<<@GSBUGARAMA
says :
Imana iguhe imbaraga igukomereze muri uyu murimo
>>
<<@UwahoroGrace-l2v
says :
Ibyimana ntimukabi shukishe abantu ibi mushyira mubantu ayomadiniyose bazayace nabibiriya yazazice nibazozo mwifashisha muhesha abantu ngo nibitabo byana nubundi ababaruwa yanditse ntabwonabonyemo bageneze umunyafurika numye umuntu yiburiye amafrw yokwishyura inzu nkahoyagiye kuyashakisha nga araje mumusomere muri matayo 5 π’π’π’
>>
<<@nisigay
says :
arikuyobya abantu
>>
<<@NkuriyurwandaAlbert-k4y
says :
Murabamenipr
>>
<<@BernardNdabunganiye-f6t
says :
Ameeeee
>>
<<@IrabiziBruno
says :
Komereza aho mwene da nanje niteguye kurwanira ukuri.
>>
<<@InezaAlice-f1i
says :
Arikose kwabantu banarenganye umuntu ubwentakijijwe ngo arikubatiza abandi badakijwe birababaje nabasutse direde ngobarikubatiza ahaaaaa nugusengacyane benedata ibintubirakazepeee
>>
<<@InezaAlice-f1i
says :
Nonese umugani bibiriya ivuga umwepisikopi agomba kuba arumugabo wumugore umwe none abagore nidewabibabwiye ngobajyebabatiza nkuriyamusoresewe wisukishije udusatsitwohejuru akogoshesha udusastitwo kuruhande nawe nkabambona nawe arikubatiza biremewe? yewe ziriyanzarase zozuriya niriyaminwa byuriya mupasiteri. biriyabyo nibiki? yewe nakataraza izimburamadini ni mburamatorero bazakazana mugahora mutuburirangotuyavemo ngomurikubenshya rekabakiyarimo bahure nakaga nibobabyiteye uwiyishe ntaririrwa murakozecyane Imana yamaho ikumperumugisha.
>>
<<@fashayoeugenie
says :
Ibyo uvuze ndabyemera cyane nta bishop w umugore ukwiye
>>
<<@ClaudineININAHAZWE-s8j
says :
Imana ikurinde mukozi w'Imana mwiza urakunzwe na yesu kubwubutumwa bwiza murwanda biteyubwoba vyukuri yesu araje vuba rindiraπ’π’
>>
<<@ClaudineININAHAZWE-s8j
says :
nukuriii ntamugore abatiza ntanabantu babatiza ariba3 Imana igiye kumugaragaza ivyiwe bimutekurukane mwizina rya yesu christu Amen
>>
<<@NdayishimiyeViolette-l2m
says :
Uvuz ukur mukoz wimana
>>
<<@uhagazephilbert9930
says :
Pastor, kiriziya Gatorika yashinzwe na Yezu ntabwo yashinzwe nuwo wavuze, ikindi ntahantu handitse ko tugomba kubatizwa mumazi menshi, ahubwo, Yezu yaravuze ngo Mujyende mubabatize mu Izina ry'Imana Data na Mwana na Roho Mutagatifu, utabatijwe muri ubwo buryo ntabwo aba abatijwe, Kandi Catholic church ntabwo yanga kubatizwa kw'amazi menshi kuko hari hari ubwo bayakoresha cyane cyane mubihugu byo hanze,
>>
<<@MutanganaJeanBosco-r6d
says :
Murakoze cyaneee abantu barayobye
>>
<<@JanuNkunda
says :
Plz nimumbgire title y iyo ndirimbo ivuga ngo "azoba afite ubwiza budasanzwe azaba afite ingororano yo guhemba buri wese bwana n imirimo yakoreye ng aha kw isi nawe ncuti yanjye azakwambika ikamba"β€β€β€β€irimo amagambo meza cyane
>>
<<@delefineuwimana4012
says :
Yes bashobora kubatiza barenzβumwe bivanye nubunini bwumuntu, Juliane yarakeneyeye umuntu wo kumufasha. Mwikomezβibintu.
