<<@KarurangaLeonard-xo2ze
says :
Ko mutavuga kumutwe wa magambo muba mwatanze
>>
<<@gentlemanrukundo
says :
Imana iduhe I Mbaraga babyeyi banjye Imana ikome kubaha ihishurirwa rikomeye 🥰🙋🙏
>>
<<@KayinamuraFelesita-f4x
says :
Mwaduha no. ya watsap twasangiriraho Ijambo?
>>
<<@twizeyimanaXxx-w7l
says :
Papa komera
>>
<<@divinensengiyumva7193
says :
Nanjye nshaka kwinjira muri gahunda zahano nubwo ndikure mumfashe uburyo byagenda
>>
<<@divinensengiyumva7193
says :
Ubivuganeza nkakumvaa
>>
<<@divinensengiyumva7193
says :
Imana iguhe umugisha
>>
<<@bizimanavena1349
says :
Ababantu ntibangomye kuyobya abantu Inyamaswa Danieli7:17 noneho danieli 2havuga igishushanyo wami yarose muzabyigeneza .rero muri magufi lnyamaswa yavuzwe nubwami bwubupapa igishushanyo namadini yose yahakananaga inyigisho zubupapa ubu afite icyicaro muri Amerika niyoagiye gukora nkicyubupapa bwakoze mukurenganya abaruhuka lsabato umubare wayo birumvika nukwemera ko papa arumusimbura wumwana wi lmana kwisi
>>
<<@kundwa4978
says :
Ariko se niba lmana i yemera muragirango bi uzwe nande nayezu yarapfuye.umwana wo kurimbuka azarimbuka .nigute lmana ishyiraho ugitugu mu guhitamo ikiza nikibi
>>
<<@hitimanavedaste5288
says :
Amina!
>>
<<@MbarushimanaGodefraid
says :
Mweneda ni muvuze impanda Nubwo yumva bake ntacyo kuzireguza nahato nawe Imana iguhe umugisha
>>
<<@ChristianismeprimitifTv
says :
IDINI rigereranywa N'INZU Y'IBITI, *INYUMA BOMETSEHO AMATAFARI AHIYE!* Maze bakajya muri Banki bati: Dore ingwate y'inzu y'amatafari ahiye !! *1.GATURIKA* yubatse MU NYIGISHO ZA PAPA, basigaho UTURONGO TWA BIBILIYA. *2.ABADIVE,* bubatse KU BITABO BYA H.G.WHITE, BASIGAHO UTURONGO TWA BIBILIYA. *3.IRI DINI RISHYA RIRIMO KUVUKA,* ( ABA ANTI-VAX, ANTI-ID ), *RYUBATSE KURI FILIME* ZA HOLLYWOOD, basigaho Ibyah.13:17-18. *~~MBESE YESU ASIGAYE ANYUZA IHISHURIRWA MURI FILIME ZA HOLLYWOOD ?*
>>
<<@esperancemujawamariya4753
says :
Mukomeze muvuge Abo Yesu yashyizeho ikimenyetso banzumva bahindukire ubwoko burimbuka buzaguma bwinangire bukataze bwinjire mukurimbuka Imana igukomereze amaboko rwose.
>>
<<@esperancemujawamariya4753
says :
Abayobozi b'ibihungu ni abakozi ba satani ntacyo bibabwiye.
