<<@MUKAKAMANZIEMELINEOliva
says :
N
>>
<<@HakizimanaJosue
says :
Umuntu wapiga uyumupaster yabadasoma bibiriya kukontacyavugakitari mo
>>
<<@HakizimanaJosue
says :
Irangamuntu nutayifata uzabahesebwo mwirindibyaha nibisanabyo ntitugatinyabicumuri ndutinye Iyicumubiri ikicanubigingo
>>
<<@JeanpaulZirikana-y6r
says :
Pastor Imana iguhe umugisha
>>
<<@hakizimanalionel-f1q9j
says :
❤
>>
<<@NatherneelNdayihaya
says :
Yes'abahezagire.
>>
<<@elenanambajimana4682
says :
Murakoze,gusa kukijyanye n'indimi njye sinemeranya namwe,kuko indimi zavuzwe intumwa zimaze kuzura mwuka wera,ntaho zihuriye nizivugwa ubu,intumwa zuzuye mwuka zitangira kuvuga indimi kugira ngo abari Aho bose babashe kumva ubutumwa mururimi rw'iwabo Ariko izivugwa ubu zumvwa na nde?ko mbona bazivuga bakanazisobanurira?.Ibyakozwe n'intumwa 2
>>
<<@APicu-123
says :
N'u muhanga cyane
>>
<<@APicu-123
says :
Uyu musaza mumureke
>>
<<@NzayisengaFrancois-z6z9m
says :
Kdi ukuvuga ukuri ntaho ubogamiye
>>
<<@NzayisengaFrancois-z6z9m
says :
Nkunda umuntu ukunda Imana ntadini ashingiyeho
>>
<<@NIYONSENGASylvet
says :
Ndabakunda pasita.
>>
<<@ntihemukagilbert9874
says :
Pastor, dushaka Kumenya amateka ya Bibiliya
>>
<<@evbosco
says :
Reka nunganire Paster. Ikimenyetso cyerekana ko umuntu yabatijwe Mumwuka wera, n'uko tuvuga ururimi rushya.
>>
<<@angeliquenyirabagenzi1581
says :
Musome igice cya ibyahishuwe 5havuga neza uwaje gucungura abantu
>>
<<@angeliquenyirabagenzi1581
says :
Nibyo pastor hari verse yo mubyahishiwe ivuga ko habuze ubwo kubumbura igitabo cyuzuye imibabaro gifatanishije ubushishi bisobanuye ko Yesu ni we Mana yigize umuntu
>>
<<@MujawimanaJacqueline-p5s
says :
Nukuri Imana ishimwe cyaneeee ndabakundap.
>>
<<@nuwayovanessa3316
says :
Yesaya 9:5
>>
<<@bernardbanage8387
says :
Havugwa ko abanditse igitabo cyitwa Bibiliya, bayanditse bifashishije ibitabo byera byanditswe n'abirabura. Abo banditse Bibiliya, bagiye biyongereramo ibyabo mu rwego rwo gushaka kwigarurira abanditse ibyo bitabo mbere yabo kandi bajijisha ababakomokaho. Mu rwego rwo kubajijisha hari n'ibindi bitabo banze gushyira muri Bibiliya, kubera ko byari birimo ukuri kutaziguye. Babikoze mu rwego rwo kwigarurira abo bashaka kwaka ibyabo, bagatwara ababo kandi bakabigarurira, ndetse bongeyeho no guha Christu isura itari iye.
>>
<<@nutritionhealthsecrets
says :
Mutama ,hari Ibitabo vyitwa ibishingira intahe Yesu cnk Prophets books,knd ni ivy itorera ryasigaye riboneka mu vyahish12:17, Abatavuga ibihwanye navyo ngo nta museke uzobatambikira,bazoba mu bwira ntibuce Yesaya8:20
>>
<<@rwigemafidel
says :
Imana Ibahe umugisha.
>>
<<@KubwayoEduard
says :
Kumereza aho
>>
<<@Byumvenawe
says :
Nta buyobe buruta kuba mutajya mutekereza impamvu ituma mutagenza nk'uko itorero ryagenzaga mbere y'uko intumwa 12 zose zisoza ubuzima bwazo ku isi kuko ibyadutse mu myizerere nyuma yaho byose ni bwo buyobe. Uyu musaza wandikirwa kuri whatsapp ntasubize se ubu koko mwe murumva ari agakiza kabimutera?
