMAHOROAlice-vn8vy
says :
Aunt ko utakiboneks
>>
<<@mukashyakaannefelicite906
says :
Rose twarakubuze wagiyehe koko
>>
<<@antoinettegewinner9041
says :
🤣🤣🤣 uravuga uwomugabo nkangirango ni uwange uvuga
>>
<<@kazedesire8771
says :
Rose ko utakiduha video wabivuyemo?
>>
<<@angeliquemuhorakeye6158
says :
Wagiye he ko ngukunda
>>
<<@mwumvanezavalentine2394
says :
Uretse kurira gusa.
>>
<<@MukakimenyiJosee
says :
Iyooo Rose wari waragiyehe twarakubuze wanjye ibaze nongeye kumva ijwi ryame byiza cyane
>>
<<@NyiraminaniLeocadie
says :
Wari injiji.
>>
<<@nshimiyimanaemmanuel9351
says :
Arko akaga kabaho koko iyinkuru irajya gusa niyumuntunzi kabarore gusa nukwihangana abenshi byaratunaniye😭😭😭 namarira gusa kubakana numuntu bidafasheho uba ugendesheje twihangane wenda tuzahozwa.
>>
<<@ProvidenceKABURAMEUMUGWANEZA
says :
Impore mubyeyi courage.Wibeshye ko ukunzwe ariko wari ukenewe,ibyo akeneye iyo wamaraga kubimuha yarigenderaga.
>>
<<@AngeLaure02
says :
Arko njyewe muzambarize abagore, ni inde wabaroze akabumvisha KO kubana n agahinda, n ibibazo bikururira badashaka gutandukana na source yabyo no gutolera amafuti y abo babana bene aka kageni biri normal!! Reka nishyiremo ko ari film ari kutu raconta!!!!
>>
<<@anickkanyamuneza9601
says :
Yewe hari vuga naziba ibyavuze abarundi.humura mama ariko urintwari ntako utagize imana yarakoze kuguha imbaraga. Ubundi ubawasaze warakoze Kuba intwari ukabicyamo neza❤❤❤imana izaguhe byinshyiii birenze ibyowatakajye ndetse izaguhe guseka uyumubyeyi mwiza ❤❤❤nkwifurijye kurama❤❤❤❤
>>
<<@fredbyiringiro5744
says :
Rose nizereko ibyo ndimo gukeka aribyo.kubera iki utarikuboneka muriyimisi.ndimo kugutekereza tugiye gukikira TU ❤.imana ishimwe
>>
<<@yvettemunezero2706
says :
Rosa ndakwikundira cyane. Uri imfura.
>>
<<@Batagoma-lw6kb
says :
Abu buhamya ntacyo bumarira abanyarda
>>
<<@hiriwe
says :
Mbaga ubuhamya! Yewe haraho bijya gusa nibyanjye nubwo njye ntabasha gutanga ubuhamya dutegereje part two.
>>
<<@epiphaniekamanzi8820
says :
igice cy 2 mukibangutse
>>
<<@bernadettemukahirwa7600
says :
Abagore bakunda bagabo birenze ubwenge ariko ibi byo birimo uburozi ndakurahiye😮😮😮
>>
<<@murungiqueen8202
says :
Sha disi uru Rukundo rurakampusha😢 uyu mudam yarababaye pe
>>
<<@UwingabireAlexie
says :
Mbega umubyeyi wahuye nuruva gusenya weeeee,basi pole
>>
<<@ishimwec3886
says :
Part 2 please!!!!
