<<@nizeyimanajeandamascene3829 says : Uwiteka abongere umugisha mwinshi ❤❤>> <<@gentlemanrukundo says : Imana ikomeze kubashoboza benedata>> <<@HgfdghhjhFghgxg says : Ivyokwiturahasi mama Simon ntubizigira bishobora uwufise Yesu wUkuri>> <<@gajulucie8637 says : ariko ntawampa number yuyu Muvandimwe Clarisse?? Uwayimbonera ayimpe>> <<@NdikuriyoEdidiee-zm8qz says : Clarisse Uhoraho aguhe kuramba,agukomereze ingabire kugira tumenye ukuri guhishwa.>> <<@tuyishimedjamal2779 says : IBYAHISHUWE 14:6-12 Mbararikiye kwiga Bibiliya Yera n’Ibitabo by’Abadivantiste byitwa UMWUKA W’UBUHANUZI cyane cyane icyitwa INTAMBARA IKOMEYE. Reka mbasangizeho bike nsomye kubyerekeye ukuri kw’ibigiye kubaho vuba bidatinze: Umugabura ugurisha ukuri kugira ngo ashimwe n’abantu, ubu noneho asobanukiwe n’imiterere hamwe n’ingaruka z’inyigisho ze. Amenya neza ko ijisho ry’Uzibyose ryamukurikiranaga ari ku ruhimbi, ari mu nzira agenda, no mu gihe yabaga ari hamwe n’abantu mu bihe bitandukanye byo mu buzima bwe. Icyo umutima we utekereje cyose, umurongo wose w’amagambo yandika, ijambo ryose avuze, umurimo wose watuma abantu bashakira umutekano mu binyoma, byose binyanyagizwa ahantu hose nk’imbuto; none izo mpabe, abo bantu bamuzengurutse, bagiye kurimbuka yirebera uwo musaruro. Uwiteka aravuga ati: “Uruguma rw’umukobwa w’ubwoko bwanjye barwomoye baruca hejuru bavuga bati: ni amahoro, ni amahoro, kandi ari nta mahoro ariho.’‘ ‘’Kuko ibinyoma byanyu ari byo mwateje umutima w’umukiranutsi agahinda, mugakomeza amaboko y’inkozi y’ibibi kugira ngo idahindukira ikava mu nzira yayo mbi ikabaho.” 705 “Abungeri barimbura kandi bagatatanya intama zo mu rwuri rwanjye, bazabona ishyano. Dore ngiye kubitura ibibi by’ibyo mwakoze.” “Nimuboroge mwa bungeri mwe, mutake cyane mwigaragure mu ivu yemwe batahiza b’umukumbi, kuko iminsi y’icyorezo n’iyo gutatana isohoye, kandi abungeri bazabura aho bahungira n’abatahiza b’imikumbi babure aho bacikira.” 706 Abungeri na rubanda babonye ko batakomeje kugirana isano nyakuri n’Imana. Basobanukirwa ko bagomeye Uwahanze amategeko y’intabera kandi yo gukiranuka. Bateshutse ku mabwiriza y’ijuru, ahubwo baha urwaho ibihumbi n’ibihumbi byo soko y’ibibi byose: amacakubiri, inzangano, gukiranirwa kugeza ko isi yose ihindutse ikotaniro ry’intambara z’amagambo no kwononekara kw’uburyo bwose. Uko niko abanze ukuri bagahitamo ibinyoma bameze muri iki gihe. Nta magambo ashobora gukoreshwa ngo asobanure umubabaro n’agahinda abagome banze Imana bazagira babonye ko babuze ubugingo buhoraho by’iteka ryose. Abantu isi yaramyaga kubera impano zabo n’imvugo zabo nziza, ubu noneho abatuye isi biboneye ukuri kw’ibintu uko byakabaye. Babonye ko ibyo bakoraga byari ubugome, noneho bikubita ku birenge by’abizera basuzuguraga, bakabahindura urw’amenyo, bahamya urukundo Imana yabakunze. Abantu bamaze kumenya neza ko bayobye, basubiranyemo bamwe barega abandi ko babayoboye mu nzira yo kurimbuka; ariko cyane cyane, bose babigereka ku bungeri babo. Abungeri gito bagiye babwiriza abantu ibyo kubanezeza gusa; batumye ababumva bahinyura amategeko y’Imana kandi barenganya n’abashaka kuyakomeza. Mu kwiheba kw’abo bigisha, baturira imbere ya rubanda ko babayobeje. Nuko abantu bazabiranywa n’uburakari bugurumana. Batera hejuru n’ijwi rirenga bati: “Turarimbutse kandi nimwe tuzize.” Maze bahindukirira ba bigisha b’ibinyoma, abo bajyaga barata cyane, noneho babahundazaho imivumo iteye ubwoba. Amaboko yakoreshwaga mu kubashiama, ni nayo bazayazamura kubarimbura. Inkota zakoreshejwe kurimbura abizera Imana, nizo zizakoreshwa kurimbura abanzi babo. Ahantu hose hazaba ari imirwano no kuvusha y’amaraso. “Urusaku ruzagera ku mpera y’isi kuko Uwiteka afitanye urubanza n’amahanga, azaburanya umuntu wese na bo abanyabyaha azabagabiza inkota.” 