<<@gentlemanrukundo
says :
Urabeshya peee wowetugomba gucamuriganda ntibabaneshyeje ubwoba urumunyabinyoma
>>
<<@gentlemanrukundo
says :
Mwene data urabeshya peee antkristo azicabande urye muri bibilia erega na satani yigira ngamarayika wumucyo Kandi abahanuzi bibinyoma bazaza basoma bibilia none nawe urumunyabwoba nacyo Uzi kurikira Patrice amanzi ayalon ibinibiki mwatuzaniye koko
>>
<<@GisaEmmyDavid
says :
Ariko ubundi nihe mwasomye mu isezerano rishya ibijyanye ni ICYACUMI.
>>
<<@GisaEmmyDavid
says :
Uwo mutumirwa aratwononnye kabsa,Iyo wemeye ikintu ugomba kucyemerana nibyacyo byose witubeshya ngo gufata Digital ID ntacyo bitwaye.
>>
<<@DusingizimanaJeanleo-f6y
says :
Paster gabanya gucakure ujijisha abantu yesu yavuzeko muzamwihakana
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Ndakwibuka kamuhoza muri nibature
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Narinarakubuze
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Uwiteka ukongerere Mwana wiwacu
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Nukuri Imana iguhe imigisha mwishiiiiiii jyewe uranyubakape
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Uranyubakape
>>
<<@MukarutabanaAgnes-y9h
says :
Ubalikiwe Mushumba
>>
<<@NyirakamanaRose
says :
Mudusobanurire neza murayo mayoberane ntibashobora kudushyiramo iyo akokantu mumibiri tutabizi bakatujijisha tukazashiduka tubona katurimo nkurugero kwirangamuntu tuzashyiraho ibiganza
>>
<<@SylvestreNtakirutimana
says :
Imana ibahe umugisha nukuri yesu araje tubemaso
>>
<<@umulisachantal7215
says :
Urakabyara urakabaho uko nukuri
>>
<<@Well-y-2
says :
Biteye agahinda kuko abantu benshi bazasobanukirwa ko bayobejwe batakibashije kugaruka! None ubwo urumva gushyira ako kantu wita gato mumubiri w'umuntu ngo babashe kumugenga,urumva ntacyo bizaba bimutwaye kuko atarahiye???? Wongere usome neza iryo somo kuko n'imibiri yacu igomba kurindwa ngo itazabaho umugayo. Mwashakishirije ahandi koko mukareka kuyobya abantu bw'Imana!! "Imana y'amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n'umwuka wanyu, n'ubugingo n'umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza. (1 Abatesaloniki 5:23)
>>
<<@BIZIMANAAlexis-f6t
says :
Nonese ko avugako itorero rizabaryazamutse ubwo Anti kristo azarenga bande ko itorero rigomba kunyura mukarengane bazira kutajya muri systeme ye?
>>
<<@NdayisabaJonathan
says :
Ikibazo n'uko muvanga ukuri nibinyoma😊
>>
<<@gajuselaphine3054
says :
Ibi bintu ari kuvuga ihabanye nibyo ayaloni yavugaga.
>>
<<@musabyemariyastephanie2676
says :
Nonese kuki babishyira kumubiri, ntihurizwe ku ikarita imwe?
>>
<<@nshimiyimanadavid6164
says :
Ok
>>
<<@NiyigenaOlive-y8e
says :
Murakoze kutuvana murujijo, ikibanze ni ugusenga tukayoboza Imana inzira nyayo
>>
<<@theonestesafari2873
says :
Wumucyo ntabwo Ari Wumuco
>>
<<@philippenzabahishamunda7612
says :
Ubwo se ibyo bimenyetso ko nawe urikubikora tureba ?
>>
<<@fredericzanandore2721
says :
Ariko ubwo bupfapfa mubuvana hehe ibyose nibyo bizarinda abakristo Satani ni umuhanga arababiziko nimuvuga ubutumwa bwiza abantu bazakizwa abakinijwe barisheho kwimenya muri Kristo Yesu None muririrwa muririmba 666 ibyose nibiki ayo makarita ikibazo nukihe Yewe abakristo mwamaze kurogwa rwose Ni Kristo ukenewe naho ibindi mubirekere banyiranyo
>>
<<@NdereyezuAlphonse
says :
Arikose nkubaze mwenedatawe ntiwemerako imibiriyacu arinsengero zumwuka Wera urimuritwe nonese nkubaze barinda kudunshyiramo ama piyese twabaye ingorofani? mubyukuri tuvugishije ukuri ntaguhuzagurika iriya rangamuntu koranabuhanga ntabwo arinzizape nuburyo bwokwimura Imana bakimika satani nyirizina mubantu arikobazabibazwa byanzebikunze kandi namwe mutakuvugisha ukuri mukaruma mugahuha kubwinyungu zakanyagato.
>>
<<@HakizamunguJeanBaptiste-l3x
says :
Ese ibibintu nibikiki ayaloni tv yazanye nakintu ndikumva icyo ashaka kuvuga
>>
<<@karumugaboeuphrem-s6i
says :
Billget yavuzeko bazabigeraho bakoresheje inkingo ubwo inkingo tugiye kubivamo
>>
<<@dufiteimana
says :
Imana itweze Yesu adutabare
>>
<<@PatrickMwangaza-w4f
says :
Ariko ko itinya kuvuga kuri DGT id
>>
<<@UwimanaCecile-z9i
says :
Amena
>>
<<@rugirajeanbaptiste2682
says :
Yewe Imana ntabwo yazanywe n'abazungu Imana yahozehi kuva kera isi itararemwa iriho kdi izahoraho! Imana nta bwoko igira yitwa Imana nyine! Ntibogama kdi ntabwo irya ruswa iba mu mutima wose wijejwe uko waba uri kose!
