<<@ikagi-k8u says : kuri iyi phase dukeneye kumva umuntu umwe gusa: umucamanza. jeff arateza embouteillage.>> <<@ShutterStock-pm3ps says : Habanje Sano, nyuma haza muzola, nyuma ya Muzola hagiyeho uwitwa Byigero Alfred. Wamaze igihe cy'amezi 6 gusa akurwaho, yavuyeho, Gisele ayobora imyaka ibiri nka A.g ceo. Nyuma haza Omar. Umaze umwaka urenga... Gisele niwe umaze imyaka 10 muri wasac, azi byinshi, ibyangiritse byose azi aho bipfira.>> <<@anaclethakizimana9312 says : Dore film nkaba umufana! None se aba bakinnyi ntibasigarana ibibazo byo mu mutwe ku buryo bakeneye Muganga!>> <<@bahatiinnocent7626 says : Hoya>> <<@nsanzimanafilippe7212 says : Wasac& Reg na Mineduc ikeneye kugangahurwa😢>> <<@simonmuscoviya6939 says : MURAKOZE CYANE KUBWAMAKURU ACUKUMBUYE>> <<@uwayezubeatrice9883 says : Yozefu we ubahwa peeee!!!>> <<@Familyshow56 says : Harimo Kubeshya nta mukozi wa kwa Auditor General wigeze ujya gukora muri WASAC>> <<@venantngendahayo7019 says : Courage ku makuru asesenguranywe ubushishozi>> <<@HairHeaven-SmartGagdets1415 says : Hano wumvise ibyo bavuga nibyavuzwe mubindi binyamakuru bishakisha, hano harimwo itiku ryinshi riva kure kandi ikibazo harimwo amarangamutima.>> <<@nkusikabosi4773 says : Nibushaka kumva amakuru arimo hano jump to 1:14:00>> <<@nkusikabosi4773 says : Title nyayo yikikiganiro yakabaye ''AMATEKA YA WASAC''>> <<@manziolivier6851 says : Papa Jeff u're crazy.......>> <<@NiyitegekaJeanclaude-l6t says : https://youtu.be/o9ktQyAKiHM>> <<@Kabeyi4169 says : simbajene🎉🎉🎉😂😂😂>> <<@ahishubijedieudonne1463 says : WASAC 😅😅😅😅 NI IBIRYO MWIRIRE WANGU>> <<@niyonshutianastase5059 says : Uwo Gisele ni mushiki wa Richard muhumuza wabaye umushinja yaha>> <<@ahishubijedieudonne1463 says : Cows are better than you, erega ni imisoro yacu baba bidogamo nibe n' inka zirakamwa😢😢>> <<@ahishubijedieudonne1463 says : 😢😢😢😢>> <<@jeanmariemusirimu7419 says : ❤❤❤❤❤❤❤❤ Joseph Vare uri umuhanga mu gusesengura>> <<@ingabirechristine345 says : Ariko burya niwigira ikihebe ugatera ibuye inyoni idaterwa izruka ariko aho igarukiye izakudwinga uzabimenye>> <<@ingabirechristine345 says : Muraseka kdi birababaje pe>> <<@bobm4381 says : Dear Joseph na Inkindi mukomeze mutere Itangazamakuru ryo mu Rwanda Icyubahiro nimwe mwenyine mutanga Amakuru acukumbuye. Abayobozi babirasi baragatsindwa munyibukije uwahoze ari Minisitiri muri MINAGRI Dr GERARDINE MUKESHIMANA yanyuraga kubakozi mugitondo aje ku kazi ntabasuhuze hagira numusuhuza akamurebana iseseme hafi kumuciraho.>> <<@bestfriend250TV says : Bakunzi b'UmuryangoTV munkandire ku ifoto❤❤❤❤>> <<@mudugra630 says : Joseph ibyo bintu wamamaza urasomaaa tukarambirwa kabisa,tugategereza inkuru tugaheba>> <<@BonnieSafari-z7c says : Yozefu nyabuna mubyo uvuga RSSB yivanemo. Kwa mwuka ntibakunda umuntu urunguruka ku mbehe barimo kuriraho.