<<@MbarushimanaGodefraid says : Mweneda urakoze cyane muvandimwe Imana iguhe umugisha Imana iturinde icyaturangaza cyose>> <<@EriIsi-x7s says : abanu bumva mabi wagu>> <<@bizozmohamed9783 says : Nibyo inzira nziza burigihe inyurwamo nabahanga kuva mubuyobe Niko Kuba umuhanga nonese KO abanyafrika twitesha ubumenyi Kandi tuzineza barubwira gukurikiza ingingo zabo Kandi bazineza KO tubarusha ubumenyi ? Nuburambe mubuzima No kumenya Imana>> <<@bizozmohamed9783 says : Nibyo ukuri nuko Imana Itaba munsengero Ibana natwe buri wese ubishatse azabana nayo mwitegereza ahubwo mwitondere ibyanditswe ndazinezako nta gutegereza NGO bazakizwa Yezu nagaruka ntibatinde yezu ahora hano mubuzima bwacu Arahari ubu nawe Uri kuvuga Kandi akuzi kuva kera mubutumwa bwiza ,gusa habura ko umenya nanjye Imana Ifashe abagukurikira bakunde gusoma bibiriya neza bazamenya ibanga amadini akoresha nukubaha Imana nabo batayizera>> <<@TuyizereEric-t1q says : Imana ikugirire neza kubwo kuvuga nukuri kuzima>> <<@SinumvayoOGist says : Ndagukundape uvugaibyo amadini yananiwe>> <<@TriphineUwampamahoro-c3t says : Imana ikomeze ikurinde kuko haribenshi bakeneye kumenya ijambo ry'Imana>> <<@TriphineUwampamahoro-c3t says : Imbaraga n'amavuta>> <<@MukomezaGaston says : Yeremiya 1:10 umwijima w'icurahurindi ukwiriye gutamuruka mu mutima (ibitekerezo)WA mwene muntu wese usonzeye ubutungane bityo ukuri(Kristo )akimikwa mu mutima.Kristo ntaho ahuriye n'ibinyoma nta nsengero z'Imana nk'inyubako ziriho Imana ituyemo kuko ibera hose icyarimwe.Abayobozi b'amadini bita ariya mazu ko Ari izu z'Imana baba bagirango babaheze mu mwijima wo kudasobanukirwa urusengero nyakuri urwo arirwo ngo batazabavajo baba Kandi bashaka kuguma kuba abayonozi b'inteketezo zabo .>> <<@MurebwayireEpiphanie says : Amen.gusa ndashaka kubana namwe pe.nabuze inzira nacamo ,>> <<@hitimanavedaste5288 says : Harya Ezra ntabwo yafatanyije na Nehemiya?>> <<@hitimanavedaste5288 says : Weekend nziza Ntumwa ya KRISTO!>>
VideoPro
>>