<<@NdagijimanaFabien-t7m5g says : Iyo uba iwacu warikugumana natwe 12:47>> <<@RichardYankunzekera says : Muta ujye nabi , iyupfuma uvuga ko ryabaye baburoni , niwige neza Ivyahishuwe na Daniel>> <<@KevineIradukunda-s9m says : Yesu yaraducunguye ngo adukure mu bubata bwa kamere y'icyaha. Iyo tumukunze tukamwizera by'Ukuri tutaryarya adushoboza gukora ibyo yishimira twe tutari kwishoboza. Yohana 14:15 Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye. 1 Yohana 2:4 Uvuga ko amuzi ntiyitondere amategeko ye,ni umubeshyi,Ukuri ntikuri muri we. Yohana 3:36 Uwizera uwo Mwana aba abonye ubugingo buhoraho, ariko utumvira uwo Mwana ntazabona ubugingo ahubwo umujinya w'Imana uguma kuri we. 1Yohana 3:6 Umuntu wese uguma muri we ntakora ibyaha, ukora ibyaha ntiyamubonye Kandi ntiyamumenye. Umubwiriza12:13-14 Iyi ni yo ndunduro y'ijambo,byose byarumviswe.Wubahe Imana Kandi ukomeze amategeko yayo,kuko ibyo Ari byo bikwiriye umuntu wese.Kuko Imana izazana umurimo wose mu manza,n'igihishwe cyose Ari icyiza cyangwa ikibi. Murakoze.>> <<@KellyJamesMugisha-t4o says : Abadive Yesu yababgiye amagambo akomeye cane: boz ibikombe inyuma imberarumwanda, bameze nk imva zisharije arik imbere n amagufwa gusa>> <<@KellyJamesMugisha-t4o says : Aba dive bavuga ko sunday arumusi w'izuba, mudusobanurire Saturday>> <<@BugingoAlexis-g6x says : Soma neza Abagaratiya 5:16_26 ati muyoborwe nu mwuka wera kuko aribwo mutazakora ibya kamere irarikira niba tuyoborwa nu mwuka ninawe utubeshaho>> <<@BugingoAlexis-g6x says : Abizirika kumunsi wi sabato ntibamenye ko Yesu ariwe mwami in wisabato Kandi yatanze urugero arayizirura dukizwa kubwubuntu SI kubwa sabato uyu mwigisha yarasomye yarahishuriwe>> <<@BugingoAlexis-g6x says : Nabakurikiye cyane be mu kiganiro nukuri nukuri Yesu yarayiziruye isabato I byanditse nibbyo bihamya nibbyo kuri>> <<@BugingoAlexis-g6x says : BasomereA baroma 3:21_26>> <<@BugingoAlexis-g6x says : Imana iguhe umugishaibyuvuga nukuriumwuka wera Ari muri wowe. Abaroma. 10:34_43>> <<@BambireBambire says : Ubwo wabyambariye kuyobya antu?ibyo kubyihana bizakugora rekeraho gutuka umwuka wera>> <<@BambireBambire says : Ntasoni ufite name uzajya murubanza KD uzatsindwa>> <<@viateurmukurarinda8022 says : 1yoh 2:3-4 Keretse niba utemera ko isabato iri mu mategeko 10 y'Imana>> <<@viateurmukurarinda8022 says : Nta muntu upfa ngo amenye ko yapfuye Nta muntu numwe ku isi upfobya,uhindura ukuraho, wanga amategeko y'Imana uzabana n'Imana. Ukora atyo akorera satani. Mt5:17-20;1yoh😊>> <<@nteziryayotresor4142 says : abadive nabayobe gusa njye mbambona abarkore pentecote nubwo binanira gukizwa niryoryukuri>> <<@ShantaiNyiransenga says : Abadivebarakabya bagiribyigishobida Shira. bibiri yabashirakuruhandeba kazanaibyigisho byokuruhandebagiri byigisho utamenyangowigishi jweiki>> <<@TuyisengeBerekari-e4r says : Haranditswe ngo intama ntabwenge zigira>> <<@CyuzuzoGuevara says : Ese wakiriye yesu nk'umukiza ukubaha amategeko 10 n'inama za yesu ibyo by'ubuturo bwera byagufasha iki>> <<@IsokoYamahoroTV says : Muvandimwe Yesu yemeraga lsabato yavuzeko arumwamiw'lsabato kutayemera wemeriki>> <<@IshimweSamuel-g2f says : Isinijurubizashira arikoamategekontazavahonagacenagato>> <<@tumwinegeoffrey2372 says : Ese birashoboka ko mwashyira ibiganiro bye hamwe tukabibona byoroshye>> <<@DushimimanaAlpha-i2b says : Imana ishimwe cyn kubwa muzehe aradufashije