>>
<<@kigalirwanda8564
says :
Iyi nkuru ndumva ari umugani😅 Nakurikiye kugeza ku mwana w'Ikivejuru numva birancanze😢 Wa mubyeyi we uwo mugabo yari yarakuroze aguhuma amaso agutwara ubwenge ariko hejuru ya byose hari Imana❤
>>
<<@BettyMusanganire
says :
Njyewe ndumva warufite ubucucu bwinshi cyane
>>
<<@judithbabyeyi9735
says :
Egokoooo cyokoze ni akumiro pe! Ubundi hari abantu bashaka batazi igisobanuro cy'urugo,ariko abagabo bo bateye umujinya Kwigobotora umuntu nkuyu biba bigoye, cyane iyo utagiye mu rukundo cyane, uwo muhuye wumva ari uwo,. Abagore n'abakobwa bakanguke basobanukirwe be kwitiranya manipulation n'urukundo
>>
<<@Furaha-v1n
says :
Rose wacu wabaga he ko twakubuze
>>
<<@umurabyochannel
says :
Rose Ma chr urasa neza ❤
>>
<<@nellykarikurubu1923
says :
Sha uwakudunda gusa ntaranatangizikiganiro
>>
<<@BeniFleuryNimubona
says :
Uyomwana 😂😂😂
>>
<<@kathia-i6y2z
says :
Reka tuvuge ko ari urukundo rwatuma ga umwihambira ho da ariko ukundana numuntu atarana gutera inda ukageza aho utwita incyuro zirenze imwe abagore turyetumenya ubwenge umuntu mubi umukunda gt ahubwo njye iyo ungireye nabi rimwe ntangira kukwiga ho kd baravuga ngo umuntu ukugireye nabi rimwe ntanpanvu zuko ejo atakugirira nabi kd murye mumenya ubwenge pe erega nanjye ubivuga ndumuntu ariku tunjyetwiga kurekura abantu umuntu nkuwo uba umukunda ngo ahinduke gt ntamugabo uhinduka pe
>>
<<@abegadarl4716
says :
Ako ibaze byonyine kuntegeka ngo icara kuri moto imwe nabana banjye bose nkakwemerera hah sha bitari uburozi byagorana Mana ndumiwe peeee
>>
<<@IngabireEsther-i1z
says :
Part 2 please 🙏
>>
<<@inor8458
says :
Yewe pole mama warahuritse. Uwo mutima ufite Nyagasani azawundinde pe ibyo sinabivamo. Njyewe umugabo wanjye niyo mugurije cash aba aziko agomba kuyansubiza vuba vuba bitari ibyo twaserera kdi arabizi ko atinze ntakongera kumuguriza.
>>
<<@laetitiaharushimana537
says :
Imana yagufashije kwihangana abandi ntavyo wari gushobora🙏🏿🙏🏿🙏🏿
>>
<<@laetitiaharushimana537
says :
Part 2
>>
<<@KyesimiraEsther2013
says :
Uyu mugore manza ari muri uganda arikuvuga nkabanyarwanda baba uganda. Gusa lmpore mubyeyi
>>
<<@ishimwec3886
says :
Uwo muvunamuheto yari yarakuroze😮😢😢😢😢😢😢
>>
<<@kathia-i6y2z
says :
Ntiwunva ko Ari woe wizaniye ibibazo gt utunga umugabo ukageza aho umufungurira akabari kd ugakomeza ukamubyarira niba warufite akazi mamafranga kucyi utamuretse ngo wikomereze ubuzima bwawe wararangaye peee😮😮😮😎
>>
<<@joselynemubirigi8010
says :
uwo mugabo ni perezida wa mpuzamashyirahamwe wabantu benshii ahubwo buri mugore navuga tuzumirwaa nuko birirwa babitirira ibyo bikoreye umugore wintwari wumutima akaba uzi guhishira umutware muriryo juru nako uwo muriro utazima
>>
<<@zawadiibrahim3852
says :
Mana we wahuye nikigeragezo cyurushako gusa iyo ubaye utarambirwa birashira
>>
<<@AuxiShema
says :
🤔🙆
>>
<<@hirwannelly
says :
❤❤❤
>>
<<@Ceci801
says :
reka nkubwire uri mwiza nubwo ubura iminsi nkutegereje
>>
<<@speciosenyirahategekimana
says :
Yoooo komera shenge!!😢
>>
<<@Rudasumbwatv-e1k
says :
Roza we ntisumbwa uramuzi
>>
<<@Rudasumbwatv-e1k
says :
Nishimwe rose my sweet ndakwemera
>>
<<@graceuwisanze7387
says :
Cyakora ndumiwekoko,Uyumubyeyi niwe woroye umugabope,ubuse harabagore bagifite imitima nkiyi?
>>
<<@Truelovekamikazi
says :
pole sa Mubyeyi !!! ntukirenganye kuko iyo ufite imya 18 cg 20 ntabwo watekereza nkufite imyaka 44 nkiyo ufite ubu . so wari mukuri mugihe cyawe . don't blame yourself and b strong!!! ayo kdi ni amateka ntugaheranwe !!!
>>
NEXT VIDEO
>>