>>
<<@ManChester-l8l
says :
Kuki abitwako bakurikiye Imana badakanguka koko ubu bakwihannye bagahara ibyo bafite byose ,kubwa Kristo nawe wasize byose ku bwacu , kuki abantu bo bumva bazajya mw'ijuru nibyo bafite byose ntacyo basize kubwa Kristo ntabwo inzira ifunganye inyuramo benshi rero cg inyuramo imitungo abantu bigwijeho ngo ni abakozi b'Imana Igihe kirageze ko Yesu wabwirije ,Yesu waririmbye agusaba kugurisha ibyo utunze byose ukabiha abakene nka wa musore w'umutunzi mariko 10 : 17 -- 31 Abigisha bose ko Digital ID ari nta kibazo bajye muri Eden barebe Eva inzoka imumbwira ngo erega gupfa ntimuzapfa none nimurebe aho icyaha kigejeje iyi si Icyaha gikomeye ni ugushidikanya icyo Imana yavuze .mw'ijambo ryayo satani rero niwe uri kuvugango yoshya abantu ngo ibyo byo mubyahishuwe 13:16-18 ntacyo bivuze muraje mwinjiremo neza muri system ubundi muzibonera nyumwa ingaruka zayo Satani ari ku murimo yashyize n'abakozi be ku murimo Abakunda Imana by'ukuli ubu nibwo bagiye kugaragara
>>
<<@ManChester-l8l
says :
Ariko Yesu arababwira ati: mwirinde umusemburo w'abafarisayo ( abahagarariye amadini) mwirinde kandi n'umusemburo wa herode ( abategetsi bose b'ibihugu na leta zose) Umusemburo wabo ni inyigisho zabo mariko 8: 15 Ubwo se ninde utazi ko Leta iyo ifatanije n'amadini igikurikiraho ari ugutoteza abatagendera mu mategeko yabo , aribyo byitwa kuramya inyamaswa ( Leta) n'igishushanyo(amadini) Binyuze muri Digital ID akaba ariho bagomba gutotereza abantu kubaramya ,nonese ubundi Leta biyitwaye iki abantu batagiye muri system ya ID ko aribo baba bihombeje service bahabwaga , baretse abantu ,ariko kuko ari ubuhanuzi Leta igomba gusohoza bazahata abatuye isi bose gushyirwaho icyo kimenyetso cyabo kuko bazi neza ko bagiye kurimbuka barashaka abo gupfana nabo . Habwirwa benshi hakumva beneyo
>>
<<@AimeJururito-rm4st
says :
Abadive ntabwoba bafite,ubwoba bufite abaprotestant baguye bemeye kuramya umunsi winyamanswa arinacyo cyizaba ikimenyetso cyinyamaswa.
>>
<<@MyRedMi-l8i
says :
Yewe mujye musobanuza umwuka abahe ubusobanuro kuko ibyo mvuga byose nibyo mwabwiwe kandi ababibabwiye ntibabihagazeho
>>
<<@NambajimanaPascal-v7e
says :
Yesu ashimwe ese niba ubutegetsi bubi bwatuma abo bayoboye barimbuka ndumva no kubona ubugingo buhoraho byaba bishingiye kuri politique nziza yiguhugu.ibyo c ubwo bible niko ivuga ndumva ibyo mwavuze byose ntakuri kw'ijambo ry'lmana.erega ubugingo bwumuntu nubwigiciro cyinshi bukwiye kurekwa iteka (zaburi 49:7-11); umwizera ntacirwaho iteka utamwizera amaze kuricirwaho (yoha 3:18) uko niko kuri kwa bible,ubugingo ntibushingiye ku kintu runska bushingiye kugitambo kristo yatanze.kdi ubugingo ni kristo ubwe.nyabuneka munye ukuri kdi mwigishe ukuri kuko ibinyuranye nibyo ijambo rivuga byose nibinyoma waba waravuye mu idini cg uri mu idini.
>>
<<@verenwmukabera5249
says :
Ariko rero ujyenzure izo ndimi uvuga ko hari aho zivugwa ku isi .niba ntaho ubwo bisobanuye ko Nta n'umuntu uzumva byaba byiza uziretse ,kuko aho zakoreshejwe zari zifite abazumva baravuga ngo buri wese yumvaga bavuga mururimi rw'iwabo.none urwo unyuzamo ukavuga ni urwo mu kihe gihugu ku isi????
>>
<<@Sonofsoil985
says :
Wa Mugabo we Hamwe nabo mukorana Leta ibashake ibahane mwebwe iyo mutinyuka mugategura ibiterane iminsi yose muba mwumva ntakibazo? Mwebwe murashaka kwicisha abantu inzara ? Umwami mukorera azabahemba Niko njya numva mwigisha. Gusa ndababwiza ukuri ko ibibategereje Ari ibibi Atari ibyiza, muzabona ishyano.
>>
<<@Sonofsoil985
says :
Ubutegetsi bwose bushyirwaho n'abantu gabanya gushuka abantu ikindi Kandi Yesu Ubwe yarivugiye ngo ntabandi yaziye usibye ubwoko bwa Israel (Abayahudi) rero mugabanye kutujijisha twarabatahuye
>>
<<@Sonofsoil985
says :
Ngo Biometrics? Kandi mwese mufite Smart phone zikoresha finger print ?
>>
<<@gisagarajohn8509
says :
Iby’ amadini yo kudindiza ivugabutumwa Nibyo pee! Ntabwo bashishikajwe no gukora inshingano nkuru!