cyn gusobanukirwa byisumbiyeho abamugisha impaka nabo bajye ahagaragara batubwire uko babizi>> <<@TuyikundeJacques says : Maze ureke kubeshya nago urumudive ahubwo urumusega ndetse nikirura munama zimana>> <<@TuyikundeJacques says : Natwe nitwakurenganya kuko utazi ibyo uvuga uko wasebya isabato kose izakomeza Kandi niba utabizi ibyo wita ko Ari mumwuka wera waribeshye nuwa satani>> <<@EsronNtihinduka says : Yesu abahezagire kubwamajambo y'lmana aradufasha>> <<@BigirimanaJeanMarie-p2k says : Uragahezagirwa mupentekote we. Abayuda(Abadive) ati :" Ninde yakubwiye kwikorera uburiri bwawe?" Vyumvikana ko, bo bagomba ko aguma aryamye kuri bwo. Ntakire. Igikuru kuri bo, kwari ko urya murwayi apfa. Murakoze musaza.>> <<@nizeyimanajeanpierre-qw8io says : Warahumye ahubwo>> <<@nizeyimanajeanpierre-qw8io says : Maze mwitwaza aba pastor iyo muyobye mukomoka kuri so satani pe>> <<@NgaboPacific says : Si ngombwa kuvuguruza ibyo uvuze, Imana yemera ko inzira 2 zibaho kugira ngo buri wese yihitiremo>> <<@dieudonnendikumana2637 says : Uy'umusaza agomba asaze nabi . Imigani 26: 4-5>> <<@birisandeprosperibrahim6352 says : Uyunumuyobe nuwo gusengerwa imani mutabare.>> <<@ShukurusulemaniCurtuvateur says : Izoninyigisho zibinyoma nonese kowavuzeko isabato arikimenyetso cyahawe Abisiraeli none ikinyetso cyumwukawera cyo kucyemera cyahawabanyarwanda?>> <<@Jeanclaude-y7g says : Uyumugabo nuwo gusengerwa cyane>> <<@Jeanclaude-y7g says : Ubuyobe buraha pe !>> <<@Jeanclaude-y7g says : Usenge Imana ikubabarire>> <<@Jeanclaude-y7g says : Ufite ikibazo gikomeye wamugabowe>> <<@ChantalMukarurangwa-d2z says : Arikose benedata mubona amadini yaravuye kumana bahora bavuguruzanya ukumvako bahanganye ubworero umuntu wese mwitororo nabuwajejwe murirya numvabya mujyirira umumaro nimana bikayinezeza kuruta kuba umunyamadini amadini nimeshipe nyamara imana yaremwe byose nimwe dusabe mwukawera atuyobore kuriyo naho amandiniyo azaturi ndajyizape cyaneko ibyoyaka tubwiye sinabyo antubwira>> <<@NdayubahaAlexi says : Uyu musaza ntamusi numwe yigeze abumudive>> <<@gentlemanrukundo says : Urakze cyane lmana iguhe umugisha abanti duka guke>> <<@UwimanaClaude-h4v says : Buri wese mwitorero rye Abe uwejejwe ntimukazane amatiku mujye mujyenda neza Kandi buri wese agend ntawumuhatirij>> <<@KwizeraAlbert-z4c says : Ntaho utaniye nayuda cg. Narusufero mwijuru nawe ushaka kuyobya benshi>> <<@umusazausobanutse says : Nakurikiye ikiganiro nabuze aho yemezako isabato yavuyeho>> <<@ManChester-l8l says : Bene aba ni abakozi ba satani baba barahawe amafranga ngo basenye amatorero niko abajezuwite bakora Mu 2 abakorinto 11: 13-15 Hatuburira kubasobanukirwa>> <<@ManChester-l8l says : Wa mugabo we ntiwigeze na rimwe uba UMUDIVENTISTE W'UMUNSI WA 7 reka kujya ubeshya abantu kandi muzanona ishyano>> <<@HarerimanaAimable-io1sj says : Ezeberi uzamuvugeho>> <<@tuyizerejosue-n7b says : Uyu musaza we ntakigrndz ahubwo ni intumwa ya satani>> <<@DidierNshimirimana-p9n says : Uwo wogwisha nuwutasomy tekana urekane nibishosho vyokwuzuzw mpwemu ngaho>> <<@Elianenyirahabimana-y4l says : Iyo ninda irabashyira hanze>> <<@NtirushwamabokoAndre says : Ihangane kuko uwabanje mu isoko siwe urikoreramo igendere uzahembwa ibigukwiriye>> <<@KwizeraBenjame-m5k says : Byose ni kubwinda yawe iturize uryame utuze wowex nurubyaro rwawe yesu ibye abyibereyemo kuko kuza mwisi kwe nubizi>>
VideoPro
>>