<<@gatetenaz458 says : Ok>> <<@edouardnzasengamungu792 says : Bakame yarashonje ,iti: mu Kinyaga mpafite mabukwe namukoye Inka zanye munani.>> <<@nzimaoliver says : Joseph CEO Sir w' iwacu kumayaga ndagusuhuje cyane nsuhuriza n' uwo Joseph w,iwabo wa maman I bushi(bwa rusizi) Vanessa we Sinzi inkomoko ye neza gusa n, umunyaRwandakazi w, imfura yacu nawe ndamusuhuje cyane nashakaga kubaha ka nkunganire mukiganiro cyanyu ibibazo bya Rayon sport ntagihe bizakemuka kuko leadership yose itayobowe gisirikari iwacu mu Rwanda ihorana ibibazo kuko discipline iba igerwa kumashyi Kandi corruption iba iganje ariyo mpamvu muri APR football ⚽ club bitabamo n,ubigerageje nka ba Rugaju (umwana w,imfura y,imurenge)arimo kubazwa ikindi iyi commite yiyise abasage bamwe muribo bayoboye Rayon sport urwo rwego ntarwariho kuki bibutse kurushyiraho Ari uko bacyuye igihe mubuyobozi bw,ikipe none se ubu Joseph w,iwacu ku mayaga ko twavukiye muri Rayon sport wowe ntubona ko ibyo ba Paul Muvunnyi barimo Ari nka byabindi Nyakwigendera umuhisi sogukuru w,abarundi Nkurunziza petero w,iburundi yayoboye ntarwego rw,ikirenge ruri hejuru ya president (kuko yari we)mandat ye yarangira ati dushyizeho urwego rw,ikirenga ruzafasha general Never (ndayishimiye evariste) Ari naho byavuzwe ko Never Ari mubavuzwe mubakoze deal yo kumwikiza kubera gushaka gusigasigara ubwigenge bwe nka president uzaba uriho ngayo nguko icyo cyari igitekerezo cyanjye bwite Bye bye ndabemera cyane ❤️🙏>> <<@innocenthitayezu8397 says : KO MUTAVUGA FRW AKORESHWA MURI CORRUPTION YAMAKIPE; MU GUTEGURA NO GUTANGA RUSWA MU YANDI MA EQUIPE?? NTA A SE MURI APR?>> <<@kaberaericdeo118 says : Murakoze Joseph, Vanessa na Joseph kukiganiro cyiza muduhaye cy'umutekano. Amakosa ya mbere yakozwe nabazanye akajagari muri Rayon Sports bo muri RGB, Minisports munyungu za APR FC. Uburyo abayoboye Rayon Sports none bashyizweho huti huti badakemuye ikibazo administrative gituma Paul Muvunyi na Thaddée Twagirayezu bagongana bigatuma rayon sports idatera imbere. Uburyo bwiza bwo kukemura ni ugusenya ubuyobozi bumwe mubundi bivuzengo Paul Muvunyi na Perezida, Thaddée Twagirayezu umwungirize ubundi bakorere hamwe rayon sports iterimbere mu mishinga yayo irambye. Birababaza kubona abantu babica kuruhande kandi ikibazo cyizwi kinagaragara kinoroshye gukemuka. Sports nive mubikoresho biyikoresha uko bashaka munyungu za bamwe kandi na RGB ikore kinyamwuga itabogamye, amategeko agenga za ONG, Association nibindi ishinzwe.>> <<@karekezikaka9 says : Muri abahanga. Muganira neza n'ubwenge pe!!>> <<@afrolinetv250 says : Muramira Regis yubahwe>> <<@bestfriend250TV says : Bakunzi b'UmuryangoTV mubishatse mwandaza ku 100 munkandira ku ifoto, ndabakunda cyaaaaaaane ❤❤❤❤>> <<@ColonelKaddafMoumar says : Niba ari contents mushaka mwazishakira mubyo muzi. Bwana Joseph H., wikemera ko ikinyamaluru cyubashywe nk' umuryango gita credibility, utazi ibintu mwa bibaza. Uwo Joseph ngo ntekerezako....abaaaaa, wapi niba ashaka ideni ry' amakaro uzarimufatire muri bamwe wamamaza ariko kubogama ndetse mubyo atametriza nti twareka ngo bitambuke ntacyo tubivuzeho.>> <<@ColonelKaddafMoumar says : Mureke kubeshyabeshya, muvuge ibintu bifite facts>> <<@HabakubahoCallexte says : Nisawa 👍>> <<@NtawihebaLeonard-t4f says : Nibayisubize FIDEL>> <<@dieudonnemurwanashyaka7441 says : blabla>> <<@jeanpereskiruta2136 says : Karibu. Ntanze abandi>>
VideoPro
>>