<<@imiburo-20 says : Buriya satani yarakohereje Aho ari bugufatire neza>> <<@imiburo-20 says : Mirror ni porte y'abadayimoni cyane!>> <<@mignonneirakoze6838 says : Nanjye byambayeho, N ubuhamya numvise bw uwavuye ikuzumu Byari ibintu biteye ubwoba. Nagize ikibazo from that day. N ubuhamya burebure. N ubu sindeba ibintu bibonetse byose byo gatsindwe. N ishimiye kumenya ibyo Christo yavuze not iby abajya ikuzimu. Narajyanywe byakuweho n abasenga.>> <<@NayiturikiSoso says : Nifuza kubana namwe buriya munsi arko nabuze ukuntu twajya tubana mwamfasha>> <<@ClaudineUwingeneye says : Imana ibahe umugisha bakundwa>> <<@T.M.Valentinos says : Umwami Yesu ashimwe cyane,kumenya Imana bizana amahoro pe nanjye ndumuhamya wo kubihamya rwose>> <<@MunyankikoSilas says : Ko bikaze mbega.iminsii>> <<@MurebwayireEpiphanie says : Uwiteka aduhe ubwenge pe.gutahura Maji za sekibi biragoye>> <<@Junior-SteveBiko says : Nonese uburiganya n’ibinyoma biba mubitabo biyobya isi bizamenyekana bite abantu nibadasoma ibyo bitabo? Hari abantu basoma ibitabo bagambiriye gushakisha ukuri kuko muribo harimo gushidikanya kukwizera kwabo. Uko gusoma bikabazanira ubwoba n’ihungabana bitewe nuko badafite urufatiro rukomeye muri Kristo. Njye ndumva warasomye hanyuma ibyo wasomye bikagutera gushidikanya ndetse ukagira ibyo wizera muribyo. Uko gushidikanya niko kwagukururiye imbaraga z’umwijima.>> <<@Kubahoneza says : Ibyo nukubeshya icyogirabo nange ndagishaka kugirango ndebe niba aribyo😂😂>> <<@astherie3138 says : Dukeneye ikindi gice>> <<@NzabandoraDavid-p2d says : Uwiteka aturegere.>> <<@Lion-h4c9m says : N’aba Mormon igitabo cyabo mukirinde hamwe n’icy’ abayohova ndabizi abari murayo madini baraje batukane kandi tubazi>> <<@nyanziramarithe1710 says : Mana utubere maso>> <<@mukasharangabodonatille2044 says : Ntibyoroshye>> <<@Kigali-f2f says : https://youtu.be/MjeNilMRr_A?si=CCp9TPNGCp98LyuV>> <<@Emelyne-f1l says : Imana Idutabare kk Bitugora gutahura>> <<@gahiganadonatien6645 says : Muvandi ijuru si ukuntu nahantu harahari kdi nikuzimu nahantu si ukuntu kuko harahari ntimukajijwe cg ngo mujijishe abandi ntuzongere.murakoze>> <<@mukamusoniregine3063 says : Ariko abantu bagira isoma , ubu umuntu agasoma nigitabo cyitwa gutya>> <<@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q says : Birakazepe, Imana idudhoboze>>
VideoPro
>>