<<@nsengiyumvaConsolatte says : Murakoze cyanee>> <<@MbonigabaJeanbosco-f8d says : Benedata ukuri kuraryana pe ariko hahirwa abumva kd bakumvira gusa dukwiriye gushima Imana ihagurutsa abantu nkuyu kugirango iduhishurire ukuri natwe tujye tubasengera kd twese Mana dukomeje ku gusa kutubera Umwami iteka ryose Amen.>> <<@ngabosmith4848k says : 34 "Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana amahoro mu isi. Sinaje kuzana amahoro, ahubwo naje kuzana inkota. 35 Kuko naje gutanya umwana na se, umukobwa na nyina, umukazana na nyirabukwe, 36 abanzi b'umuntu bazaba abo mu rugo rwe. 37 "Ukunda se cyangwa nyina kubandutisha ntaba akwiriye kuba uwanjye, kandi ukunda umuhungu we cyangwa umukobwa we kubandutisha, ntaba akwiriye kuba uwanjye. 38 Kandi utikorera umusaraba we ngo ankurikire, ntakwiriye kuba uwanjye. 39 Urengera ubugingo bwe azabubura, ariko utita ku bugingo bwe ku bwanjye, azabubona. 40 "Ubemera ni jye aba yemeye, kandi unyemera aba yemeye Iyantumye. (Matayo 10:34;40)>> <<@peninnamuller9502 says : Muze dutabaze YESU vuba na bwango twe Bayoboke be!!Umwami Yesu ari maso aduteze yompi. Yesu niwe Muyobozi wuru Rugendo turimwo. Yesu Niwe Mugabisha w’Ingabo zivuye Mwijuru: Malayika Michael aturangaje imbere. Imigambi mibi y’a sekibi Yesu Azayisenya burundu. Prions avec conviction, dans la sincérité , ayons confiance en Dieu et nous serons sauvés, ntabwo Turi twenyene Muhumure ariko mube Intwari zoguhamya ukwemera. Yesu ari Kungoma bidasubirwaho. Amen>> <<@hakorimanajeandamascene3145 says : Imana nitabare abirabura bo muri Africa ahubundi turagowe>> <<@NyiringaboGabriel-x1l says : Nibyo rwose Imana idushoboze kwitegura akaga gaheruka kuko twaratwegereye kuruta ukwo tubitekereza n'irangamuntu y'ikoranabuhanga nayo nicyo igamije gukaraho umutimanama w'umuntu 666>>
VideoPro
>>