<<@narcissegatete5418 says : Uwo mukobwa aribeshye, ntabwo excel ariya1 mugukora neza iburasirazuba! Stella niyo ya mbere ikora neza! Gsa arko ntabwo yerekeza mumutara! Igarukira kayonza na ngoma gsa!>> <<@kwitondaalphonse4892 says : Ubu Stella niyo ifite service nziza muri express zose>> <<@theonlineinternationalmark4176 says : Mwiriwe Ikibazo abantu niba Shaka gutumiriza I bintu hamwe itegekorinzenga imisoro ikindi ikigo gikoresha bikorera kuburyo abakozi batafanya nabakoresha ikintu gikomeye ntugufatanya hagati yabo bakabasha gutumuriza hamwe ibikoresho binjijwa mugihugu nkibikoresho bifitiye akamaro abaturange bakore ingengo yimari bayihurije hamwe basabe gusonerwa imisoro>> <<@NgogaJeandedieu-n7s says : VOLCANO sindumutekenisiye ariko nizi modoka za Yundayi zarayibombeje baguze imodoka mbicyane Wenda baziguze kubera arishya baziko bizabahira ariko nimbi cyane>> <<@jeanlambertmubano7075 says : Ikigaragara mwembi mwize huye ndabavumbuye😂😂😂>> <<@nzimaoliver says : Mr 🎓 Joseph CEO and owner w,muryango TV Sir w,iwacu kumayaga ndagusuhuje cyane nsuhuriza n' uwo muvandimwe mushiki wacu Vanessa nashakaga kubaha ka nkunganire mukiganiro cyanyu Horizon ya Bihira ikorera mumazu yabo haba Huye ndetse na Kigali ikaba managed na famille ye bwite Girbert ni manager wa Kigali branch Bosco akaba manager wa Huye mushiki wabo Immacule akaba overall wa company Kandi bombi bize neza Bosco muri UNR (Gestion niyo yize )na Girbert mukuru we yize management muri KIST so Njye Olivier kubera kuba inshuti yanjye akaba na bazina wanjye nari mfite carte ihoraho kuko nigaga kuri rectorat muri Droit ntaha muri buri weekend Kandi ntuye I Kigali ariko na Bosco na Girbert kuko bari abajama banjye na Immacule mushiki wabo dukopera ukuntu nabo nari mfite carte yabo ikindi ibutsa cg ubwire Vanessa niba atabizi ko izo carte washoboraga kuyiheraho umuntu lift umutije carte yawe akayigenderaho mugihe cyose Yaba ihifite space yo gusinyamo itaruzuza umubare wayo w,ingendo so Ako kari ka nkunganire mukiganiro cyanyu bye bye bye ndabemera cyane 🙏❤️>> <<@hakizimanajotham9135 says : Volcano imaze igihe kinini kbsa iyoborwa numusirikare, umenya RDF yarayuguze, ariko nabonye kuzanzamuka byaranze>> <<@boscomutatse9644 says : Ibyo byo gushyiraho ibiciro muri range ( kitari nyacyo), ibyo byatera akavuyo muri transport. Wajya usanga ibiciro bizamuka uko bishatse. Ku ndege itike igurwa mbere ntigurirwa kuri airport. Joseph kuvuga ngo igiciro cya transport kiri hasi ntabwo uri mu mwanya mwiza wo kubivuga, kuko nta company ya transport ufite. Uwakubwira za companies ziba zisaba kujya muri iyo business. Kandi sintekereza ko hari uwakwemera gukora ahomba. Ikindi RURA ishyiraho ibiciro yamaze kubyigaho neza.>> <<@live2dreams says : Se joseph psf uyisesenguye ubona ari iya abikorera?>> <<@live2dreams says : None se ko na virunga yagurishije imigabane yayo myinshi ubundi yo siyo yenda guhirima?>> <<@veritaschannel250 says : Ikiganiro cyiza ariko kimeze nk’ubuvugizi bw’ikigo kimwe (icyagurishijwe). Uko mbyumva: 1) Kugurisha imigabane cg ikigo cyose sibisobanuye guhomba burigihe, byashingira no kuzindi mpamvu (personally cg organizationally), 2) Guhomba kw’ikigo nabyo byaterwa n’impamvu zitandukanye: Imiyoborere idahuje ububasha n’ikigo (nkuko mwa bivuze, ikigo niba gitangiranye Bus 2 kiyobohwe na Shoferi, nikimara kwaguka bigomba no kugendana n’abayobozi bacyo bafite competence ihuye na mission and vision by’ikigo. Ikindi ni ukudacura ikigo ngo inyungu zivuyemo uzishore muzindi business cg uyisesagure. 