<<@NiyobuhungiroRalice says : Dear brethren God is good and God is the Lordโœ๏ธ>> <<@habimanavalens says : Ubusanzwe kuri betting companies zigomba kuba zifite Professional Indemnity cover kumakosa akorwa nacompanies ariko hakiyongeraho Performance or Surety Bond itangwa nibigo byabishingizi igomba gukoreshwa nurwego rugenzura imikorere yibigo bya betting mukugoboka rubanda( beneficiaries) ๐ŸŽ‰๐Ÿ˜‚>> <<@ashimwiteka says : Ibi se biratumarira iki? Muteye ubute gusa>> <<@SunnyMutesi says : Biteyison look at the houses of those pastors cars business etc look at their church members to ๐Ÿ˜ญ๐Ÿฅฒ>> <<@SunnyMutesi says : Us on line spectators I donโ€™t believe that the spirits of these women will make people to know how to read and write you only go to school to gain knowledge and skills, and go to church for spiritual growth, to worship God, build community, and receive moral and emotional support people should do know the difference, as for those Nigeria charlatans in the name of pastors are there to extract money from fearful members in the name of miracles which doesnโ€™t exist, we thank God for Rwanda ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ for closing most of these churches people could have ended up in poverty.>> <<@jeanfxjeanfx says : 2B Rwf si amafaraanga yatuma bafungirwa abaye ari clean money, mureke kutuyobya kko aya hari abayafite as individuals>> <<@goodnewsmedia10 says : Sha nari ngize ngo ni pastor Julienne wafunguye๐Ÿ˜ข>> <<@goodnewsmedia10 says : Ahubwo ni make Sha abapagani ko bayagira bikaba normal! Ubonye yaba afite nibura icumi agakorera Imana kakahava agafasha abakene ariko Mana kuki abana bawe abakristo badafite amafaranga koko miliyari 2 ni igitangaza ku Mana Nyirifeza n' izahabu? Pastor Imana ivuga ngo uzaguriza amahanga ubwo se miliyari 2 koko zakubaka n inzu Pasiteri Julienne yifuzaga kubakira Imana ahubwo Imana iyaguhe Sha, uyafite nziko nta ndaya yasigara ku muhanda indwara zagabanuka prison zikabura abantu Ingo zigasanwa abana b' abatinganyi n abanywa ibiyobyabwenge bakabireka bakiga bagakora abantu n imiryango bagakora ubukungu bw igihugu bukazamuka! Uzi abamotari bagaburiwe na Grace Room babaga bahatonze ni bangahe? ubwo rero simvuze ubukerarugendo bw abantu baza mu biterana nibura 100 ku mwaka ni amadollari angahe? erega abakozi b Imana bafite umumaro bakwiye kubahwa na RGB nabo bakayubaha Amen. Pastors Julienne Imana iguhe amafaranga menshiiiii ugurize amahanga aleluya ese RGB ibona urusengero nk' ibyondo cg inzu bafunze cg ureba ubuzima bw abantu bwari bwaravuye mu kaga? Bajyiye he nyuma yo gufunga? Ahubwo RGB yakabaye ishyigikira ikanafasha abafatanyabikorwa bayo amadini aleluya abanyamadini nabo nagasengera ubuyobozi cyane bakanabwubaha buri wese ahagaze mu mwanya we neza mu kubaka igihugu ntaho bagonganira ahubwo baruzuzanya aleluya ndavuga RGB n amatorero RGB yakabaye urwrgo rufasha amatorero apana urufunga amatorero amatorero nayo agomba kwiyumva yisanze Kandi yisanzuye kuri RGB kuko ni abafanyabikorwa mu kubaka igihugu. Ubusugire n umwihariko w itorero ukubahwa, n ubuyobozi/ RGB bukubahwa Amen haha ngayo nguko>> <<@kmd554 says : Mbuze uko nimyoza pe, Nonsense, this is Gossip not News>> <<@MurigirwaScovia-p7j says : Murinjiji zizemwaba nyamakurumwe mugemuvuge ibyomwakozeho ubushakashatsi mureke guhimba muhuzahuza>> <<@MurigirwaScovia-p7j says : Imana ibabarire kuko mutazibyomuvuga muzisanga murimurubanza imbereyimana Jacky ntiyabatirijwe muri Grace room yakirijwe kwa Ernest>> <<@mujawiyeraalphonsine188 says : Pastor julienne mwese mwamuririyeho nubu muracyamugarura mukarya ,buriwese ushinze YouTube niwe Azana>> <<@Childofgod1357 says : Wa munyamukuru we, uwo mwana w'umukobwa wigeze umushaka ngo umukoreho inkuru maze werekane ko yari asanzwe azi gusoma akaba yaraje kubeshya muri Grรขce Room? Murarushye pe!