<<@nduwumukizatheogene
says :
Sintekereza ko Joseph adafite ubwino kuko ibi biranutse atari ukuri byaba bigize icyaha ntitaye kuri coments z'abanyamugi ndeba aha birashoboka ko ari ukuri icyakora irerera abanyamugi mumujyo w'umugi kbs
>>
<<@boscomutatse9644
says :
Nakundaga Joseph,ark nta makuru ye nzongera kwizera. Ndabona nawe yarabaye nk'aba youtubers baba bishakira views yibagirwa ko ari umunyamakuru w'umwuga. Age abanza asesengure ibyo yabwiwe, anage kuri terrain ashake amakuru afatika. Keretse niba yahawe akantu nabantu bakoraga ibiraka bakaba barabibuze kubera abo bana basigaye babakorana. Joseph ashobora kuba yaka giti cg se arya ruswa. Buriya ejo azaza asohore inkuru iri opposite y'iyi (nibamuha akantu kuko buriya niko ashaka). Murebe inkuru 2 yakoze kuri ya saga ya le Marara (inkuru ya mbere yaje ishima hotel, iya 2 iza iyisenya: ubwo mwe ntacyo mwumvamo!?). RIB itangire icungire hafi Joseph pe.
>>
<<@seraphin350
says :
Mwaramutse, rwose ntabwo kubeshya ari byiza kuko abana ba Rwanda Coding Academy ni abana biga ama science kurwego rwo hejuru rwose , abana kandi ntibigeze babura university busibye nibyo iyubakwa rya kaminuza yabo rigeze kure ndetse ibi byabaye kuko basanze tudindira twiga ibyo twize nukuri ibyo wakoze ntago bikwiye.
>>
<<@uwayezubeatrice9883
says :
Kuki dusigaye dufite abanyamakuru batazi gusoma ibyanditse koko π€ Vanessa jya ubanza usome inkuru uri buze gusoma kuri camera! Cyangwa niba screen ya phone yawe ari nto bagushakire big screen π’
>>
<<@funnytvshow727
says :
Nawe wabonye bagushima none ndabona bitangiye kugucanga kbs! Wigaye cyane . Cheap mind kbs
>>
<<@ikirezihonorine
says :
Uyu munyamakuru afite gusaba imbabazi kuko usibye no gusebya ikigo kirenze asebeje na leta yagize igitekerezo cyo kugishinga.
>>
<<@ikirezihonorine
says :
Iri tangazamakuru rishinzwe gukwirakwiza ibihuha nta bwenge burimo. Byibuze muzabanze muze gusura Rwanda Coding Academy ubundi mubone kuvuga ibyo mwishakiye kuko mu byo mwayivuzeho byose nta kuri na kumwe kurimo. Ibi biri mubituma rwose itangazamakuru ryo mu Rwanda ridatera imbere kubera ubunebwe bw'abatubeshya ngo bazi gutara inkuru kandi icyo bazi ari ukwivugira ibyo batoraguye aho ariho hose. Ibi nibyo twita kutamenya akazi ushinzwe gukora. Gabanya ubunebwe ujye gushaka amakuru adasenya u Rwanda ahubwo arwubaka ureke ibihuha kuko nta kirimo.
>>
<<@truesongsofficial
says :
this channel must be reported
>>
<<@truesongsofficial
says :
subwo ntabwoba we mur kumva uburemere bwibyo muvuga
>>
<<@UWASEMUGISHAEsther
says :
Mn shuri ry'abanyamakuru riracyari open if you still interested in xcl it's still open
>>
<<@arisangaishimweroger
says :
ase ubundi Rwanda Coding Academy tuvuga ni imwe , cg hari indi uzi twe tutazi , kuko iyo urimo uvuga werekana ntabwo ibyo uyivugaho ari ukuri rwose, wasanga hari indi itari iyo urimo uvuga tutazi, dusobanurire
>>
<<@abbysari-250
says :
UMURYANGO TV RWANDA mwegere @RwandanTVRBAHafiYawe babigishe, kuki muri kubeshya abanyarwanda munabeshyera Rwanda Coding Academy? MWISUBIREHO . Ark iki cyaha nti gihanwa n' amategeko? muri kumva uburemere bw' icyaha mukoze?
