<<@emmanuelkundimana466
says :
Ibintu muri gusobanura nibyo pe education yahindutse ubucuruzi akenshi umuntu yigishwa ibyo kumutakariza igihe kd akabyishyura ntanaho azabikoresha.
>>
<<@Microversestudent
says :
Cyaze ikiganiro cyirimo ubwenge
>>
<<@bazaramyainnocent5229
says :
Nakifuje ko iki kiganiro cyakumviswe nabayobozi hafi yabose
>>
<<@AndreaMinani-p8n
says :
Mwibuke ko udashobora kubona contracts 2 imwe yo kumanywa indi ya ninjoro. Ntibyemewe.
>>
<<@AndreaMinani-p8n
says :
Imyaka yo kwiga aigenwa nabanyiri ibigo by'amashuli. Kuyigabanya ibyo bigo byahomba.
>>
<<@uwimpayeavit103
says :
Abantu benshi bamara umwanya munini mu mirimo itabinjiriza amafaranga: mu Byumba by'amasengesho, muri za chorales n'ahandi nk'aho.
>>
<<@KarimMuyango-o6m
says :
😮😮😢analyses z'aba bantu ni bidons harimo ubugoryi bwinshi,d'abord iyo leta itanze congé hari charges iba yirinze kubera seulement uwo munsi, ufatanye na Week-end, kubera ko services nyinshi zidakora, ariko iyo congé ntibuza ko les services z'ingenzi zikora., niyo mpamvu murimo kuvuga ubusa. A moins que mutabizi. Ku byerekeye na moses,(SIEP1) murabeshya kandi muraroga rubanda, kuko ntahantu na hamwe yavuze ko yanga abatutsi, inkotanyi si abatutsi n'abatutsi si inkotanyi, kandi nta tegeko ribaho ritegeka gukunda Kagame, Voilà , murakora nka ba Kantano, ariko ntibitangaje kuko na Scovia yasimbuye Bemeliki.
>>
<<@IshemamarkSabra
says :
Ubundi murwanda leta izadufashe idushyirireho banki ishinzwe inguzanyo zubuhinzi nubworozi nindi ishinzwe inzu zimiturire
>>
<<@BrigitteTuyishime-j7h
says :
Mfite amatsiko ko kumenya umushahara muhembwa!
>>
<<@lambertnyoni656
says :
Covid ytweretse ko gukora bidasaba kwicara mu bureau
>>
<<@uwayezubeatrice9883
says :
😂😂😂😂😂😂Akantu ko gukona urushishi 🙀🙀🙀
>>
<<@mugiranezabosco9070
says :
Yesu hagati y'ibisambo bibiri
>>
<<@NASABYIMANATheoneste
says :
Ndabakunda cyane
>>
<<@lynamusabimana8578
says :
Ilindi kandi ino iburayi( ndavuga Belgium) abana bemerewe gutangira gukora guhera ku myaka 16, bakaba bafite amasaha bakora ku mwaka. Nukuvugango umwana akora gahunda yo gukora muri za vacances za pasika, noheli ndetse no muri weekend akiga gushyira udufaranga iruhande. Icyo gihe iyo aguiye kuri universités baba bifitiye argent de poche: dore urugero rwu tuzi bakora: gukora muri restaurant, gukora isuku muri za bureaux, ibitaro amahoteli, gukora muri super market, gukora delivery, gutunganya jardins. Gulorqvmuri patisserie, abiga nursing gukora munbitaro as student... Byose birafasha
>>
<<@DioPrimetv
says :
Ubushomeri bwo bumeze nabi rwose, kwigisha abana kwihangira imirimo nabyo biragoranye kuko isoko ry'umurimo riracyari hasi
>>
<<@lynamusabimana8578
says :
Muransetsa rwose. Ino muri Europe ibyo bita congé prolongeerde ou bridge ou pont biremewe cyane kandi biterwa na Droit du Travail. Usibye ibitaro n'ibindi bikorwa byi banze.. Ariko umukozi wese ashobora kuyifata akurikije iminsi ya congé afite mu mwaka.
>>
<<@edenitvofficial
says :
Ibyitwa BDF iyo bivugwa numva Ari cinema njye nayoboye akagari imyaka 6 nta muntu numwe wabonye inkunga cg inguzanyo ya BDF kdi barasabaga
>>
<<@uwiringiyimanadiogene1350
says :
Kugurisha mu Madorali ntibyemewe Joseph we! Buriya na Forex bureaus ntizakabaye ziri mu gihugu cyacu!!!