707 Mu myaka ibihumbi bitandatu, hakomeje kuba intambara ikomeye; umwana w’Imana n’intumwa ze zo mu ijuru bari ku rugamba bahanganyemo n’imbaraga z’umwijima, kugira ngo baburire, bamurikire kandi bakize abana b’abantu. Ubu abantu bose bamaze kwihitiramo; ababi bifatanyije na Satani mu mugambi wo kurwanya Imana. Igihe kirageze kugira ngo Imana igaragaze ububasha bw’amategeko yayo yaribatiwe hasi. Ntabwo iyo ntambara iri hagati y’Imana na Satani gusa, ahubwo iri no hagati y’abantu. “Uwiteka afitanye urubanza n’amahanga. “Na bo abanyabyaha azabagabiza inkota.” . Intambara Ikomeye p.630 -631 soft copy>> <<@ndamyinanajeanpaul9683 says : Nyamara ndakumva cn pe❤>> <<@RutabagishaJeanpierre says : Unkoreye umunsi Imana igihumugisha akanikogakiza nyakuri>> <<@Vestina-mudogo says : Iyo myuka ibiri ko numva nawe uri kuyihamagara!!! Imana yanjye nyine , kuki se nasenga iy'abandi nkaho njye ntayifiteho umugabane>> <<@MukaperezidaAnnemarie says : Imana iguhee umugisha Kandi Mwuka wera akomeze aguhishurire njye kubwanjye harabo ungejeje hashimishije pe Kandi Imana ibiguhere Umugisha ariko kiriya kivugirizo cyo muri Zion cyo namahoro aha !!!>> <<@ManishimweEsther-x1z says : Nonesi yesu niwe mana cyagwa yesu numwana wimana>> <<@MagabaFidele says : Burya badupfunyikira amazi batuyobya aho kutuyobora inzira y'ukuri ,Imana ihe umugisha mushyiki wacu.>> <<@MARAYIKAJean says : Imana ibahe umugisha benedata>> <<@EMETTV-tv says : Clarissa nifuza kuvugananawe haribazo nifuzakukubaza biri private nakubanagute??>> <<@Sylverendereyimana says : Inyigisho zawe zikeneye kujya muzindi ndimi>> <<@RaulTech-pp3gc says : Amen❤❤>> <<@immaculeenyiransengimana921 says : Gumamo Amen IMANA iduhumure amaso>> <<@soniacyrus2300 says : Clarisse we Uri mumwuka nukuri yoo eeeeeeee Ikoreshwa mumwuka wera Yooo>> <<@soniacyrus2300 says : Injiji zireba imisatsi nkaho wakumvise ijambo idini niryo rizabarimbuza mwibeshya ijuru>> <<@soniacyrus2300 says : Wow rata Clarisse ndagukunda Kd ndagushyigikiye nukuri jay ugaragaza umucyo ikurimo Ni Jeanne Evangelist>> <<@NtawihebaLeonard-t4f says : Amen amen>> <<@manasemparibatenda9515 says : Mubyukuri uri Umuvugabutumwa ariko iyo Misatsi yawe gerageza kuyisohoza.>> <<@PlacidiaMukarugomwa says : Yoooooooo Clarissa we twarakubititse Uwiteka aturengere>> <<@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q says : Cla imbaraga n'amavuta>> <<@MukankurangaRose1979 says : Yesu ni ashimwe ! Clarisse ndagukunda cyane ujye umpa inyigisho kuko nkunda ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo !>> <<@gorettigahongayire2616 says : Clarisse, Yesu ashimwe!Umuntu yabona contact yawe ate?>> <<@kokokoolnewz07 says : Uwagiye akurikiye gushaka ubwami bw'Imana yizigiye agakiza duherwa muri JESUS CHRIST bene ibyo bintu ntibimufata. Abafite amahirwe menshi yo kubigwamo ni abashaka ubuzima [cgw ibintu by'isi] kuko ngo: ushaka ubuzima azabubura🙏🙏🙏>> <<@hakuzimanaangelique6245 says : Mana we tabara abawe birakaze pe dutabare🙏🙏🙏🙏>> <<@MuyisengeBelyse-tz2ho says : Amen amen>> <<@kareratheo7045 says : Nawe uri umurangi amaraso ya Yesu akweze>> <<@kareratheo7045 says : Wowe uwomurimbo wawewo kumutweni iki ?>> <<@kareratheo7045 says : Mwabonye imbugankoranyambaga zizabakoraho>> <<@hitimanavedaste5288 says : Komera cyane Mwenedata Clarisse?👏>> <<@KayitesiMarieChantal-hr7ex says : Ugize neza wakuraho iyomisatsi>> <<@muhongerwavestine1197 says : Afite link ye kwa presire zaburi nshya kubiganiro yatanze wamwandikira ajagusubiza>> <<@THEO777O7 says : Good 👍>> <<@KaremangingoMaverick says : Muhezagirwe rwose,>> <<@Adonai534 says : Yesu akomeze kukongerera guhishurirwa kugira ngo duhumuke maze DUHUNGE TUDAPFA>> <<@salimajosephine1673 says : Yesu nagukomeze ka ndi akongere turusheho kunguka>> <<@EuphemieNgendakuriyo says : Yesu akwongere ubwenge n ubumenyi kugira ukomeze kuduhishurira ivyihishe vyohavuye bijana benshi muri gehinomu>> <<@NR72010 says : muduhe contacts ze>> <<@egidetwizeyimana6786 says : Clarisse Uwiteka aguhe umugisha iyi nyigusho yo kwizera yongeye kumpumura amaso pe 😢😢😢 ni ukuri urakoze cyane>> <<@MukomezaGaston says : Ugize neza ,numvaga banshi bavuga ngo kwizera kurarema nkagirango ni ukuri naho ni Ijambo ry'uburiganya!urakoze cyane.>> <<@NyiramanaMartine-q5l says : Ndagukunda cyane❤ Imana ikongerere ubwenge>> <<@pulcheriendinkabandi3092 says : >> <<@Aimablie2 says : Nigute umuntu yabona contacts zanyu>> <<@TresforeBikorimana says : Chérie Uwiteka aguhe Umugisha.ndagukunda cyaneeeeeee>>
VideoPro
>>