>> <<@Childofgod1357 says : None se kuba Grace Room itunze miliyari 2 ni ikibazo? Nta mishinga se yari ifite yashoboraga gutuma izo miliyari bazitunga? Ntibari muri gahunda yo kubaka urusengero se? Abakristu ntibitangaga se?>> <<@Bolingo-c2i says : Hari abatunze arenga za Miliyari 2 bibye leta knd bari mu gihugu Ko ntacyo mubakoraho se ๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚>> <<@Bizatubirebatugaceceka says : Ariko sha mwagiye mureka kwiyobagiza, ngo ntimuzi aho ayo ma cash ajya ? Nonese nta mwana wa ntuzaโ€ฆ mwumvise uherutse kugura inzu ya miliyoni 7 zโ€™idolari, kandi yayiguze ataranatangira akazi. Na se umaze imyaka 30 akorera leta,umushahara we ntiwagura iyo nzu. Nonese umwera uturutse ibukuruโ€ฆmubareke rero ubwo buri wese akame izo aragiye. Ibyo byose bizashira aruko umunyarwanda yamenya kuvuga ngo NDABYANZE>> <<@tetaisabelle8524 says : Jacky ntabwo ari umu Graceroom mujye muvuga ibyo muzi plz>> <<@tetaisabelle8524 says : Ese ko mwari mwarakererewe ubu nibwo mubyibutse? Julienne yarakoze mu gihe cye nawe kora muri ikigihe cyawe>> <<@NdayisengaGilbert-u6p says : Huuu Yoseph we uzabaze aho amafaranga yafatiriwe yaza Campanya zabaye Scam zikarya abantu harimo :STT, TATA, CAVALON n'izindi aho ayo yagiye niho n'andi azajya birangire>> <<@alphonsendayishimiye8243 says : Ariko kuki RIB itabagenza kucyaha cyubushukanyi,kunyereza imisoro,etc.murwanda mbona ubutabera bureba rubanda ruto.>> <<@katseyelovesyalleyekons says : Abanywa gake bazize iki?๐Ÿ˜‚>> <<@agefightingbeauty says : None se ubu ko mubeshye ngo Julienne niwe wabatije JACKY NONE MUKABA MUSHYIZEHO IFOTO ABATAZWA NA ERNEST>> <<@agefightingbeauty says : Ariko yaranavuze ngo umuntu ni inyamanswa izi ubwenge>> <<@Clairette-p3b says : Imana. Ibababarire muri guteza akaduruvayo mu gihugu>> <<@statehouse-q6q says : Umusa Kuva nange nava kumayaga nibwo numvise itekamutwe rihambaye ๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚ ngo yamenye kwandika atarize๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚ ndagiye mwijuru nzanse kwisi aringe muntu utatabeshye nagato๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚>> <<@Handling-X says : Mutabeshye ayo mafaranga barayafite? Reka Leta ijye ibatinya pe! ๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚๐Ÿ˜‚ Muzampeho nikemurire utubazo>> <<@bahatiinnocent7626 says : Ntiyatumiye ibukuru. Ntazi icyo mwuka ashaka.>> <<@woodsmachinery3670 says : Uziko hari igihe kwitwa umwirabura bintera ikimwaro bitewe nibyo twirirwa twigaraguramo,abirabura twabaye dute kweli,ibyo bintu a abakoroni baturoze,hakaba hashize imyaka 300 tukibyigaraguramo gutyo ๐Ÿ˜ข๐Ÿ˜ข๐Ÿ˜ข>> <<@idriss-k6e says : Abantu bakiriye mu butubuzi bitwaje bibiliya twe turi aha ngo turayinya Imana kweli. Uribaza ariko miliyari 2 mu manyanga zitazwi uko zinjiye. Hagati aho abagore n abagabo baricana bapfa abenshi ayo mafr yagiye yibwa mu ngo bashyiriye abo bapfayongo. Cyokora Imana iturengere pe bitaro ibyo turamarana>> <<@murasanyi says : Joseph!!Uwakubaza Ubuhanga bwa Mignone wabusobanura gutyo?>> <<@vuguzigagildas835 says : Jacky ntabwo yabatizwe na Julienne. Yari yabatizwe na Ernest.>> <<@bestfriend250TV says : Mwankandiye ku gafoto koko๐Ÿ˜‚โค๐Ÿ˜‚โค>>
VideoPro
>>