<<@Umuryango
says :
RIB yatangaje ko yataye muri yombi nyiri Roots Investment Group ltd isanzwe ikora ikinyobwa cya BE ONE Gin Acyekwaho icyaha cyo gukora ibinyobwa bishobora kwica cyangwa gushegesha ubuzima nyuma ya nyiri Joyland Company yakoraga Salama. Ese ko inganda zifite ikirango cy'ubuziranenge(S mark) zikomeje kuvugwamo gukora ibirimo umwanda n'uburozi, Umuturage ni iki azagenderaho arinda ubuzima bwe? Ese ntihaba hari ibibazo mu itangwa ry'ibi byangombwa igenzurwa ry'izi nganda igihe zatangiye gukora? WOWE UBONA BIPFIRA HE? TANGA IGITEKEREZO CYAWE MURI COMMENT, NTIWIBAGIRWE GUKORA LIKE NA SUBSCRIPTION NIBA UTARABIKORA KUGIRANGO UKOMEZE KUBANA NATWE. #BE_ONE_GIN #rootsinvestmentgroup #salama #rib #rsb #fda
>>
<<@TuyizereMalidad-wz2nd
says :
Vakumkotanyi zidashoboye
>>
<<@kwizerapaul3096
says :
Ariko irufungwa harebwe nabafungisha nabo???? Kuko gufunga huti huti ntekerezako hashyirwaho System ishinzwe izinganda ariko ibyogufungisha birimwo amakosa rwose ntagaribyo
>>
<<@justinmakinga1207
says :
Aba bose bafungirwa banze gutanga shares mu cyama, abandi barakora ibyo Inyange nayo ikora
>>
<<@Nkundacash
says :
Ko Boss wa Burikantu na buri Nguni byakomeye bo nk'aba n'umva badakoma bite byabo?!
>>
NEXT VIDEO
>>