<<@AndreaMinani-p8n
says :
Ndabona Yozefu atagatifuje Chateau le Marara. Ntabwo muzi ibibazo bibemra mumahoteli. Naho ibyo kuyivugira rwose wapi. Aha singushigikiye
>>
<<@emillemuneza
says :
Erega hari abantu twashyize kuri lever batariho pe hotel icuruza icyumba cg ibyumba bitewe na season igiciro gishobora kugabanuka cg cyikiyongera ubuse tuvuge ko batajya bumva promotion z'amahoteli kuri Saint Valentin?! Ikindi services mbi, ibyo kurya cg kunywa iyo byabaye consumed utaravuze mbere ngo bahindure ntacyo bitanga ahumbwo nibishyure bave kuri social media
>>
<<@MS-dp2qg
says :
Micro yuyu mugabo harimo akantu katavuga neza. Mujye muye installa neza
>>
<<@thebestornothing8410
says :
Uko byagenda kose njye nakoreye mu mahdollisimman imyaka 5 ubu nine byarangiye njyewe ubwoba Maraca sinayiraramo nubwo batari byose niyo shusho nabonye
>>
<<@Nkezuwimye
says :
Nta muntu usobanutse wajya gukorera ubukwe ahantu adafitiye amakuru ku bwiza/bubi bwa service ihatangirwa
>>
<<@Miko-Real24TV
says :
Ariko c nubwo waba utazi gutegura Koko wategura imineke idatonoye ukayivanga nibindi bihase cg bitonoye ,simbyumva pe mwankandira ku gafoto mwamfura
>>
<<@santeplus5311
says :
Rwose aba bantu bakurikiranwe pe basebeje Hôtel y'abandi gute baguha service mbi du 1èr au 3ème jour ntuvuge ahubw ukavuga hashize iminsi harimo tena. Nukuri bishe izina rya le Marara kko kubishyira social media hari intention mbi bari bafite atari iya Service kdi sibo bambere bayakiriwemo kki ntawundi wavuze ibyo bintu.
>>
<<@niyomwungeridominique1545
says :
None se Joseph mukuru ....ntabwo uziko hari abantu bakize kurusha NGO😂😂😂😂😂
>>
<<@hagolhubs5313
says :
ntabukwe butagira ideni kweri, ubundi kobanabanaga kdi umugeni akaba yaranarongowe bakwishyuye ko nubundi ari abakire
>>
<<@UmuhireCarlMax
says :
Ariko akantu kakandazi ko ni mamayake 😂😂😂😂😂
>>
<<@UmuhireCarlMax
says :
Apu niba RIB ibijemo, mpise ngira ikizere,ubu ibikabyo no kwitana ba mwana birarangira
>>
<<@irenemusengamana6855
says :
22:24”: ahangaha niho Yosefu mukuru azira. 😂😂😂😂
>>
<<@nandmedia2141
says :
Amakuru nyayo naha abarizwa kbsa
>>
<<@princejeandedieu6337
says :
Joseph nkwemera kubi....nzaza unyigishe kabisa
>>
<<@TvParadizo
says :
Hôtels z'icyama ziri hafi zishyiremo imiyaga
>>
<<@TvParadizo
says :
Analyse nziza Joseph SENIOR N'umusore ''inkumi 👏🏽👏🏽💫
>>
<<@ianq18
says :
Joseph H. Nkunda ukuntu ucukumbura inkuru, nkubu rwose birasobanutse abo bakire nibishyure
>>
<<@vincentkarega3176
says :
Ni Le Marara ntabwo ari La Marara
>>
<<@twagirayezualbert9719
says :
Sha muruma muhuha pe
>>
<<@AubinBake
says :
Ahhah ahubwo batinze kubitanganza
>>
<<@idriss-k6e
says :
Marara mumureke ashye wubaka hotel itagira Generator gute?
>>
<<@izirimunziratv9480
says :
Umanika agati wicaye wajya kukamanura ugahagarara
>>
<<@roggerbaganizi9700
says :
Vanessa ni we wanjye tu
>>
<<@Fhcareprovider
says :
Quelles filles u Rwanda rufite?ngoni influencers dans la stupidité !Kandi abakobwa urabazi naje bazingo umugabo yishyuye batazi namasezerano
>>
<<@user-qy9kn8vz3e
says :
Nkibona iriya nkuru, nahise mbona ko harimo ikibazo. Uretse amarangamutima y' abantu bamwe na bamwe agaragara muri media, byumvikana ko n' uruhande rwahawe service narwo atari shyashya. Sinshyigikiye services mbi,ariko hakwiye ukuri kuri iki kibazo.
