<<@JeanBaptisteHarindintwari-y8u says : None Ashobora gusobanura impamvu Petero Mubyakozwe nintumwa2:37-44 yabatije Abizera bambere ibihumbi 3000 Mwizina rya Yesu Kristo Wowe umugisha ko umubatizo Ari Mwizina rya Data watwese nUmwana na Roho Mutagatifu :Ibyakoz 10:44 Ibyakoz 19:1-6>> <<@NTWARISlyvere says : Imana iguhaze uburame ujye ukomeza uduhugure>> <<@NezaJew says : Bibiliya bitabo byose bita ko bisobanura Bibiliya, ni ibitabo birwanya kandi bisimbura Bibiliya. Bibiliya irisobanura ubwayo by precept upon precept (Yesaya 28:10) with World history (Gutegeka kwa kabiri 4:32). Bibiliya n'amateka biragendana ntibisigana, kuko AMATEKA ari umwuzuro w'ibyanditwe muri BIBILIYA byose, nta kibaho hano ku isi kitanditse muri Bibiliya.>> <<@umukizamarc8022 says : Muzatumire Apostle Naamani nawe muganire rwose ubutumwa bwiza bwa YESU kristo>> <<@NzitukuzeEmeline says : Murakoze cyane pastor.!! Komereza ho!! Imana iguhe umugisha>> <<@sebananipascal7414 says : Uzatubwire ari Umwuka Wera nimpano haraho bihuriye?impano satani nawe arazigira niho benshi bayobera kuba afite impano ngo n'umwuka Wela.sibyo nagato ikindi Branham yatugaruye kwijambo.twari twaratakaje amadini adafite. Ibibintu bi 5 sibyo. Ibyakozwe n'Intumwa 2:38 Petero arabasubiza ati “Nimwihane, umuntu wese muri mwe abatizwe mu izina rya Yesu Kristo ngo mubone kubabarirwa ibyaha byanyu, kandi namwe muzahabwa iyi mpano y'Umwuka Wera,>> <<@sebananipascal7414 says : Nonese niba atemera Blanham ekemera Ezekiyeli cg Umwuka wa Eliya bo sabantu ariko barimo Umwuka Wera akabayobora.Yesu yaravuzengo Uwo mufasha naza(Umwuka Wera)azabayobora mukuri kose azenda kubyange abibamenyeshe.Yohana ati abayoborwa n'Umwuka Wela nibo bana b'Imana.>> <<@kuberaimanatv2984 says : Imana ishimwe>> <<@kuberaimanatv2984 says : Uko nukuri>> <<@HakizimanaJelar says : Ndabashimiye murakoze kudukosora kuriryojambo ryomuri timotey abantubenshi twivugiraga ngo kubwinda yakunaniye none turasonukiwe>> <<@MukakalisaValentine says : Nonese ibitabobyumwuka wubuhanuzi kubyifashisha ntibyemewe>> <<@EthienneHarerimana-d4i says : Imana idutabare iduhe gutahura ibyigehe cyiherezo>> <<@UwanyirigiraVirginie says : Ndafashijwe cyane pe nimwe dukeneye>> <<@NiyitegekaPierre-bl2gr says : Ariko ajye atubwira nibinyima yahiye asomamuribyo bitabo bindi>> <<@infinitylovebeats40 says : Nonese sinumva byose hyaranditswe nabantu niba hari ababyemeje bagakurano bimwe bakemera ibindi. Ababyemeje bo bashigiraga kuki>> <<@Ntumpiteho2014 says : Imana iguhe umugisha J.luc. mbega umusaza ufite ubwenge bw'Imana ikiganiro kirangiye ntabishaka nukuri>> <<@Patrick-x8u6p says : Ahubwo se ibyo wasomye mu ntambara ikomeye wasanze Ari ibinyoma>> <<@mariebetty1762 says : Aminaaaaaaaaaa, uyu papa wacu napfa ni bibliothèque zisi yose zizaba zihiye>> <<@ndahiroabdoulkarim1728 says : Nawe warahobagiye>> <<@FurahaMika says : Uyumu saza yize neza pee❤>> <<@ISIMBIJuditte says : Uyu musaza ndamukunda nako nkunda n uburyo abashishwa gusobanura>> <<@africacyprien6979 says : Matayo 28:20 ..... kandi dore ndikumwe namwe iminsi yose kugeza kumperuka y'isi. Ninde uvugwa aha? Ubu Arihehe? # Ijuru si ahantu ni ukuntu.