<<@KkitgGfed
says :
Joseph na vanesaa mwaramutse neza c? Vital i Rulindo wowe urasetsa nanjoro irakata cyane uziko tucyiri abana twazikatishaga ibiti kwijosi ho nako kanya pe ndabakunda cyane kunama yumutekano
>>
<<@jean2706
says :
Joseph ari kukivuga nkahita ntekereza icya Vanessa. Ndavuga ikinyarwanda😂😂
>>
<<@aimeecl1735
says :
Joseph uravuga ukuri 100%
>>
<<@MPH-pt2nf
says :
Inama y'umutekano ni nziza ariko rero bwna Joseph Hakuzwumuremyi shaka ukuntu ijanisha rya contribution ya Joseph Iradukunda na Inkindi Vanessa rizamuka. Mu bigaragara 80 % by'ikiganiro aba ari wowe wenyine. Ntabwo 20 % by'ikiganiro aribyo Joseph Iradukunda na Inkindi Vanessa bakwiriye gusaranganya. Gerageza ubihindure. Urakoze
>>
<<@uhawenimanathierryclaudien7641
says :
Ubundi ibijyanye n'isezerano bikwiye gusubirwamo. Ntekereza ko gusezerana ubwabyo bizirika abashakanye aho kuba urukundo n'ubufatanye bikaba nk'aho ari contract igihe yaba idakurikijwe umuntu akaba yabaye umuhemu. Niyo mpamvu ibi bikwiye gusubirwamo cyane ko muri iki gihe hari ibyonyi byinshi byangiza umuryango kandi ntitwirengagize ko maturity level yacu nayo ikiri gukura. Ikindi, ese ntihageze ko amategeko niba ariyo tugenderaho yavugururwa umugabo akemererwa gutunga umugore urenze umwe mu gihe abifitiye ubushobozi cg hakabaho igihe cy'igeragezwa mbere y'uko abantu babana. Hari henshi yaba mu karere cg no mu bihugu byateye imbere bikorwa. Ikindi hari policies twishyiriyeho nazo dukwiye kongera gutungamo itoroshi niba koko dukeneye sustainable socieconomic development.
>>
<<@JeanNtaganda
says :
Uvuze abantu bapfuye nicyo bazize ariko ntiwavuze abo leta yivuganye kandi nabo barahari kandi urabizi
>>
<<@sanziraamon4126
says :
Noneho ikibazo kiri muri RIB gikomeye hariyo abana hari nibyo utababwira kuko akenshi usanga rabana kuburyo hari nkibyo umuco utemera kuvuga bitewe nuko ubareba nihajyeho nomero wa wajya ukandaho ikerekana aho uri utavuze bakoresheje ikorana Buhanga kuko hari gihe ubu sumbirijwe kuvuga bidakunda cg wavuga agahunga
>>
<<@NdayisengaGilbert-u6p
says :
Abantu bakomeze binjire mucyumba rwose turebe ko ubutaha umwanditsi yazajya aba afite icupa ry'amazi . Gusabwo amakimbirane yo mungo akomeje gufata intera hakenewe umuti urambye
>>
<<@nsanzimanafilippe7212
says :
Urwego ugana ubwira yuko wahohotewe akenshi uzasanga nawe abayeho nkurya ibinini bya sida rero umuryango urageramiwe hari ikintu mbona gikwiye kubaho nuko leta nk'umubyeyi yashyira imbaraga mu gusobanurira abaturage bayo icyo yita uburinganire kikumvikana neza ibya kopfora mpamagare RIB bigasobanuka kuko urugo rubi ni Cancer idakira😢
>>
NEXT VIDEO
>>