>>
<<@woodsmachinery3670
says :
Ibyabakire byajemo ingaru
>>
<<@bikambabagirishasimeon9243
says :
Ese ukoze ubukwe abashije yaba iki?
>>
<<@irambonaxavier
says :
Nibajye mumitsi nabanyamafaranga ndabikunda
>>
<<@FelicisHat
says :
Ntabwo bisobanutse kuba Chateau Le Marara yaba itagira Standby/backup Generator kandi ari imwe muri requirements zishingirwaho hatangwa Occupation Permit
>>
<<@KampireAime
says :
Utumye tugucishamo ijisho Kandi nahoteri twayimenye, ibyo bihurirahe nokubura umuriro nokunywa amata afpuye
>>
<<@anastasehabanabakize9472
says :
Habuzemo umugabo niko nkuyemo rwose ,urakoze Cyane bwana Hakuzwumuremyi Joseph.
>>
<<@yisabriel
says :
ARIKO se tuvugishije ukuri irindazi ni breakfast yirindazi umuntu urwaye diabète yabaza icyo ashaka ngo rya rindazi niryo twaguteguriye
>>
<<@Ngewetuuuuu
says :
Always uyu Joseph ahora Ari biased... Uri kuvugira hotel...urya ruswa yarakumunze...ubu bamwishyuye none uri kuvuga ubusa ...ndakwanga
>>
<<@yisabriel
says :
Nawe Uri kuvugira hôtel ubanza bakwishuye pe ! ARIKO se ririya rindazi ni breakfast ya hotel koko
>>
<<@i.p.k.5872
says :
Joseph mukuru ku mazina yawe nukongeraho Marara..😂😂😂…watamiye peee
>>
<<@AngéliqueUmuhoza-i7m
says :
Une Bonne analyse. Justice pour le chateau de Marara. Kudos
>>
<<@i.p.k.5872
says :
Joseph muto aba yikubitira za hors sujets gusa gusa!!!
>>
<<@bazimazikialexandre8917
says :
Karongi!
>>
<<@manamanamuryango4864
says :
Byagorana ko iyi holeli itsinda niba yemera ko yabuze umuriro ikica ibirori by abandi, niyemere amakosa ice bugufi isabe imbabazi. Ni gute holeli iri kurwego yishyuza cash nkizo ibura umuriro ikumva ari ibintu bisanzwe gutyo gutyo.
>>
<<@InnocentGasirabo
says :
Abo bageni bagomba kumenya ko ibiciro bya hotel bihinduka bishingiye kuri promotions za hotel. Gusa ngaye abumva ko kuvuga ibitagenda, ari ugusebya igihugu no guca intege abashoramari.
>>
<<@lasibous
says :
Arikose umuntu afungura channel ya télévision kugirango avuge ibyo yumvise atabifitiyemo ubuhamya? Ese mwabantu mutunzwe numumwa mubamuzi imbaraga abandi bakoresheje kugirango mugire ibyibanze kubashitsi. Ibyo musaba mubanze mubigire iwanyu kugirango mumenye agaciro kabyo.
>>
<<@inzovundende6049
says :
Best edition of the show ever ❤❤
>>
<<@muhandaEspoir
says :
Ntabwo ariminembwe ni masisi
>>
<<@clementbikorimana2251
says :
Mwabaye bias
>>
<<@niyoyitafrancois2227
says :
Bafashe abarongoranye kuzahirwa nurugo have mumaganya biturangaza
>>
<<@niyoyitafrancois2227
says :
Hari kubura abayobozi gute buvugwako harimo ibikomerezwa
>>
<<@jeanvaljean3848
says :
Ngo inkuba yari izi gutoranya umunara wa SALUS ikaba ari wo ikubita wonyine ? Ariko i by'i Rwanda ni biratangaje mba mbaroga !
>>
<<@HappyUser-y5h
says :
Basically, you can be from a family with much money and still have scarcity mindset 🤣🤣🤣
>>
<<@TUYISHIMIREGodeline-x6e
says :
Bishyure ibya service mbi bahawe nabo bazabiregere ababishinzwe Ukuntu bifotoje neza none n'uku birimo birangira😏
>>
NEXT VIDEO
>>