>>
<<@arisangaishimweroger
says :
kuki musebya itangazamakuru koko, ubu abantu bazagira ngo abanyamakuru bose ni ababeshyi b'abanyabinyoma nkawe , reba uburyo unabivugana confidence nyinshi nkaho ubihagazeho rwose, ntimukabeshye abanyarwanda, uzabaze abize Rwanda Coding Academy mbere y'uko uzana ibyo bihuha
>>
<<@truesongsofficial
says :
uyu mugore azi kwantona pe
>>
<<@luckydavidasheri
says :
umva rero nkubwire sinzi niba imyaka ufite ingana n'ubwenge ufite bro ujye ubanza ukarage ururimi 7 time kuko kino kigo ntacyo uzi peeeh nta na 0.1 % y'amakuru ufite kuri kino kigo rero uzabanze ufate amakuru ya nyayo kuko nturi nyiri kino kigo ntukora hano kandi n'ikindi ndabizi neza ko n'umwana yifuza kuzahaza ariko bitewe n'ibintu uvuze nta n'aho azabona niba ari n'amafaranga ushaka uzaze gukora hano ubukirina ( ikibazo ni uko nako kafashwe)
>>
<<@truesongsofficial
says :
hano uzaze udusure u are welcome
>>
<<@Rosinereflections
says :
Aba banyamakuru bari guharabika ikigo cya Rwanda Coding Academy bayobozi bu Rwanda turasaba ko bakurikiranwa bagahanwa, ibaze umunyarwanda muzima ubeshya biigeze aho,
>>
<<@faroundnfindoutt
says :
Thatβs wild, and your kids out here praying hard, grinding for that 9 ALU uni ππ. But I bet they still think UR or IPRC is the biggest goal out there. Ainβt no way someone raised by you can aim that high(ALU). Still, you and your kids lucky, at least youβll never feel the pain of that ALU rejection email π. Wishing you luck on your grind for views and bread, stay hungry πͺ.
>>
<<@patrickihirwe
says :
Ese wowe uzi icyo uri cyo??! ππππππππ
>>
<<@Rosinereflections
says :
please abo bana ntibakwiye kwiga muri kaminuza nimwe yo mu Rwanda kuko ni babanyabwenge cyane ahubwo NESA bakurikirane babajyane kwiga hanze muri za kaminuza nziza sifite ubushobozi
>>
<<@IshimweBonheur-i2e
says :
Ese ubundi ninde wakubwiye ko abarangije Coding Academy bakomereza UR, ko ahubwo curriculum yabo iri kurwego rwa masters, ahubwo abiga kuri ALU bo waba uziko bagira curriculum yabo yihariyee?
>>
<<@BioInASec
says :
Umuryango TV RCA students babakorera website nziza mukomeza gukwirakwizaho ibyo binyoma kbs ariko babaca akayabo mudafiteπ
>>
<<@nsengisa
says :
Wabikuyeheeee!!! Wabikuyehe, ko gukora content bisaba gufata Rwanda Coding Academy ukayivugaho nabi utayifiteho amakuru ahagije? Wabikuyehe, eeh wabikuyehee?? Jya muri Comments usabe imbabazi. Saba imbabazi Abanyarwanda Saba imbabazi Gira vuba
>>
<<@khal-rgs
says :
Murakoze ku makuru mutugejejeho ntabwo twari tubizi, turabakurikirana 5/5
>>
<<@nipcts6
says :
Ese wowe uzi icyo uri cyo??! ππππππππ
>>
<<@nipcts2
says :
Ese wowe uzi icyo uri cyo??! ππππππππ
>>
<<@IshimweBonheur-i2e
says :
Abari burebe kino kiganiro bize mathe physique muri secondary baze kumbwira ngo mbese bigeze biga Fourier series, noneho n'abiga kaminuza mu ishami ry'imibare bambwire ngo mbese Fourier series bari baziga? Cyakoze usebeje, ministeri itegura curriculum, usebya abahiga, ndetse n'abayobozi
>>
<<@nipcts6
says :
Report this channel!ππππππππππ We heard enough
>>
<<@nipcts6
says :
Report this channel!ππππππππππ We heard enough
>>
<<@nipcts6
says :
Report this channel!ππππππππππ We heard enough
>>
<<@nipcts6
says :
Report this channel!ππππππππππ We heard enough
>>
<<@nipcts6
says :
Report this channel!ππππππππππ We heard enough
>>
<<@nipcts6
says :
Ubundi warize????!!!ππππππππ uzahasabe umwanya byibuze ukorera amasuku abana ba mbere mu Gihugu wagira ibyo ubigiraho bitari bike ππππππ
>>
<<@nipcts5
says :