>> <<@enockkunda7060 says : Hello. Nka nyuma y"iminota 3cg 5 mwajya mutambutsa itangazo 1 ryamamaza aho kuyashyiriraho rimwe kuko aba Ari menshi. Iyo muyashyiriyeho rimwe ajya kurangira UBAKURIKIYE aba yavuye muri MOOD y'ikiganiro>> <<@Gitega350 says : Twagusabaga. Ko wajya utubwia inkuru wihuta kandi uvuga neza utadutinza utumarira iminota na za mega>> <<@jeanpierrebigirimana1493 says : Maze iminsi nkurikira ibiganiro byanyu kuri WASAC , muri abakurikira kbs salute!!>> <<@LonginUwizeyimana says : Nyamara amazing akomeje kuba ikibazo mu Rwanda. Ariko birirwa bangiza umutungo gusa. Bajye babiryozwa. Kubona amazing abura impeshyi yose!!!!!!>> <<@jeanpiearrensabimana6864 says : yoze ! Ndakwera pe! ariko iyo uvuga RiB ukurikirana ibyayo niyo isohoka kurutonde rwa1 yijandika muri ruswa. Ese ko ibafata birangira batabaye abere!!!>> <<@kwizerapaul3096 says : Merci ngendibaza Imfura izabande?mumico momumyifatire??>> <<@kwizerapaul3096 says : Joseph ubufite amakuru Brother❤❤❤❤❤❤ witoze uburyo wajyuduha amakuru mbere yuko bisandara ahohose bizafasha cyane kubyangizwa nabobose>> <<@constantinmuhire1996 says : Joseph ayo makuru niyo kbsa,turakwemera pe,>> <<@Uwasline-eb8hv says : Hhhh S1E2 Omar yari atangiye kuzana transparency, RIB, n'itangazamakuru muri WASAC ntibyari kumusiga amahoro. Producer hhhhhh Nimusigeho mudakora ahadakorwa. S2E3 Rekatuyitege amaso ubwo iri kurenganura abarenganye hhh>> <<@VoterNeneri says : Joseph amakuru mutanga harimo ibinyoma. Ba Mayors ntibazize akarengane. Urugero, Rusizi, havutse ikibazo muri MINISANTE, urwego rukurikirana Mutuel de Santé (MUSA), byagaragaye ko amafaranga yageze kurwego rwa MUSA, Yaburagaho miliyoni zirenga 200, ushingiye kuyari kuba yarinjiye, hashingiwe kuri raporo akarere katanze kagaragaza ko mutuel yatanzwr kugera kuri 70%. MINISANTE na CID bakoreye hamwe ipereza hagamijwe gukurikirana inyerezwa ry'izo miliyoni 200, icyavuye mu ipereza ni uko, ntanyerezwa ryabaye ko ahubwo habaye kubeshya mu ijanisha ry'abatanze mutuel bari munsi ya 60%, hagamijwe kugaragaza ko besheje uwo muhigo kuri 70%, ataribyo (gutekinika) Kandi uruhare rwa Mayor rwaragaragaye.>> <<@kwizerapaul3096 says : Joseph nkunda uburyo uduha amakuru asesenguye Brother ❤❤❤❤❤❤❤komeza ube Inkotanyi wamfurawe❤❤❤❤❤❤❤❤>> <<@kwizerapaul3096 says : System Vare rwose hejuru❤❤❤❤❤❤❤❤>> <<@kwizerapaul3096 says : Nukuri nihabeho Vare kuko umuyobozi nkuwo wifunga mwubwoburyo turashimirako batamara ka2 rwose Vare irimukazi❤❤❤❤❤❤ kandi mwamfuramwe Mwaramutse iraguma ubundi utazi mwaramutse yahindura icyi????>> <<@kwizerapaul3096 says : Cyakoze ahari yamvugo irimumahitamo yurwanda yokubazwa ibyukora ubanze irikubahirizwa mwiyiminsi ntekerezwako byubahirijwe byatanga umusaruro munini ubundi ndibaza kovare ubifata byose nicyi cyibura?>> <<@NdayisengaGilbert-u6p says : Yose komeza uregere Val neza umenye uko byifashe utubwire turagukurikiye>> <<@vuguzigagildas835 says : Mwakoze gukosora>> <<@vuguzigagildas835 says : Amazi>>
VideoPro
>>