<<@imiburo-20
says :
Buriya satani yarakohereje Aho ari bugufatire neza
>>
<<@imiburo-20
says :
Mirror ni porte y'abadayimoni cyane!
>>
<<@mignonneirakoze6838
says :
Nanjye byambayeho, N ubuhamya numvise bw uwavuye ikuzumu Byari ibintu biteye ubwoba. Nagize ikibazo from that day. N ubuhamya burebure. N ubu sindeba ibintu bibonetse byose byo gatsindwe. N ishimiye kumenya ibyo Christo yavuze not iby abajya ikuzimu. Narajyanywe byakuweho n abasenga.
>>
<<@NayiturikiSoso
says :
Nifuza kubana namwe buriya munsi arko nabuze ukuntu twajya tubana mwamfasha
>>
<<@ClaudineUwingeneye
says :
Imana ibahe umugisha bakundwa
>>
<<@T.M.Valentinos
says :
Umwami Yesu ashimwe cyane,kumenya Imana bizana amahoro pe nanjye ndumuhamya wo kubihamya rwose
>>
<<@MunyankikoSilas
says :
Ko bikaze mbega.iminsii
>>
<<@MurebwayireEpiphanie
says :
Uwiteka aduhe ubwenge pe.gutahura Maji za sekibi biragoye
>>
<<@Junior-SteveBiko
says :
Nonese uburiganya n’ibinyoma biba mubitabo biyobya isi bizamenyekana bite abantu nibadasoma ibyo bitabo? Hari abantu basoma ibitabo bagambiriye gushakisha ukuri kuko muribo harimo gushidikanya kukwizera kwabo. Uko gusoma bikabazanira ubwoba n’ihungabana bitewe nuko badafite urufatiro rukomeye muri Kristo. Njye ndumva warasomye hanyuma ibyo wasomye bikagutera gushidikanya ndetse ukagira ibyo wizera muribyo. Uko gushidikanya niko kwagukururiye imbaraga z’umwijima.
>>
<<@Kubahoneza
says :
Ibyo nukubeshya icyogirabo nange ndagishaka kugirango ndebe niba aribyo😂😂
>>
<<@astherie3138
says :
Dukeneye ikindi gice
>>
<<@NzabandoraDavid-p2d
says :
Uwiteka aturegere.
>>
<<@Lion-h4c9m
says :
N’aba Mormon igitabo cyabo mukirinde hamwe n’icy’ abayohova ndabizi abari murayo madini baraje batukane kandi tubazi
>>
<<@nyanziramarithe1710
says :
Mana utubere maso
>>
<<@mukasharangabodonatille2044
says :
Ntibyoroshye
>>
<<@Kigali-f2f
says :
https://youtu.be/MjeNilMRr_A?si=CCp9TPNGCp98LyuV
>>
<<@Emelyne-f1l
says :
Imana Idutabare kk Bitugora gutahura
>>
<<@gahiganadonatien6645
says :
Muvandi ijuru si ukuntu nahantu harahari kdi nikuzimu nahantu si ukuntu kuko harahari ntimukajijwe cg ngo mujijishe abandi ntuzongere.murakoze
>>
<<@mukamusoniregine3063
says :
Ariko abantu bagira isoma , ubu umuntu agasoma nigitabo cyitwa gutya
>>
<<@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q
says :
Birakazepe, Imana idudhoboze
>>
NEXT VIDEO
>>