>>
<<@uwinyangemarieclaire8783
says :
mu ijuru nzasekaaaaaaaaaaaa nimusanga ibi mupfa byose ntabuyo bazatubaza!!!!!!!!!π
>>
<<@uwinyangemarieclaire8783
says :
ariko ibyakozwe byose byanditswe muri bible!!!!!!!!!!!!niki kikubwira ko abandi babaga batari kumwe n' abandi
>>
<<@KigaliKigali-u1u
says :
Courage Mukozi w'Imana turagukunda
>>
<<@NZUMVIRDavid
says :
Uravuga ukuri cyane Kandi urimo Umwuka mwiza lmana ikurinde cyane
>>
<<@KwizeraHenry-v1e
says :
πππͺπ πππ¦ππππ£π πππππ ππ¦ππ πππͺππ£πππππ πππππ£ππͺ π¦π£ππ§π¦π«π π¦π₯π ππ¦π£π ππ€π£πππ ππππ£π πͺπ ππ¨ππππ£π πππ€π¦ ππ£ππ€π₯π ππ ππ π¦ππ¦ π₯π¨ππ£πππ¨ππππ£ππͺπ πππππ πππ¦ππ¨πππ ππ¦ππ¦πππ«π ππ¦ππ πͺπππ¦πππππ¦π£ππͺπ ππππ₯πππ ππ ππ π¨π π¨π πππ¦ππ§π π¦πππ£π ππ¦πππ₯πππ πͺπππͺππ£π πππππ πππͺπ π¨ππ₯π π¦π£π¦π₯ππ£π πππ¨π ππ¦ππ π¦π£ππ€ππππ ππ¦π§π¦ππππ π¦π£π¦π€πππππ£π π£π¦πͺπ ππ π¨π ππ¦ππ¦ππ π£π π£π¨π¦πππ₯π€π ππ¦ππ¦π€πππͺπ ππ πͺπ πππ€π π€πππ πππππ«π πππ¦ππ¨π π₯π¨ππ₯π¨ππ«ππ£π ππ π¦ππ¨πππ ππ¨'πππππ ππ¨π¦πππ₯π€π ππ¦π£π ππ£ππ€π₯π πππ€π¦π
>>
<<@KwizeraHenry-v1e
says :
ππππ£π ππ ππ¦πππ£π ππ¦πππππ π¦π£π¦ππππ«π ππ¨π ππ¦π£π π‘ππ£ππππ₯ πππππ ππ¦ππ ππ¨ππ€π ππ¨ππππ€ππ π¦ππ¦πππ₯ππ«π ππ¨π π¦π¨ππππ£π πππ π£π ππ¨ππ€ππππ£πππ¦πππππ«π
>>
<<@fidelemusiri9504
says :
Nβukuri jewe ntuye Australia kandi ndβumushumba muri pentecote.Ivyβuvuga nβukuri 100%
>>
<<@nfjtech4934
says :
Kiryoryi vuga ibyo Uzi
>>
<<@ndahayocreed6660
says :
Nibyo bikoze bigize abarwayi bararwaye umva ahubwo abajijuka nibajijuke injiji ziracyahari. AbΓ vuga ko Ari ishyari bashaka ko bakora ibyo bitekerereje
>>
<<@ε€§ε«0
says :
Bisa nibyo nabonye murusengero Tanzania nahise mbacika bucece abo twajyanye bansanze murugo kbx
>>
<<@manirakizamichas3120
says :
Ariko ko ataco wabuze kuri Maquillage tubona hariya nimyambarire?abakobwa bambara za mini,ama pantalon Ko n taco ubivuzeho.,?
>>
<<@Nzamwitakuzede
says :
Njye sinumva nukuntu abantu babwirizanya ubwibone ntakwicisha bugufi nkibyaranze Kristu
>>
<<@Isaactoyi
says :
Nanje bansobanurire ico irijambo risigura naho ubugarariji bwabishe 1 Timothy 2-11-12
>>
<<@ConstanceTuyizere
says :
πππππ
>>
<<@ConstanceTuyizere
says :
Karabaye ππmwasaze murikuvigishwa ππmukomeze musakuzeeeeeee
>>
<<@wonderful3239
says :
Mbega amashyarìiiiiiii weeeeee muzumirwa peeèe .ubu tuvugeko mutazi ibyo muri gukora .YESU ARI gukora ntaho nabonye satani abwira abantu gusenga .