>>
<<@judithbabyeyi9735
says :
Yego rata! Kwiyegurira Antichrist ntibizaba ibanga,nta nubwo bizanyuzwa mu manyanga. Bizaba amahitamo y'umuntu azakora kdi abizi
>>
<<@BridgetKumbika-zx7qh
says :
Uyu mugabo rero ntabwo ndimo kumusobanukirwa ibyo arimo kuvuga pe ,ese arimo gushima cg arimo kugaya ,ese Ayaloni ko atajyaga ashyiraho ikiganiro atavuze aho niwe cg bamwibye Channel ye
>>
<<@UweraFolarance
says :
Uragakizwa
>>
<<@AichaUwineza
says :
Bantu ba kristo mwirinde mutayoba None irijwi ko rimeze nki rya Pacti nari nzi kuri afrimax tv ?
>>
<<@lovebugukunda8623
says :
Micro chip urayitubujije ariko nigerwaho muzavugako nayo ntacyo itwaye nkuko byagenze kunkingo za covidi
>>
<<@lovebugukunda8623
says :
Mbegawe🤔🤔🤔 turazigendana mumufuko ariko ntago tuzigendana mumubiri none urumva bihuye koko
>>
<<@tetasolo-ym3rp
says :
Urakoze kudusobanurira ibyo tutari dusobanukiwe
>>
<<@Ndangam200
says :
Komera cyane mukozi w'Imana!Komeza rwose uvuge ukuri naho abasinze isi bazagendana nayo!Uri kubisobanura neza nubwo ubu butumwa buje bukerereweho,ariko Yesu kristo Ari hafi!Ibyahishuriwe ibice 13 birabisobanura neza
>>
<<@TeamoIRIZA
says :
Numvishemo udafite ikimenyetso ko utazatunda utazahaha nibindi
>>
<<@JeanLucNdayisenga-x3i
says :
None ayaloni TV ko yahora ivugirako ubutumwa bwiza ko numbwa babakozi bibinyoma bahageze ubwo ayaloni ntabwo yaba yagurishijwe koko ?
>>
<<@josephruzindana352
says :
Abakristo nitwirinde ibyaha ni byo, ariko ntiturangare ngo ubwami bw' isi buducurike butwerekeza mu mugambi wa Satani wo kutubuza kuzimana na Kristo mu bwami bwe. Ubwami bw' isi ni kimwe mu bikoresho bizatuma benshi bayoba inzira y' ubugingo kuva kera kugeza n' ubu. Ariko twekubivanga na za mutuelle , amashyirahamwe, n' ibindi Ijambo ry' Imana ritatubuza, tutagwa mu buyobe. Nzanga kujya mu ishirahamwe igihe nagenzuye nkabona riri kunyerekeza mu byo Ijambo ry' Imana ritemera.
>>
<<@josephruzindana352
says :
Uyu mugabo nadusobanurire ibyanditswe mu byahishuwe ibice 13 : 11-18 abazahatirwa kwakira icyo kimenyetso cy' inyamaswa ni bande ? Bibiliya itubwiye ko ari abatuye isi bose ntabwo ari abisiraheri gusa. None se ko iyo ukoresheje imibare ko ubona microchip ? Nibatubwire ikindi bazi kitariyo maze babitangire n'ibimenyetso. Mu byahishuwe ibice 3:10 iki kigeragezo kigomba kugerageza ibihugu byose n' ikihe niba atarako kandare barigushaka gusuka mu bantu ? None se abo Imana ivuga bitondeye ijambo ryo kwihangana kwa yo izarinda icyo kigeragezo ni bande batari Itorero rya Kristo. ? Bibiliya ivuga mu ruhanga no mukiganza , none ijisho n' ubwonko birihe ? Si mu ruhanga ? Ibiganza byacu se ntibikenewe? Niba aba scientific babitegura nkaba Yuvani Noe Halali n' abandi babivuga ko bazakoresha microchip kugirango bahindure ubwonko bw' umuntu abandi basesenguzi bariguherahe ngo batwemeze ko microchip atari ikibazo ? Ubwonko nibuhinduka uwumva ko atari ikibazo no ku bukristo ( ubugingo) we ntiyaba hari icyo abuze mu mitekerereze ye ? Nibareke kubyitiranya n' irangamuntu isanzwe, amashyirahamwe, mutuelle de sante , n' ibindi.
>>
<<@MugiranezaTheogene-dv8ro
says :
Ntabusobanuro nabuke ufite.
>>
<<@MugiranezaTheogene-dv8ro
says :
Ibi urikuvuga ntubizi bigiye guhagarara mugihe cyirangamuntu.
>>
<<@MugiranezaTheogene-dv8ro
says :
Urareba ukuntu uba wicanga Kandi uri kubeshya.uri kirara Koko.
>>
<<@MugiranezaTheogene-dv8ro
says :
😂Jya Ireland kubeshya kuko ntabuhanuzi Uzi nabusa ninda iri kukubunza IMANA buretse Gato izayipfumur
>>
<<@LambertKanyoni
says :
Ayaloni tv noneho uranvanze jean Luc yajye akosora Michel noneazanye uyunguyu nonese konunva mubivangavanga
>>
<<@HyacinthaMukarubayita-bh6rh
says :
Mwitukana musenge Imana mwese mutagwa mu moshya Uzi abayo.
>>
<<@T.M.Valentinos
says :
aba kiristo biki gihe bazi Yesu utsngs ibintu ntibazi Yesu watubwiye ko tuzababazwa muruyu mubiri bashaka kumva ibibanezeza
>>
NEXT VIDEO
>>