Are you normal?! π€¦ββ What I can notice ni uko most of those journalists ntaho bataniye na scummers ππππSee the headline ni ukuri..??! Ese ni wowe wabafunzeππ€¦ββ Please!!!? Mugerageze kuba abanyamwuga mubyo mukora pe, Imagine gushinga channel ugatera imbere ukagira subscribers basaga 80k.... then after u start uploading silly contents like these..?!?π€¦ββπ€¦ββπ€¦ββπ€¦ββ No proof, just turning around on your chair lying to all your subs. Get professional and grab your ticket and visit the place in-person ntibakwanga kukwakira peππππ Wenda ndabyemera kuvuga biraborohera ariko mwikunda ibyoroshye gusa ahubwo mukore ibifite ireme!!!!! Iyo ugira amahirwe yo kwiga RCA wari kuba uri mubindi ukareka kubeshyaππππ! Anyways, At RCA courses include but not limited to Mathematics and Physics (Core courses and highest marks on the report) , Software Engineering (Now producing more than 100 Senior Software Engineers each year), Embedded Systems (Includes but not limited to AI & Robotics), Web 3 Techonologies and courses here are entirely project-based where students apply what they learn everyday in real-world projects! The 1st intake graduated 58 students. Among them, 10 received scholarships to study in the USA, 46 are studying at ALU through a partnership between MINICT and HEC, and 2 joined URβCST on a Mastercard Foundation scholarship. For the 2nd intake, we had 60 students; 23 of them received scholarships to study in the USA, China, and Qatar. The remaining students are at ALU under the same scheme as the 1st intake. The 3rd and 4th intakes will all join the university in January 2026. π«π«π«π«π« Rwanda Coding Academy has went very far from expectations as most the graduates are even contributing to the development of our country especially in different Institutions where they get internship programs. Ese ibi wari ubizi? ππππππ uzahigerere!!!! CYANGWA WAGIZE UBUNEBWE BWO KUGERA NYABIHU! Wakora n'aga sport ukahagera si kureππππππ #rca #born_to_code Leading Through Digital Innovation!!!!
>>
<<@nipcts5
says :
Ibi bintu byihorere!? Usibye ko wenda buri mwuga utabura abaswaππππππ ariko wari ukwiriye gufungwa ππππππππ
>>
<<@nipcts5
says :
Are you normal?! π€¦ββ What I can notice ni uko most of those journalists ntaho bataniye na scummers ππππSee the headline ni ukuri..??! Ese ni wowe wabafunzeππ€¦ββ Please!!!? Mugerageze kuba abanyamwuga mubyo mukora pe, Imagine gushinga channel ugatera imbere ukagira subscribers basaga 80k.... then after u start uploading silly contents like these..?!?π€¦ββπ€¦ββπ€¦ββπ€¦ββ No proof, just turning around on your chair lying to all your subs. Get professional and grab your ticket and visit the place in-person ntibakwanga kukwakira peππππ Wenda ndabyemera kuvuga biraborohera ariko mwikunda ibyoroshye gusa ahubwo mukore ibifite ireme!!!!! Iyo ugira amahirwe yo kwiga RCA wari kuba uri mubindi ukareka kubeshyaππππ! Anyways, At RCA courses include but not limited to Mathematics and Physics (Core courses and highest marks on the report) , Software Engineering (Now producing more than 100 Senior Software Engineers each year), Embedded Systems (Includes but not limited to AI & Robotics), Web 3 Techonologies and courses here are entirely project-based where students apply what they learn everyday in real-world projects! The 1st intake graduated 58 students. Among them, 10 received scholarships to study in the USA, 46 are studying at ALU through a partnership between MINICT and HEC, and 2 joined URβCST on a Mastercard Foundation scholarship. For the 2nd intake, we had 60 students; 23 of them received scholarships to study in the USA, China, and Qatar. The remaining students are at ALU under the same scheme as the 1st intake. The 3rd and 4th intakes will all join the university in January 2026. π«π«π«π«π« Rwanda Coding Academy has went very far from expectations as most the graduates are even contributing to the development of our country especially in different Institutions where they get internship programs. Ese ibi wari ubizi? ππππππ uzahigerere!!!! CYANGWA WAGIZE UBUNEBWE BWO KUGERA NYABIHU! Wakora n'aga sport ukahagera si kureππππππ #rca #born_to_code Leading Through Digital Innovation!!!
