<<@turinayoalidrick2289
says :
Imihembere y'abayobozi mubigo bikomeye niyo abyangiza, mining ho nakamaramaza
>>
<<@rukangirashyamba
says :
Yozifu rwose urakubagana pe! Ngo hari abatagakwiye kuba bapatana akazi ka rigole😂😂 Kureba ku isahani y' uwundi si umuco w'ubutore Bwana
>>
<<@nsengimanajanvier8439
says :
Buriya muri quaincaerie zose habamo compteur ariko izo muri WASAC zirabura
>>
<<@ubyumvute4527
says :
Najyakwemera ark hano urashe hasi pe ubundi uburezi bwibanze bwagakwiye kuba A0 degree niyo u Rwanda rwose rwaba ruyifite nibwo innovation na creativity yakabaye singonbwa ko uwize wese abona akazi ka reta nakandi byinshi
>>
<<@nsanzimanafilippe7212
says :
African kuyishoramo imari yose n'imwe uy'umunsi muba muhuza n'igihugu ejo mukaba mupfuye ibibazo bya politike mukaba mukoze mutation z'abaturage buri wese agataha nabi
>>
<<@nsanzimanafilippe7212
says :
Amazina y'abanyarwanda bayitaga bakurukije ibihe babaga barimo nubu yakabaye akitwa ahubwo nuko bihanangirije abaganga iyo umubyeyi ashatse kwita amazina y'amagenurano ntibaryemera bagutegeka kurihindura gusa ntanicyo yaratwaye
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Uretse no kurihirwa amashuri n'abashomeri ahandi barahembwa kuko ntaho Leta yacikira kuba nta mirimo iriho
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Njye narumiwe ni gute muri iki gihe haba hakuriho ibyo bita gusaranganya amazi mu murwa mukuru uziko wagirango ngo turi muri 1970 njye narabyumvise numva ndumiwe pe ubwose toilet zo mu nzu ko Ari nyinshi babigenza bate WASAC ikwiye guseswa kuko ntacyo imaze pe umujyi utagira amazi ntabwo ubaho ibaze noneho mu cyaro uko bimeze abayobozi batazi gushaka Ibisubizo ntacyo baba bamaze pe nta muyobozi ukwiye gukura mu kanwa ijambo gusaranganya muri iki gihe ngo abe agihembwa ku mutungo w'igihugu pe amazi Koko mu gihugu gifite isoko ya Nil imvura igwa no mu mpeshyi Koko ibyo kandi binareba ministeri y'ubuhinzi nayo nta gisobanuro ikwiye gutanga ku kuba ibiribwa bihenda pe ni gute mu gihugu Hari abakozi bakorera 1000 ku munsi ibirayi bigura 400 oya oya oya oya
>>
<<@ndacyayisengaj.dediue7784
says :
Buriya kuvugishwa ukuri rimwe bibabyiza, Gisele niwe gatumwa muri WASAC.
>>
<<@AlphonseNiyonsaba-t7p
says :
Joseph ahandi ubundi uburezi kugera kaminuza aba ari Ubuntu. None wowe ngo leta ikureho buruse.
>>
<<@mulisajohn1564
says :
Amazina y'aBanyarwanda usesenguye cyera akenshi yashingiraga ku; 1. Rugamba cg Ubutwari 2. Inka 3. Imyemerere 4. Ibihe
>>
<<@inyange2020
says :
Uwari hagati ya Gisele na Muzora n'uwitwa Byigero yari avuye Mauritius.
>>
<<@musafrancois1976
says :
Nibura jya ubanza gutanga igitekerezo ku byo baganiyeho nyuma ubone usabe ko bagukandira hari n'abazibwiriza gukandaho bitewe n'ibitekerezo byawe
>>
<<@bestfriend250TV
says :
Bakunzi b'UmuryangoTV mubishatse mwandaza kuri 700 munkandira ku ifoto, ndabakunda cyaaaaaaane ❤❤❤❤
>>
NEXT VIDEO
>>