3) Volcano ni umuterankunga w’igihe kirekire wa Mukura VS, byaba ari imibare micye gusesagura amafaranga wamamaza utabanje kugura imodoka z’abakiliya. Olivier niwe uhagarariye Hyundai, ese abagura imodoka bandi bamurusha power of Negotiation gute? 4) Kugena ibiciro kwa Leta kubigo cg business zifite ingaruka kubuzima rusange si umwihariko w’u Rwanda 🇷🇼, nahandi kwisi hose, transport, telecommunication nibimwe muybigenzurwa naza Leta. Rero guhomba kwa bamwe ntibikwiye guhuzwa n’ijisho rireberera umuturage. Business owners: - Mureke ibintu bya kana kamama muri business, - Mukoreshe abakozi bafite ubushobozi bujyanye n’icyerekezo cya business, - Mukore planning na risks assessment kandi ntibibe iby’igihe gito (bihorero), - Mukore monitoring and evaluation zihoraho muri business zanyu, - Niba business itari kugenda neza bishingiye kubushobozi, gurisha imigabane mbere y’uko business n’izina ryayo bihomba. Kuko bizatuma ikigo gikomeza gutera imbere. - Amarangamutima atandukane na business.>> <<@chapteronekigali says : Volcano ya Olivier yatangiye yandika abanyeshuri bashakaga kujya I Kigali Muri weekend kuri campus hariya Hanyuma umbubare wakuzura Hiace akazamyja mu Muri gare aagakodesha Hiace igenda direct>> <<@mmc190 says : Sha uyu mugabo numuhanga ,nukuri reta hari ibyo ijyamo ugasanga abo babishyizemo barabivangavanga kuko ntabumenyi baba babifitemo ,aho navuga kwigisha imibare umuntu wiga ibintu bidafite aho ihuriye n'imibare .>> <<@NshimyumukizaRegis says : Burundi yarasanzwe akorerayo>> <<@anselmenkurikiyumukiza126 says : Winyibutsa SOTRA HHHHH eaguraga amatike 2 ikakongeza indi>> <<@PAYO-x5x says : izi companies ahanini zihombya n'abakozi bazo, amafaranga bishyuza mu nzira nta ticket nayo bakatira ticket biba bingana.>> <<@ROGEROFFICIAL48 says : Hello umuzi niki????>> <<@moukhtalgakuba says : Hi Joseph, I would like to give some context on metering CO2 released by vehicles. There's something in many developed countries called carbon credits and carbon tax for emissions. REMA is probably trying to discourage the purchase of EU2 vehicles so that we can transition to the latest EU vehicles that do not emit CO2. It should not really be a concern if we Rwandans truly understand how transitioning to green mobility will look like. Only if the unit price per ton of Co2 emitted per year is affordable by Rwandans, the rest should be like sliding on a slippery road. Thanks, Moukhtal>> <<@JimmyTV9 says : Arko ibya Cmpany za transport mu Rwanda zose niko zirangira imodoka zose zipfuye hakabura ayo kugura izindi zizisimbura na Onatracom za Leta byarananiranye zirahomba>> <<@KA-us8el says : Kuba RURA ishyiraho igiciro kimwe ni byiza cyane. Biri mu nyungu z'abagenzi kandi n'ama company atanga service neza ntibiyabuza kunguka no gutera imbere. Ndumva rero igihombo cya VOLCANO mutakigereka ku biciro ntakuka bya RURA. Ahubwo icyo nashyigikira ni uko ibiciro biba updated accordingly bijyanye na situation ihari. For example, niba ibiciro bya fuel bihindutse, n ibiciro by'ingendo bigahita bigahinduka. Ni uko mbyumva, murakoze>> <<@ianq18 says : Murasekeje cyane, Stella ntayayihiga ubwo mwe muravuga iyo za Nyagatare izo zaho zigenda zitoragura.>> <<@altab3002 says : Olivier wari umunyeshuri siwe wari kubona ayo ma bus. Yabanje guhagararira mukuru we wakoraga muri RRA>> <<@borainn1367 says : Volcano aracyakora muvuge muziga Na hano Kla dore aracyahari>> <<@MuhiziOli says : Ibintu byo kujyana abana kwirimbi byo nanjye simbyemera na gato!!