>>
<<@bkb3192
says :
Murakoze Cyane. Nakurikiye. cyane..cyane..kubibazo byubushomeri, nibura ry'mirimo. Hari ibitecyerezo byiza nkuyemu. Mukomereze aho
>>
<<@pater-p4i
says :
Sinkongwa mu burezi ahubwo ni imungu mu burezi
>>
<<@GiovanniClaudioDEFALQUE
says :
Ikibazo cyo kubaho birenze amikoro, guhora mu buzima bwa shiwbiz bakulikije ibyo nirirwamo kuri social media, kubaho barota, bakibwira ko ubuzima ariko bumeze, kwiga ntuce ubwenge ngo ubashe gukora analyse ngo utandukanye ukuli na réalité? Nkunda uwijama witwa MAGY THÉ BLACK: arahinga, akorora agasana frigo z’abakire kandi agatunga benshi
>>
<<@GiovanniClaudioDEFALQUE
says :
Bwana Yozefu, ikibazo cy’uburezi mu Rwanda umaze kugikoraho ibihaniro byinshi kandi utanga ibitekerezo byubaka nyamara nta myanzuro ifatwa. Igitekerezo cy’ama konji angahe akulikiranye iminsi ingrate ku gihugu gukennye ni ikibazo gikomeye. Baba baguhaye igihe cyo kwitekerezaho rwose
>>
<<@mazimpakaeliphaz4680
says :
Bwana Joseph, ubaze Impaka wibagirwa akomerezaho masters, ukibaza agiye kumasitaringa iki?
>>
<<@gacinyamyambi7038
says :
Education y'urwanda ntiyagira ireme mugihe abayirebera batayiteramo , Minister se niguteya yababaza ko abane batayirerwamo.
>>
<<@nsanzimanafilippe7212
says :
Ibyo kuba umuturage yaranze gutangira isambu ye mukiranguzo byo ntibirimo nibamuhe Cash nabo barabizi yuko isambu ye ari zahabu itunganyije ayo bazayatura kwiki cyumweru cya mbere cyukwa gatanu
>>
<<@baributsafilms
says :
Education buriya yacu ntago yabaye business kuruta icyo twayitegamo abantu bige gukora bareke kwiga kubaho nicyo gisubizo
>>
<<@RUGERO_TV
says :
Ikibazo cya kaminuza zo murwanda zishaka amafaranga kurusha ubumenyi zitanga kuburyo haramasomo bategura kugirango igihe kibe kirekire ark wareba icyo iryo somo rimaze ukakibura? Ndumunyeshuri muri kaminuza imwe hano ikigali ark ureba ibintu umaze umwaka wiga ukabona ntacyo wabimaza hano hanze kd wishyuye amafaranga ari hejuru ya 700k muri make university zo murwanda niscam zigendera.
>>
<<@cyusaernest5931
says :
Dufite ikibazo gikomeye byo. Uburezi bwacu ntibuhuye na demand yimirimo ducyeneye. Ikindi abantu bigira kubona diplome apana kumenya
>>
<<@dialtd3161
says :
Niyo yakugama kuri secondaire bwana Yoze hahaaaa ariko ibyo uvuga abanyaburayi nibyo bakoresha kandi bitanga umusaruro
>>
<<@gisanurakirenga9331
says :
Joseph uri umuhanuzi niba utari intumwa
>>
<<@thexuma9700
says :
Ibyakazi byo byihorere.njye narakoze ndatsinda barakanyima umwanya usubizwa ku isoko kugeza liste ibaye expired .
>>
<<@nyiresthertv8572
says :
Joseph mutanze urugero rw'umusigiti iruhande rwa zion Temple habaye amananiza ariko ubu byarangiye bagiye kwisabira Gitwaza kuhagura , uwo muturanyi wo kwa Yezu Nyirimpuhwe nibamwihorere bakomeze isengesho Imana ifite uburyo izagura ubuso ariwe bwite wiyingize Kiliziya , ikindi agurishije Kiliziya nta maninza ni we uronkeramo byinshi cyane muri Kiliziya urugero Sina afite byinshi bizwi yatanze nk'impano no kugera ku butaka , kubaka Kiliziya ari wo uriya mugisha umwizanira , icyubahiro afite , buriya n'abe bose yarabaronkeye n'ibihe biri imbere , abenshi mu bana bacu bishyuriwe amashuri , kugira umugisha mbona ko ari igikorwa sogokuru yadukoreye mu bwitange yagize Kiliziya igeze iwabo umugisha , naho bamuha ayo ashaka habaye amananiza bizayoyoka , benshi ntibamenya no gusigasira umuryango kugera ku bisekuru bizaza ! biciye mu neza
>>
<<@EricRUKUNDO-m6v
says :
Uwavuga iby uburezi ntiyava mu nzira. Habuze igitoroshi. Niba ari uko bidahitinga, itangazamakuru ntiribyitaho. Petit frerr yambariye ibyo babamo muri TTC numva ni hatari.
>>
NEXT VIDEO
>>