<<@MASABOSylvère-v2p
says :
Vyarivyo nimba Atari urugero pantekote na misengere nyayo nagira canke abadive ntsmiririmbire urushije abandi nayandi nico.kiretse utaramenya mbega gusenga Niki?canke ni ryari Imana yitaho amasengesho canke indirimbo
>>
<<@RUKUNDOJeanBaptiste-h5q
says :
Dufashe gusobanukirwa idini n'itorero bihuriye he ?? Idini Niki ? Kandi bitandukaniye he??😊
>>
<<@NyirakamanaRose
says :
Uyu mupasitori ndamukunda avugukuri
>>
<<@PIERRENIYONGERE-t9h
says :
Imana ihezagire uyu mushumba. Ico kibazo ca escalier warakibajij neza kko biragaragara ko ihar kandi niyo yishe ivuga butumwa kubwanj.
>>
<<@mashyakaalbertcharles693
says :
Imana ikomeze ihe umugisha P. Pierre, abantu benshi dukeneye ubu butumwa kuko twigishijwe nabi
>>
<<@HakizimanaNepo
says :
Ndabona ibi pastor avuga Ari ukuri arko ntibigikorwa nta torero rikibaho ni amadini yishakira inyungu gusa mube maso muyavemo ni baburoni bize nabi
>>
<<@MukantwariJudith-i5e5s
says :
Ibyo Pastor Mpazibirego arikuvuga nukuri pe Yesu ahubwo umuturindire
>>
<<@giscalnsengiyumva4837
says :
Ubu bumenyi ni ngombwa icyakora nawe Jean Luc wirinde gutsimbarara ku gukorera mu kajagari, kuko nuvuga ko buri wese yaza agakora icyo ari cyo cyose kandi hariho uko impano zatanzwe n'Imana waba ubaye uwica gahunda kandi bene abo Biblia itubwira kubacyaha. Ndatekereza ko nawe muri iyo Ministry yawe umuntu ntiyaza ngo akore uko abyumva ngo umwemerere. Rwanya imigirire y'idini naho idini urireke kuko na Yesu ntiyigeze aritindaho, ukora ibikwiriye wese Imana izamushyigikira amadini azahorana abayayoberamo ariko ntibizanabuza Umugeni wa Kristo gukomeza kwezwa.
>>
<<@rwangabwobamukenuzi4181
says :
Uyu musaza,avuze ibintu numvanye,undi munyakenya!!! Prophet Ndura Waruinge!" Be thel cloud tv". Yemeje ko,Amadini akomeye ari aya Satani!!! Yatanze example: Ngo Anglican Church,yatangijwe n,UBWAMI BW,UBWONGEREZA!!! Ngo iyo dini yahoze iyobowe na Elizabeth!!! Ubu iyobowe na, Charles!!! Ngo HQ aho iri,ninaho HATERANIRA,ABAROZI BAKOMEYE BO KW,ISI YOSE!!!!😅😮😢
>>
<<@HagenimanaEmmanuel-u6y
says :
Ubutumwabwiza burikujyamoneza
>>
<<@IrakizaRosine-p6c
says :
Katorike byo ntubesha tugira ibangape
>>
<<@NsengiyumvaEmmanuel-vo1mt
says :
❤❤❤ nemeranya nawe ese ko Mbona usa naho uba usoma cg Ni ubumenyi lmana yaguhaye biri mumutwe ndagukundaaaa
>>
<<@EpiphanieMusabyemariya
says :
Umuntu niba yarasambanye uwo ntakwiye kubwiriza ubwo se aba yigisha iki ? Yigisha kureka ibyaha kandi we byaramunaniye????? Tuzababonera kumbuto zabo utera imbuto ntakwiye kwigisha niba yarihannye ajye abanza mbere yo kwigisha asobanure mbere yo kwigisha avuge ko yasambanye akaba yarabiretse naho ubundi twazagwiza abiyitabavugabutumwa babeshya bigisha ibyabananiye
>>
<<@FurahaMika
says :
Uyu musaza naramukunze acyenewe muri iyi Societe yuca Nyarwanda reka twumve
>>
<<@rurangwaoscar851
says :
Gufasha uwaburaniwe numugisha ariko se ko hard harudashaka kugerageza kandi asenga ubwo ntiyaba umutwaro aho kuba umugisha kuko Imana Iravugango udakora ntakarye ntivuga uwabuze akazi ahubwo nudashaka kugakora
>>
<<@NshutiAnnet
says :
Ibyo uvuga nukuri Amen Imana yigishe itorero uko rikwiye kwitwara
>>
<<@NshutiAnnet
says :
Imana ikonjyere umugisha mubyeyi.