>>
<<@nipcts2
says :
Ese wowe uzi icyo uri cyo??! ππππππππ
>>
<<@nipcts2
says :
Ubundi uyu akomoka heheππππππ Uwapfuye yarihuse koko ππππ
>>
<<@nipcts6
says :
Ubundi warize????!!!ππππππππ uzahasabe umwanya byibuze ukorera amasuku abana ba mbere mu Gihugu wagira ibyo ubigiraho bitari bike ππππππ
>>
<<@nipcts6
says :
Are you normal?! π€¦ββ What I can notice ni uko most of those journalists ntaho bataniye na scummers ππππSee the headline ni ukuri..??! Ese ni wowe wabafunzeππ€¦ββ Please!!!? Mugerageze kuba abanyamwuga mubyo mukora pe, Imagine gushinga channel ugatera imbere ukagira subscribers basaga 80k.... then after u start uploading silly contents like these..?!?π€¦ββπ€¦ββπ€¦ββπ€¦ββ No proof, just turning around on your chair lying to all your subs. Get professional and grab your ticket and visit the place in-person ntibakwanga kukwakira peππππ Wenda ndabyemera kuvuga biraborohera ariko mwikunda ibyoroshye gusa ahubwo mukore ibifite ireme!!!!! Iyo ugira amahirwe yo kwiga RCA wari kuba uri mubindi ukareka kubeshyaππππ! Anyways, At RCA courses include but not limited to Mathematics and Physics (Core courses and highest marks on the report) , Software Engineering (Now producing more than 100 Senior Software Engineers each year), Embedded Systems (Includes but not limited to AI & Robotics), Web 3 Techonologies and courses here are entirely project-based where students apply what they learn everyday in real-world projects! The 1st intake graduated 58 students. Among them, 10 received scholarships to study in the USA, 46 are studying at ALU through a partnership between MINICT and HEC, and 2 joined URβCST on a Mastercard Foundation scholarship. For the 2nd intake, we had 60 students; 23 of them received scholarships to study in the USA, China, and Qatar. The remaining students are at ALU under the same scheme as the 1st intake. The 3rd and 4th intakes will all join the university in January 2026. π«π«π«π«π« Rwanda Coding Academy has went very far from expectations as most the graduates are even contributing to the development of our country especially in different Institutions where they get internship programs. Ese ibi wari ubizi? ππππππ uzahigerere!!!! CYANGWA WAGIZE UBUNEBWE BWO KUGERA NYABIHU! Wakora n'aga sport ukahagera si kureππππππ #rca #born_to_code Leading Through Digital Innovation!!!!
