<<@jean6030
says :
Ibituma imbyaro zbura biri mu bintu byinshi bitandukanye. Harimo ibihumanye dufata umunsi ku munsi tutibagiwe n'inkingo ziza muri Africa zihishemo uwo mugambi. Ntabwo abanya Australia n'abanyamerika (Abasangwabutaka) bari bazi ko bashobora gushira ubu hakaba hatuwe n'abanyaburayi. Imiti iza muri Africa nayo hari iba igambiriye kutumara buhoro buhoro.
>>
<<@habinezajeanpaul9278
says :
ibiganiro mutanga ningenzi
>>
<<@nutritionistrwimitereri5800
says :
iki kiganiro nicyiza cyane mukomerezaho
>>
<<@boscomutatse9644
says :
Uko Dr arimo kuvuga karande siko bisobanuye mu kiganga: karande yo mu kiganga ivuga genetique, ariko iyi karande Dr avuga hano ni imyuka, imyaku,....
>>
<<@Kabeyi4169
says :
Inama y'umuryango noneho ni mahwii😍
>>
<<@mlaude-vk8rj
says :
Unazemo akantu ka musinga ngo ibyo bintu byihorere papa😂😂😂
>>
<<@imanankubito7380
says :
Twifuza kuzaba abashyitsi natwe tugasangira ,mutubwire umunsi n'isaha kiberaho! Murakoze
>>
<<@imanankubito7380
says :
Icyi kiganiro kiziye igihe, twakundaga inama y'umutekano ,,.. tutarabona inama y'umuryango vraiment
>>
<<@theogenetugengwanayo2617
says :
Umwana rero ariga akigana mu myumvire nimikorere
>>
<<@theogenetugengwanayo2617
says :
Muraho neza Espe, Dr na Vanessa ...nitwa Theogene ntuye Huye....mwakoze cyane kuzana iyi ngingo...umuryango rero kuwuvugaho Niko kuvuga ku gihugu bya nyabyo Niko kuvuga yumutekano wimbitse...rero ni byiza ko umuryango uba ishingiro rya byose kuko iyo TUVUGA ubukungu bwigihugu bishingiye ku muryango....umuryango rero ni ngombwa cyane kuko iyo ufite iyo uva mu muryango nibwo wumva ukwiye kizagira umuryango muzima....abatubatse neza bamenyekana cyane kurenza abubatse neza...
>>
<<@bestfriend250TV
says :
Niba ukunda UmuryangoTV wankandiye ku gafoto❤❤❤❤
>>
NEXT VIDEO
>>