>>
<<@Quovadis-q3y
says :
Ayaloni tv ,hari ahantu wabesheye Papa,ngo ni muhuza w,Imana n,abantu ngo utamnyuzeho ntawagera ku Mana.Oya sibyo Papa ni umukuru wa KILIZIYA GATOLIKA ntabwo ari intermédiaire ,ntanaho byanditse pe ntanubwo we ubwe yigeze abivuga.Keretse wenda abo muri antiquité
>>
<<@TwagirimanaJeanBaptiste-s2z
says :
Mwuka wera akomeze akwagure yesu aguhe umugisha .❤ 12:47 12:51
>>
<<@EricMwirabure
says :
Namahoro.Mfise ibibazo;Nivyo muravuga ko bibiliya yahumetswe ni lmana kandi mwavuze ko vyalibitabo vyinshi ariko batoramwo bimwe ,none abo batatolewe ibitabo vyabo bavyanditse bahumekewe niki canke iyahumekeye ivyobitabo vyatowe bigasuzumwa bikandikwa muli bibiliya ntabushobozi ifise bwoguhumekera ibindindi?Je ngerageje kuraba bibiliya canke ibitabo bitilila kwalamajambo yi lmana nivyo biza bihuvya abana bi lmana.kk lmbele 367 batalemeza ko bibiliya yahumetswe nimana siho hakorwa ivyaha birenze kurusha aho mama habonetse iyo bibiliy ko yahumetswe ni lmana kandi ikindi nuko usanga icogitabo yaba bibiliya,yaba korowani, yaba Helen write yaba Baranaba nabandi bivuga kwaribo bahanuzi banyuma kugira bikumakumire kwabantu gusa.
>>
<<@LucasENGINEER-j9m
says :
Yego munyamwuka we! none uyu musaza ko yigisha bibliya, uwo mwuka wundi uri kure ya bible ni mwuka ki?
>>
<<@djamilaniwenshuti5662
says :
10 Doctrine za BIBILIYA: Ibyanditswe byera Imana Kristo yesu Umwuka wera Abamarayika Umuntu Icyaha Agakiza Itorero Kugaruja kwa yesu Reka twige
>>
<<@RwamakambizaJeanClaude
says :
Uyumusaza nuyubawe numuhanga ibyavuga kubishimira biragoye kuko abantu barayobye ntibakunda Amagambo Yimana nzims
>>
<<@RwamakambizaJeanClaude
says :
Nonese irangamuntu yakubuza ubugingo?
>>
<<@RekanyisengeRenatha
says :
Nukuri!Imana ibahe umugisha!
>>
<<@karumugaboeuphrem-s6i
says :
Hhhhh murashe kubyo nabonye muba Mormon igitabo cya Mormon nigifite agaciro kuruta Bible
>>
<<@MajyambereEvariste-m6w
says :
Menya ikinyarwanda tagatifu=yera
>>
<<@EjideDusengimana
says :
Kuki hariho bible ntagatifu na bible yera.
>>
<<@christinemahuku289
says :
Les Evangiles Apocyphes kutazivugaho niba koko urimukuri
>>
<<@christinemahuku289
says :
Uravuze ngo bayungurura umuntu yayungurura ate Ijambo ry Imana iryo terabwoba muhoramo Imana Izi abayo kandi nabayo barayizi ni musome Yohana 17 Imana iturinde ubuyobe nabayobya ariko turarinzwe
>>
<<@dorcasmujawayezu7898
says :
Ntabwo gusobanura Imana byashoborwa n'umuntu uko yaba ameze kose ! Ibyayo biri mw'ibanga rikomeye, tuzabisobanukirwa tygeze yo, icyo dusabwa nukwezwa no kubaha Imana, no gukunda bene data, gusenga no kuba maso ! Ibindi nibya yo ! 🙏
>>
<<@dorcasmujawayezu7898
says :
None se niba uvuga ko Imana igizwe n'ubutatu, ariko Yesu akaba yaraje mw'isi, na Mwuka wwra akaza kubatiza abilene Yesu, ubwo Imana yaba yuzuye ?
>>
<<@NdikumukizaTheoneste
says :
Uyumugabo afite ibyandinswe jyushaka nkaba ayaroni nyanga iyoyibasiye abandi nemerako Yesu azi abe kurusha abantu
>>
<<@UwamariyaJosiane-o3n
says :
Uyumusaza rwose numunyamubiri nyakayobye abanyu
>>
<<@UwamariyaJosiane-o3n
says :
Uyu musaza ubushize yavuzeko irangamuntu yikoranabuhanga ngontaho ihuriye nubugingo ayabya abantu ngobazayifate kdi twarasenze amakuru turayafite pe uburwese sinzi ubugingo bwabantu yoretse nimba azabugarura
>>
<<@MusabyimanaGermain
says :
disi murwanda turahirwa kuba dufite umuntu nkuyu ukijijwe
>>
<<@MurebwayireEpiphanie
says :
Uwiteka aduhane umugisha
>>
<<@MUPENZIAmani-c1l
says :
Mwese abatez'amatwi y'umutima yesu abah'umugisha.
>>
<<@NambajimanaPascal-v7e
says :
Mfite ikibazo munsobanurire bible ntagatif yahumetswe n'lmana? Niba aribyo kuki harimo ibitabo birenze 66 ubwo ibindi birimo nibinyoma? Kuko muvuze ko ikirenze kubitabo 66 ibindi nibitekerezo byabantu
>>
<<@RoubenNiyindorere
says :
turahabaye muhabwe umugisha
>>
NEXT VIDEO
>>