>> <<@AndreaMinani-p8n says : PSF ni amahugurwa na expo gusa. Ibindi ntabushobozi ibifitiye rwose wiyitindaho>> <<@AndreaMinani-p8n says : Mwaramutse neza Joseph. Njye ntekereza ko Mukura ariyo mpamvu yo guhomba kwa Volcano. Nkuko byagenze Rayon kaba impamvu yo guhomba kwa Radio imwe ntavuze yawamugabo wimvi>> <<@emmyniyo6191 says : 48:50 47:04 Sinkuye ho igitekerezo cyanyu cyuko uvuze Excel Express ariko bisa naho ataribyo rwose, Service zitangwa n'ama agence Leta ikwiye kuzigenzura rwose kuko harimo izikerereza abantu. Ariko nange mbona Hari iziverageza nibura ho gake: Ruhire kubajya cyangwa Bava Kigali - East -North na Stella kubajya cg Bava Kigali - East - West izi impamvu nzivuze nuko iyo unavenzuye usanga bakoresha Ama Bus afite ubuzima ndetse amenshi Ni Mashya. Ikindi Hari ama agence afite Bus zishaje kurwego ubona zidakwiye Kuba zikiri mu mihanda ahubwo zakabaye ziri mu ma Grage gutunganywa. Urugero: Yahoo Express. Naho Ako kugendana n'imizogo mu modoka zitwara abagenzi byo sinzi uko bizakemuka ariko rwose biteye impungenge cyane cyane Imodoka zituruka I Burasirazuba ujya Kigali na Kigali - Rusizi usanga Hari Imodoka zikoreye imizigo myinshi kurenza abagenzi zitwaye. Byari ibitekerezo byange ariko bidakuyeho iby'abandi. Murakoze>> <<@Anaclet-i4q says : Erega n,ama Ticket yindege agira période igihe abantu bafata ingendo bakazamura kuba lero naza bus zozamura mugihe citangura zamashule nabo nicogihe bungukira.>> <<@eng.dieudonnebyaruhanga1618 says : Amakuru y'abamotari avugako Olivier ashobora kuba twara Taxi voiture muri Canada>> <<@Uwera-liliane says : You need someone to challenge you in this show! Apana kuvuga ibintu abomurikumwe bose ati ndio afande✌️>> <<@princejeandedieu6337 says : Stella kgli-kayonza, ngoma niyo sawa, Kigali- nyagatare: excel Kigali- kagitumba: ruhire express Yahoo mu byaro byose iri mukazi>> <<@nsengiyumvaalbert5865 says : Promotion ya Horizon>> <<@nsengiyumvaalbert5865 says : Amajyepfo nagendaga na Horizon>> <<@nsengiyumvaalbert5865 says : Sotra yaje isimbura ocapi car>> <<@vetdoctor9762 says : Iyitwaga la colombe yakoraga Muhanga rubavu yararangiye ntikibaho>> <<@TurabumukizaTheogene says : Iyaguye nta wutayigera ihembe Sha ni mwivugire umugabo uko agiye SIKO ameneka>> <<@HarerimanaSaad-ke4gd says : Yitwaga okapi>> <<@alexishabiyaremye4932 says : Uruhare rwa RDB rutangira iyo ari Sosiyete y'Ubucuruzi. Benshi babyandika ku mazina yabo, cyangwa ntibuzuze iby'ibanze. Aho rero ntiwarenganya RDB! Ahubwo ikibazo uvuze kimunga benshi ni ukugira inzego z'umuhango; nk'izo "board" zidakora nyine.>> <<@mbaragathierry5300 says : Volcano nayikoreyemo imyaka 7kuva 2010 kugeza 2017 sinayikamira mukitoze gusa guhomba kwayo biteye agahinda.>> <<@Individualad90 says : Joseph ni umuhanga cyane ariko tujya dukumbura ibiganiro arikumwe na karegeya jean baptiste omaaaaaar!>> <<@grandcontent250 says : Volcano irambabaje pe, gusa Olivier banza kujya muri Ferwafa bitaramuguye neza. Ark bigakomeza no kuba ikibazo kuri economie yacu😢😢😢>> <<@Usxjklg says : HARI UBWO UGERAGEZA GUSOBANURA IBYO UDASOBANUKIWE PE gusa uba wagerageje ku rwego rwawe.>> <<@vetdoctor9762 says : Horizon ikora neza ntahantu ihuriye na volcano,amakarita RURA yarabyanze ibyo byama promotion>> <<@reesG8 says : Ati Tugaruke mu mamodoka VANE>> <<@M4k-g4f says : Exel niya Mutaremwa.ucuruza piece mu Gastata.akagira etage cosmos Nyamirambo.>> <<@DidaceNiyonkuru-m7v says : Wiriwe Joseph. Oya rwose Joseph nabakurikiye na Vanessa arabique. Ku giciro liberalisé, aba transporteurs bavaniraho indi imwe abagenzi. Ndabizi nabikozemwo.>> <<@harounamahoro3436 says : Joseph... sincerely speaking, uri umwe mu bagabo bazi neza kubara inkuru mu buryo budasubirwaho! Ariko hakaba n'igihe uzibara, nkibaza niba biba uhari, byanze bikunze isoko ukuraho amakuru irizewe cyangwa na we ubwawe uri iyo soko😂😂😂 Uri umunyamakuru mwiza pe kandi uzi no kwahuranya udahutaje! Ku rundi ruhande ufite ubumenyi mu bijyanye no gukebura aho biri ngombwa! Abato muri uyu mwuga, bakwiye kukwigiraho byinshi. Sitara amano munywanyi!>> <<@laranatechnologiescompany says : Keep working>> <<@vuguzigagildas835 says : Dinozzole>> <<@livingstonekaramage says : Yoze. Uwo muntu waguriraga ikarita tumutindeho 😂>>
VideoPro
>>