<<@Umuryango
says :
Wowe ni ikihe kibazo ubona mu nguzanyo zo mu Rwanda? Ese ubona cyakosorwa gute? tubwire muri comment.
>>
<<@Handling-X
says :
Ni gute twisanze aha hantu. Nka BK igira amafaranga igutwara yitwa ay'Aniversaire ya credit buri mwaka bigendeyenkuyo ufitemo
>>
<<@ndabazigiyej.damascene8409
says :
Ibyo muvuga ni ukuri pe. Anniversary y'inguzanyo , wongereho ngo ayo kwiga Dossiers Kandi usaba inguzanyo byose aza yujuje documents zose. Interest on loan irihejuru cyane pe.
>>
<<@arthurtukashi8183
says :
To many mouths to feed 😊
>>
<<@OlivierKANANI
says :
Politique y'ifaranga no gutanga no gucuruza amafaranga nishyirwaho n'amabanki ishyirwaho na Banki nkuru y'igihu ,Niyo regulate
>>
<<@felixbienvenue1348
says :
Cashless iragoye kuko amafaranga ibigo bicuruza amafaranga birahenda iyo woherereje umuntu amafaranga
>>
<<@felixbienvenue1348
says :
Ikibazo cya banki ni gute iteza cyamunara munsi y'agaciro ingwate yahawe ( Expertise )
>>
<<@idtvchannel92
says :
Service za mafaranga ziri hejuru cyane si bank gusa kuko MTN yo irakabya cyane aho kubikuza amafranga yawe wabikije arega 50k bagukata 2k imagine uhita obona bakwibye byemewe namategeko
>>
<<@Themoney-lover
says :
Gufata inguzanyo birahenze. inyungu ziri hejuru. wakongeraho namafranga bagenda bakata kuruhande, bikaba ibibazo. kubijyanye namafranga arimuntoki ho, Transfer fees ziri hejuru.
>>
<<@bazimazikialexandre8917
says :
Birarenze cyane Rwose noneho kwirirwa bagushishikariza kuyifata!
>>
<<@LiliwaJB
says :
Bank zikwiye kugabanyiriza urubyiruko muguhabwa inguzanyo, kubera ko urubyiruko turashaka gukora ariko ntangwate rufite,
>>
<<@Mweneisaka60
says :
Sha twarumiwe ibaze kuguha 3.9M ukazishyura 5.7M hanyuma ukajya unatanga anniversary fees burimwaka shaaaaaaaa
>>
<<@Mandelenia
says :
Komera Yozefu. Ikiganiro cyiza. Icyo wise kwishyura kuri ATM ,byitwa POS.
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Ngo momopay iyo wishyuye umucuruzi 0.4% barayamukata , na banki iyo ukora transfert mu yindi banki amazina y'uwo woherereza ntabwo aza kandi biba Ari ukwishyira mu byago byo kuyobya amafrw
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Uwakubwira imyaka ishize BPR yaranze gutanga inyungu ku migabane yacu ni gute bunguka ariko habe no kuduha ku nyungu z'imigabane
>>
<<@user-li1ov5vu3p
says :
Hari n'ikibazo kindi ... abantu bahabwo credit ariko banki ikayibaha nabi kuburyo birangira aha hombeye
>>
<<@Jaguar-c7t
says :
Muravuga iki se ko imisokoro bank zayitumazemo.
>>
NEXT VIDEO
>>