<<@Tinagabby15
says :
Akabura ntikaboneka ni nyina wumuntu.nkurikije ibyo uyumubyeyi avuze ni umubyiyi mwiza kulo iyo akuryana iwabo nayo mashuri ntabwo uba wiga kuko iwabo wa maman we ni abakene urumva ko maman wawe yakugiriye neza agusiga kwa papa wawe.yego barakureze neza bagushyira mw ishuri ariko byose bituruka kuri mama wawe .rero babarira maman wawe kuko iyo aza kukuryana uba utarize kuko maman wawe yaturukaga mubakene.maman wawe yagushakiye imiberoho myiza cyane,buriya imbere yi lmana yarangijwe kubabarirwa rero ahasigaye niwowe.
>>
<<@NyirabaginiziAdeline
says :
Wammubyeyi we Urandijije Ukwiye imbabazi pee
>>
<<@KimbayireAnett
says :
Muhimbabazi
>>
<<@KimbayireAnett
says :
Umwibustakuze umubyeyiyemerakurara ingangi kugirago umwanawakure uravugiki
>>
<<@MukagatareJosepha
says :
Uyumukobwa numugome njyewe namubambarira
>>
<<@MukagatareJosepha
says :
Nawe siwe nubukene ntawaga umwanawe akwiye imbabazi
>>
<<@eerreffd4569
says :
๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญ๐ญMama wavyay nongey gukoror amosoz rimwe ndavyiyibagiz arik bigakomez kurya mumutim mana jyew mbaye nigay imber yumwan wanjye nubwo ntaramubon arik nizey kumus urizin uzampuza nawe arik nahemukiw na mama yavyay kubwo kuburanir nkabur icyofata nicyondek mpitamwo kumusigir umwan wanjye vyaragoy kumusig arik bwir Iman kwatayand mahotwamwo musogir mama mama amber umuvyey mub natigoy gushak ukumwan azobaho kabon ko nase atamwemera arik mama ufatir umwan nab naramusozanye ndamugoranwa gushik kumwak ibir namez hejur mbon ntampuz zokwambar ntiwanyemerer guca amafaranc nkaband ngo ngur impuz mpitamw kumug kuk namab ataco azobur muhir noneh uber mub ntiwanderer ngaho agahind karimukunyoca kumutim ubu niho hab bagz kumwan mumar agahind twaciyemwo arik uyumus ndikurara ndira nkirirwa ndir nibuk umwan wanjye ub ntaz ahab ntacyo ntakoz ndonder uwob amurez mpemukorwa nababajy kumurer mber bahampishijy nubwo nabohots kumutim nkumv konkubabariy arik wumv kogifis okigiseb mama mama ๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข Mana uzompe gupfa mbony umwan wanjye ub ahari ninkum ntazi kowagihar cank yapfuy nabakirih nubwo nzomubon nkahit imv mumubir nzopfan umunezero mana iki kiganir kisembuy umutim ๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข
>>
<<@duhimanimitimatheoneste
says :
๐๐๐๐
>>
<<@LรฉaNkeshimana-h5l
says :
Sinokwigera nkunva pe
>>
<<@IngabireJoseline-u1t
says :
icyo nabona uwo mubyeyi mumuhe imbabazi arko ababyeyi tubonereho umubyiyi apfira umwanawe kdi umwana ninyina wamubyiyi we warikurya urya kureba umwana wawe ntugende nga uhereyo uze umwana afite imyaka 20
>>
<<@BagwanezaJoy-u2p
says :
Kumpande zombi uwo mubyeyi nahabwe imbabazi pe
>>
<<@esperancentaconayigize4517
says :
Murasa nukuri
>>
<<@ChavierSyrus
says :
Ababyeyi Mutabana Muribasatani Reba kuntu Uwomwana wataye Arimwiza nikinyabupfura Ukwezi nigicekoko Urumugome Uragatsindwa
>>
<<@AlisAlison-p5u
says :
Erega uyumuvyeyi nyogokuru kuberiki atangaburira umukazana Kandi bafise ivyo gufungura
>>
<<@AlisAlison-p5u
says :
Erega Alice wewe yasavye imbabazi lmana yoyo yamubariye
>>
<<@mukansangaeline1658
says :
Toka, mubyeyi gito kwijishura uruhinja none ubonye akuze uje kwiriza, urukundo rw'umubyeyi kumwana aho ni ukumwitangira no murupfu. Uzi a babuze urubyaro birirwa batakambira Imana uko bangana?
>>
<<@Umukundwa136
says :
Biteye isoni guta umwana ntunanjye unjya kumureba ukamushaka amaze gukura birababaje
>>
<<@AngeNdayikengurukiye-l9m
says :
Ndarizeeee.Yooo iyu muvyeyi akwiye imbabazi
>>
<<@Daddysgirl12625
says :
Mubabarire pe nawe siwe nyina wumunru ntaboneka mubabarire pe
>>
<<@VestineMbabazi-b3l
says :
Ngaho ibaze maman wirira reka uyumukobwa wawe azicuza yarakuze mureke azicuza ise kukise yakwicishije inzara mwihorere
>>
<<@JacquelineNiyonkuru-h6j7d
says :
Nareke kwiriza arigoto
>>
<<@VestineMbabazi-b3l
says :
Uyumukobwa ninjiji maman ni maman uzunguruke suzabona uzamusimbura kuki atakuyemo inda yawe nasoni niwowe wakagobye kumusaba imbabazi sigutaye muri wese urumva urababaje wamukobwawe isose yamariki maman wawe ????? Ubaha maman wawe ikindi uzicuza bitaricyera maman mwihorere yikuriza
>>
<<@alicemaombi4910
says :
Uyumwana numu.yabwenge
>>
<<@alicemaombi4910
says :
Urumuhemu pe
>>
<<@alicemaombi4910
says :
Urumubyeyi gito
>>
<<@oliveruwera4031
says :
Alice ha mama wawe ibitotsi ihangane
>>
<<@oliveruwera4031
says :
Ariko uno mukobwa disi avuga make sindabona aseka mama twaguteye amabuye ariko ihangane ntakundi byarabaye Alice mubabarire n'Imana Yaramubabariye
>>
<<@UwimanaEsther-ot3st
says :
Ari babarira mama wawe nawesiwe nimisi nushaka uzabibona
>>
<<@TuyirateJanine
says :
๐ข๐ข๐ข๐ข๐ขโค
>>
<<@uwimpayefabrice
says :
Kbxโคโคโค
>>
<<@SalmaSalma-v1v2w
says :
๐ฎ๐ฎ๐ฎ๐ฎ
>>
<<@EmmanwillaEmmanwilla
says :
Irabona uwomukobwa koyababaye kweri
>>
<<@oliveruwera4031
says :
Nanjye ndarize pe
>>
<<@HarerimanaFrancine-l9m8r
says :
Ariko wumukobwa ari kuvuga ukuri๐ข๐ข๐ข๐๐
>>
<<@MugeniChantal-l7i
says :
Murasa pe
>>
NEXT VIDEO
>>