>> <<@GasarabwePatrick-l8g says : 😂😂😂😂😂😂>> <<@Ucurukure says : 2 Kor 11 : 14 Kandi ibyo si igitangaza, kuko na Satani ubwe yihindura nka marayika w'umucyo. SATANI ni umuhanga cyane wo kurwanya Imana akoresheje ijambo ryayo. Byanditswe ngo "Azayobya benshi" Matayo 24.>> <<@Niyondeba128 says : Hakaza nundi witwa mpazibirego>> <<@JeanLucNdayisenga-x3i says : ❤❤❤>> <<@MyRedMi-l8i says : Ibyahumetswe n,Imana biza bitanga ubusobanuro muri bibiliya ibitajyanye nayo byose bituruka kuri satani>> <<@NyiraburangaDevotha says : Imana iguhe umugisha komerezaho udusobanurira izozi zokuganiranimana uzitandu kanya nizizazwe ute>> <<@harerimnasamlionel6966 says : Uyu mu Pasteur mu mute we harimo ibintu byinshi , icyabishyira nanjye mu mutwe wanjye>> <<@MukanazindaMarie says : Ba kristo musome Bibiriya yera kindi mukomeze kwizera Yesu wabonye wanye igihe wizeraga Yesu nk Unkumwami n umukiza wanyu itorero ry Imana riracyariho kugeza Yesu aje naho ibyo kuriyimihanda mubyirinde uje azana agashyake ngo yibonere icyo ashaka bararwanya insebgero irikorana buhanga ritaraza bigishirizaga hehe? Mwibuke uko Yesu yavuze mwirinde hazaduka abahanuzi bababwirango Yesu arihano mwirinda bana b Imana noneho ubwenge bwabeshi bwaragwiriye Ibyahishuriwe Yohana komeza icyufite hatagira ugitwara ikamba ryawemwirinde>> <<@MUKAMAZERAATHANASIE-eu9he says : Pasitero ngakwemera uvuga ibyukuri! Ubutatu turabwemera cyane muri catholic nuranabusobanukiwe>> <<@VictoryNdashimye says : Nibyo ihishurirwa ryose riboneka hariho ijambo>> <<@HakizamunguJeanBaptiste-l3x says : Erega amadini twayavuyemo uzamubaze iyirangamunt yikorana buhanga>> <<@gracemukamurera5700 says : Amen>> <<@rugenerajean417 says : Bibiliya irahagije>> <<@rugenerajean417 says : Urakoze cyane Dr Past>> <<@Friend-e6 says : Bibiriya irihagije . Igisubizo Byose by'ubuzima bw'abantu najye numva Biri muru Bibiliya>> <<@knktvrwanda4233 says : Warayobye pe>> <<@thierrymushimiyimana4433 says : Nkunda ukuntu ubaza pastor ibibazo>> <<@NdayeJack-f3k says : Imana n'imwe. Ivugwa rimwe IMANA (data,umwanya n'a mpwemu yera "mwukawera")>> <<@Nkundacash says : Pastor kuki asoma Bibiliya yera ifite IBITABO bike kandi Padiri asoma Padiri asoma Bibiliya ifite IBITABO byinshi, ubwo pastor ntiyagabanijeho kw'ijambo ry'Imana? Muzehe nadusonanurire Aho Murakoze>> <<@cctvofficial2505 says : Arabivuze ni bashaka bamutuke arabivuze nibashaka bamwice 😂😂😂 izo title zanyu shahu mwa bantu mwe bo kuri youtube!!?? Ni za rutwitsi muziharire ba nyirazo mumese kamwe>> <<@kwizeraemmanuel8718 says : Pastor Uwiteka IMANA abahe imigisha ku butumwa bwiza mutugejejeho . Irijambo rirfatika kuko rirasonanutse . Murakoze>> <<@MunyemanaJanvier-k7e says : Muzehe ibyo wavuze ngo kunywa inzoga si icyaha ntitubyemeranya ,uzakore ikiganiro ubisobanure birambuye>> <<@sergesnkunzimana3562 says : Pastor-professeur>> <<@MUHUMBA-o1w says : Muzehe vigaibyawe ibya branham ntiwabisobanukirwa>> <<@bernarduzabakiriho88 says : Professor Imana imukomeze>>
VideoPro
>>