<<@AndreaMinani-p8n
says :
Sounds System yanyu irapfuye pe
>>
<<@simonbir3835
says :
Hello, umuryango TV. Nkunda ibiganiro byanyu, ariko iyo sound yanyu bibaye byiza ya no zwa kuko hari ukuntu wumva iryana mumatwi kdi biroroshye. Mubinyemereye nabibafashamo. Gusa izo mics muri gukoresha niziza niza RodePodemic. Bazita hungry mic zikenera izindi device.
>>
<<@mutigandamoise4585
says :
Ba yozefu bombi ndabashuhuje ndinumunyamuryango tv nkundi inkindi mukomerezaho 525
>>
<<@hakizimanafidele99
says :
Mwakosoye
>>
<<@HappyUser-y5h
says :
Good to see grand-joseph is back
>>
<<@mlaude-vk8rj
says :
Nkunda ukuntu utwitaho
>>
<<@danieluwiringiyimana8075
says :
Nice sounds✅✅ Mujye mubyitaho. IBINDI ni saw
>>
<<@Rwanda20
says :
Ngo uburyo watwara igikombe utatsinze😂😂😂
>>
<<@mbizinezadieudonne4011
says :
Erega mwe icyo kuba umugore yapfuye nu mugabo wasuwe nawe yapfa. Iyo dossier imeze nkibabahungu bo muri Kigali. Joseph uri mukuri peee!!!
>>
<<@FlorenceTuyisenge-d5y
says :
Ibyo bintu byambayeho umugabo yigarurira abana burundu kuburyo bamvuyeho burundu,ariko si byiza nagato
>>
<<@twagirumukizajanvier2850
says :
Mwakoze gukosora amajwi,inama twayikurikiye dutuje.
>>
NEXT VIDEO
>>