>>
<<@gisagarajohn8509
says :
Nonese Ijambo zivuga aho kugirango dutinye uwica dutinye uwica umubiri n’ ubugingo icyarimwe! None ko ijisho n’ imboni yarya nibwo bugingo! Mbaye nkiranuka nkirinda icyaha nigute imboni y’ ijijo uhura n’ ubugingo! Ndashaka connection iri hagati y’ imboni y’ ijisho n’ ubugingo! Ngewe mbona ibyuma by’ ikoranabuhanga bidafata ku bugingo Kandi niho Imana Irutira abantu muburyo bw’ ubwenge! Sinzi uko mubusobanura ngo dusobanukirwe! Kuko ngewe mbona dukwiriye kwirinda ibyaha by’ ubwoko bwose! Twumvira Imana dushyira mu bikorwa ijambo Ryayo!
>>
<<@DannyBizimana-y3x
says :
Ndagirango ngusubize intamaswa ubutegetsi bwisi Umubare winyamaswa uvugwa nubutegetsi bwabaroma kungofero yapapa handitseho Vikariyusi firi deyi bisobanura umusimbura w lmana kwisi 2bivuga umubare wabantu bazishyirahamwe naroma bakarwanya lmana rurena Cyaneko ariwomunsi yaremyeho ikiremwa cyanyuma ariwoe muntu umubare wlmana rurema 7 uwabantu ni 666 niyompamvu iza aribice kubabajije igishushanyo icyo gisobanurase?
>>
<<@NIYONSENGASylvet
says :
Pastor muzahere inyanza mu majyepfo
>>
<<@balthazardusabeyezu6695
says :
May God bless you Pastor
>>
<<@pascalntirenganya9884
says :
Nukuri president wacu areba kure Imana imukoreremo imwereke umugambi mubisha wihishe muri iyi Digital id, kuko abazungu ntibatwifuriza ibyiza barashaka kudutambira satani, Reba nkimbaraga igihugu cyakoresheje muri covid, harya ibihugu bitahatiye abaturage babyo kwikingiza? Ububarapfuye? Bafite ikibyihishe inyuma nukuri ntanduru ivugira ubusa kumusozi
>>
<<@HeleneNgabire-f4o
says :
Ariko nkubu President wacu yakase ikorosi akareka abazungu bagiye kuturoha akagarukira Abanyarwanda benewabo avukamo tukagumana izisanzwe niba ntagititu cg ubwigenge bubaho Koko?
>>
<<@MugaboJohn-n4b
says :
Yesu n'ashimwe cyane pastor uwiteka Imana y'amahoro nukuri ikomeze ikwambike imbaraga urafasha abera b'Imana uwiteka akugirire neza ❤❤
>>
<<@ChristianismeprimitifTv
says :
Iyaba *J. LUC yemeraga, NKAZA KURI AYALONI,* akazana naba bose ba Kamanzi,... TUGAFATA BIBILIYA, MAZE NKEREKA ABANTU BOSE KO IZI NYIGISHO BIGISHA ARI IBINYOMA. ~~Ni byiza ko ibintu nkibi *bigirwa impaka ku mugaragaro,* kugirango hagaragare ukuri uko ari ko. ~~ MBISABYE KU MUGARAGARO : *J.LUC, NYEMERERA NZAZE.*
>>
<<@genevieveashimwe3229
says :
Ariko aba bashumba bacu bajye batubwiza ukuri!baratubwiye ngo umuntu wese wafashe urukingo nibura rumwe rwa covid!ngo yamaze gusibwa mu gutabi cy'ubugingo!none ngo na ID iratwaka ubugingo!tubuhabwa system yarebaga he niba yari ihari?icyaha cyo cyari guhari kdi nicyo cyonyine cyinyaga ubugingo!muhumure, Umwami wacu Yesu Kristo ari ku ngoma kdi arayoboye ntabwo arangaye itorero rye aribereye maso
>>
<<@UweraMediatrice-z4j
says :
Niba muziko imibiri yanyu ari insengero z'IMANA ntimwakemeyeko bazikoreramo ibyo bishakiye. Cyaneko bashyigikiye icyaha ex: ubutinganyi,....
>>
<<@genevieveashimwe3229
says :
Ariko ubugingo mubufata nk'akantu ukoraho uko ushatse!ubugingo bw'abizera burarinzwe kuruta uko mubitekereza!kdi tubeshaya Imana ko tuyizera ariko nta kwizera ntako!gusa ntiturarame ngo izadukiza !ibyo kwirindwa tubyirinde,ubundi uru rugamba kristo niwe uri kururwana!muhumure!dukiranuke gusa!
>>
<<@MarcelineMukamana
says :
Ndafashijwe pe 🎉🎉🎉🎉.