>>
<<@leoncevyumvuhore1947
says :
Izi nizo nyigisho zikwiye guterwa amatwi n'abantu bose
>>
<<@ibuyerizimatv
says :
Abafite amatwi nibumve ibyo Umwuka Abwira Amatorero❤
>>
<<@ZigirumugabDaniel
says :
Jarike komera Imana iri kumwe nawe izo mpaka zawe ndazikunda uzantumire twiganirire urakora pe
>>
<<@MunezeroEmmanuella
says :
Se ubundi wowe wabwirije uko KURI K 'UKURI ko Ukuri gufise byose bikenewe kugira ngo Itorero ryezwe ! YESU. Ati : "DATA ubereshe UKURI , IJAMBO rya we niryo Kuri " Yoh 17:17. None uko Kuri ni ukuhe ? Iryo JAMBO ni irihe ? Ninde urizi ? .wibuke ko Ari DATA ufite izo Nshingano zo KWEZA abo yatoranyije muri KRISTO . None ese kutezwa kw ' abahamagawe muri KRISTO YESU ikosa n' iryabo? Oya ! Ahubwo ikigaragara ni wawundi ufite mu Nshingano ze KWEZA abahamagawe utarabikora kuko igihe kitaragera.
>>
<<@bernadettekosani9465
says :
Muhabwe umugisha bakozi b'Imana Nzima. Ikomeze ibakoreshe mu kuduhugura.
>>
<<@ByiringiroShadrack-z8l
says :
Mumfashe kandi muzansubize
>>
<<@ByiringiroShadrack-z8l
says :
Yesu nashimwe nagira ngo mbaze pastor wavuze ko kunywa inzoga atari icyaha abagalatiya 5:19 havuga ko gusinda ari icyaha none umuntu asinda atanyweye se timoteyo 2:9 ko habuzanya kuboha imisatsi N'ibindi mfasha umumbarize ibyo
>>
<<@byimanacerestin2784
says :
imana ntiyirema ibice mubyumvikanaho mukagabana umurimo
>>
<<@byimanacerestin2784
says :
muzehe urashoboyepe uzaba uwamateka
>>
<<@byimanacerestin2784
says :
nnx muzehe 1/10.kugitanga umukene atrakiryaho nibyo cg sibyo
>>
<<@nizeyimanajeandamascene3829
says :
Ikiganiro kiza p❤
>>
<<@NambajimanaPascal-v7e
says :
Murakoze peee turabakurikira kdi turabakunda ariko ndashaka mudusobanurire neza umuntu azajya mwijuru kubera ko afasha abo murugo rwe?
>>
<<@sergesnkunzimana3562
says :
Ayaloni TV amahoro? Muzodutahuze ivy'uko abantu bazoragwa is nshasha n'ivy'igitigiri c'abazoja mwijuru
>>
<<@HakizamunguJeanBaptiste-l3x
says :
Byose hanzep
>>
<<@sergesnkunzimana3562
says :
❤❤❤❤❤
>>
<<@Emmanuelkamoso
says :
Imana ibahe umugisha mwinshi cyane turabakunda cyane 🙏🙏🙏
>>
<<@Damascene2-w9k
says :
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@alphonsemwizerwa8376
says :
❤
>>
NEXT VIDEO
>>