>>
<<@UwimpuhweLiberee-nz5qs
says :
Nukuba maso ibihe turimo ntibyoroshye tugeze mubihe byanyuma ufite amatwi niwe uzumva ibyo umwuka avuga
>>
<<@kwizeraaimable5884
says :
Nyine bagwa igihumure kuko baba barenze kwitegeko rya Bible ntamugore uhagarara ahera ngo abwirize cyeretse niba naho harajemo Gender
>>
<<@kwizeraaimable5884
says :
Ahubwo ababantu bakorana na sekibi! nigute umuntu ahwerera murusengero we! Toka Dayimoni ngo Paster!!? Toka! toka! ntunyobye
>>
<<@kwizeraaimable5884
says :
Nabe arya ayo nubundi nimenshi
>>
<<@IgitangazaKelly-m2s
says :
1. Julienne kuri case yumubatizo(nuko grace room Ari ministry Atari itorero ryemewe kunatiza) sikinazo cyuko yabatizaga kuko ntamabwiriza Bibiliya ivuga ngo umuntu uvuye mumazi kubatizwa yifata atya. bitewe namarqngamutima nubuzima winjiuemo nubwo uvuyemo ukaba wagira uko wifata sikinazo cyuwabatije. 2.uriya muntu mwafotoye umanitse ibiganza bitagenze mumazi ni agace ka vedio kuko iyo Hari igice kitagese mumazi bamusuhizamo ntabwo mwakomeje kwerekana niba atarasubijwe mumazi. 3.ese mubigishwa ba yesu yahamqgaye kuba ntamugore warimo nuko abagore batagomba kumuyoboka? Abagaratiya 3:28(muri Kristo yesu ntatandukqniro ryumugabo numugore cg umugaragu na shebuja) umugore kuyobora itorero sikibazo. 4.Niba Koko warize Theology(Bibiliya yandikwa Hari ibintu witaho: aya magambo yqnditswe nande? yayandikiye he? Hari target group yabwiraga? cg ninyigisho rusange?) rero Hari imico imwe nimwe yarangaga ahantu nkabagore batabarwa, cg batagira ijambo muruhame......) ibyo byose iyo wigisha ubisanisha nigihe turimo nabo wigisha kuko Bibiliya niyibihe byose. 5.Naho gushinja umuntu ngo imbaraga yazikuye ikuzimu ibyo n'Imana ubwayo ubizi cg nawe waragiyeyo mugahurirayo.
>>
<<@SarahNiyonzima-b6m
says :
Julienne niwihane ntacobitwaye kwongera kwakira Yesu nkumwqmi numukiza
>>
<<@SarahNiyonzima-b6m
says :
Nukuri jw ntacondi mubyImana arik uwokorana namagini nikwamaso yanje abona Ikigeretse niba afise vyabivuta vya Uganda na Nigeria kuk mudhska amavuta arukwo mwamaze kuba aba pastor smavutabaza Iyumuntu yasenze samatajurano
>>
<<@ISHEMAEmpire
says :
π’π’π’π’π’
>>
<<@jeanbaptistentibenda9666
says :
Njyewe ndibaza aho wari uri kuva atangira kuyobora itorero! Ko utigeze uvuga ibi byose mbere yuko itorero rue rifungwa?
>>
<<@FrereeModeste
says :
Nonese, niba amadini yose ajyana abantu mwirimbukiro, tuyashokemo? Ubwose guterana kwera dusabwa ntakukibaho?
>>
<<@alphagisore123
says :
Nawe uvuga abantu ntibabura icyo bakuvugaho umuntu nahura nikibazo ntimukihutire kumuvugaho kuko uyumunsi ni Julien kabanda ejo ni wowe
>>
<<@AlufaBenadi
says :
Nukuri binobintu biteye isoni mana tabara tabara
>>
<<@AlufaBenadi
says :
Eeee nihatari umugore asigaye abatiza??
>>
<<@hopesibo7712
says :
Nabapangani umugeni aturimo
>>
<<@hopesibo7712
says :
Umugore ntabwo abatiza
>>
<<@JanuNkunda
says :
Nihatali,uwamenya title yako karirimbo ayimpe
>>
<<@tuyisebgejuvenal
says :
Ese past mwuka wera nuwuhe uwirabura nuwuhe muzodusobanurire
>>
<<@Gahugu
says :
Izi mbaraga zikubita abantu hasi n'imbaraga mbi
>>
NEXT VIDEO
>>