>>
<<@abbysari-250
says :
Ariko ntabwo leta IHANA abantu nkaba bajya kuri social media bakabeshya abanyarwanda babaha inkuru z' ibihuhaπ€π€? Nyakubahwa munyamakuru turagusaba kuza ugasura RWANDA CODING ACADEMY hanyuma inkuru wakoze uyisebya ukayihindura ukavuga ukuri π€. GERA NYABIHU ushake amakuru ya nyayo urekere kutubeshya
>>
<<@nipcts2
says :
Ubundi warize????!!!ππππππππ uzahasabe umwanya byibuze ukorera amasuku abana ba mbere mu Gihugu wagira ibyo ubigiraho bitari bike ππππππ
>>
<<@sengagloire
says :
Reka nkugire inama kuri RCA bazi kwakira abashyitsi, uzagereyo ubasure utare amakuru ureke kubyuka ngo utangaze ibyo waraye urose. ntago biga imbare na physic?? ndumiwe kokoππ
>>
<<@nipcts2
says :
Are you normal?! π€¦ββ What I can notice ni uko most of those journalists ntaho bataniye na scummers ππππSee the headline ni ukuri..??! Ese ni wowe wabafunzeππ€¦ββ Please!!!? Mugerageze kuba abanyamwuga mubyo mukora pe, Imagine gushinga channel ugatera imbere ukagira subscribers basaga 80k.... then after u start uploading silly contents like these..?!?π€¦ββπ€¦ββπ€¦ββπ€¦ββ No proof, just turning around on your chair lying to all your subs. Get professional and grab your ticket and visit the place in-person ntibakwanga kukwakira peππππ Wenda ndabyemera kuvuga biraborohera ariko mwikunda ibyoroshye gusa ahubwo mukore ibifite ireme!!!!! Iyo ugira amahirwe yo kwiga RCA wari kuba uri mubindi ukareka kubeshyaππππ! Anyways, At RCA courses include but not limited to Mathematics and Physics (Core courses and highest marks on the report) , Software Engineering (Now producing more than 100 Senior Software Engineers each year), Embedded Systems (Includes but not limited to AI & Robotics), Web 3 Techonologies and courses here are entirely project-based where students apply what they learn everyday in real-world projects! The 1st intake graduated 58 students. Among them, 10 received scholarships to study in the USA, 46 are studying at ALU through a partnership between MINICT and HEC, and 2 joined URβCST on a Mastercard Foundation scholarship. For the 2nd intake, we had 60 students; 23 of them received scholarships to study in the USA, China, and Qatar. The remaining students are at ALU under the same scheme as the 1st intake. The 3rd and 4th intakes will all join the university in January 2026. π«π«π«π«π« Rwanda Coding Academy has went very far from expectations as most the graduates are even contributing to the development of our country especially in different Institutions where they get internship programs. Ese ibi wari ubizi? ππππππ uzahigerere!!!! CYANGWA WAGIZE UBUNEBWE BWO KUGERA NYABIHU! Wakora n'aga sport ukahagera si kureππππππ #rca #born_to_code Leading Through Digital Innovation!!!!
>>
<<@nipcts2
says :
Ese utuye hehe? ππππ Kugera Nyabihu ni amasaha 3 gusa ππππ cyangwa ntuba mu Rwanda ππ kuko uri outdated bidasanzwe
>>
<<@kayirangadonjesus-x9d
says :
umuntu utakwemera ahora arwana nukuri akurwanya
>>
<<@nipcts2
says :
Genda Joseph urahubuka kokoππππππ
>>
<<@nipcts2
says :
Ese usobanukiwe binga iki ku buryo wumva ko Leta y'u Rwanda yashora mu bitunguka imyaka igera muri 6!ππππππππ Umva ahari wari washonje!? Ese wize he ngo abe ariho bashyira imbaraga ahubwo kuko bigisha nabi pe ππππ Kandi si mu Rwanda icyo mbona cyo ππππππππππ
>>
<<@niagea-t1y
says :
Basi se niba ari interview mushaka mwazayisabye neza ko ntawabangiye.Ibintu byo kugaburira abanyarwanda ibidahwitse rwose ntago ari sawa. Nkuko muririmba ngo tuzarwubaka reka turwubakane mu mucyo.Murakoze
>>
<<@hanlee-v7t
says :
Nn x papa ku myaka ufite n' ubumenyi ufite ubona uruwo kugenda ubeshya ushyira hanze ibihuha nkibyo na confidence nyinshi ku bintu udafite ho amakuru habe namba?? Ark ngo wabyutse uravuga ngo reka nge kwataka Coding nibyo birampa views!!!
>>
NEXT VIDEO
>>