>>
<<@UweraMediatrice-z4j
says :
Noneseko uvuze ngo ntabwenge bwumuntu bushobora kugira icyo bukora kubugingo none kiriya gishushanyo cya nebukadinezari cyari cyakozwe n'ubwenge bwande? Nonese kuba basaduraka baranze kukiramya ntacyo byabamariye? Ese iyo bakiramya ntacyo byari guhungabanya umubano wabo n'IMANA? Ahubwo wikwiyorohereza hitamo kimwe. Murakoze.
>>
<<@YesuniwenziraTv
says :
*Umubare 666 uvugwaho IBINTU 3:* -1. Ni *umubare W'UMUNTU.* -2. Ni *umubare W'INYAMASWA.* -3. Ni *umubare W'IZINA RY'INYAMASWA.* *~~Ibyah **13:17**-18:* " ... cyangwa *umubare W'IZINA RYAYO* ... ufite ubwenge abare *UMUBARE W'IYO NYAMASWA* kuko ari *UMUBARE W'UMUNTU,* kandi umubare we ni 666." *-Ngaho rero munsubize ibi bibazo:* *1.* INYAMASWA *NINDE?* *2.* NI GUTE *UMUBARE Y'INYAMASWA ARI 666?* *.3. IZINA RY'INYAMASWA* NI IRIHE? *4.* NI GUTE *UMUBARE W'IZINA* RY'INYAMASWA ARI 666?
>>
<<@uwazigirasifa1627
says :
Ko ntazibona izo ntego duhe Numero zanyy
>>
<<@uwazigirasifa1627
says :
Nemera lmana igukoreramo turemeranya ndangira .
>>
<<@uwazigirasifa1627
says :
Ndangira aho ari ho mbabarira.
>>
<<@NyirakamanaRose
says :
imana irengere abanyarwanda inyuze mubatuyobora kuko iyorangamuntu ndumva bibaye byiza cyane reta yayireka kuko nubundi kutugenzura ntago byabananira kandi turabene gihugu gusa imana iturengerepe
>>
<<@jean-B-3
says :
Aba bigisha batera ubwoba abantu ni abigisha bize nabi Bibiriya n'inzira y'agakiza. Ntaho indangamuntu koranabuhanga ihuriye n'ibijyanye n'imyizerere cyangwa ubugingo buhoraho duhabwa no kwizera Yesu. Ntabwo rwose mwizera neza ibijyanye n'ubugingo. Niyo mpamvu ikoranabuhanga rihangwa ribatera ubwoba Kubera ubwo buhanga bikoranye binashobera akenshi Kubera rw'ubumenyi buke mu by'iyobokamana baba bafite babihuza n'imyemerere. Hari ubuhanga bwo mu buryo bw'abantu hari n'ubuhanga bwo mu buryo bw'Imana. Nta koranabuhanga ry'abantu rishonora kugera ku bugingo bw'umwizera. Ntawukwiye guterwa ubwoba n'indangamuntu koranabuhanga.
>>
<<@NSHIMIYIMANACELESTIN-cn8ml
says :
Sorry ubu abifotoje bamaze gufata ikimenyetso
>>
<<@NSHIMIYIMANACELESTIN-cn8ml
says :
Ubu abifotoke bamaze gufata ikimenyetso wadusubiza ubonye ino message
>>
<<@UwaNyagasaniJesusChrist
says :
Nyagasani Jesus Christ azakwiture ineza yuje urukundo nubugwaneza ugarangariza abo yakuragije amanwa nijoro nshuti muvandimwe
>>
<<@bagumaphilipo-ip4tq
says :
Ameen 🙏🙏
>>
<<@munyambibidaniel9096
says :
Ibyumubare byo ,ntahobihuriye nibyinyamanswa ,ibyahishuwe 13 ,hasobanura imikorere yu bupapa
>>
<<@munyambibidaniel9096
says :
Wapi ,ahubwo Daniel 12 harabugango muminsi yimperuka ubwenge buzagwira
>>
<<@AccessScripture
says :
Ubwo uwo mubare niba ari njye ubwanjye, si uwa antikristo. Ariko mureke mbabwire. Niba Imana itagize icyo ishyira ku mutima wawe ngo ukivuge, iturize wicecekere. Niba utazi ukuri iturize wicecekere. Nimureke abakozi b'Imana bamamaze ubutumwa yabahaye. Icyo maze kumenya cyo ni uko abatumva bazibonera. Murakoze Umwuka w'Ukuri abagenderere.
>>
NEXT VIDEO
>>