<<@francoiseumutesi9742
says :
Ntabwo uri umukobwa mwiza,kuko ntibyari bigukwiye Mujye mureka amashyari
>>
<<@IngenziGift
says :
Useka nabiiiiiiiiiiii
>>
<<@nyiranshimiyumuremyimariec5308
says :
Ndagukunda muridahabi weeee❤❤❤
>>
<<@uwizeyesalama-po1md
says :
Irene rata uzashake umukire mugenzi wawe 😊😊
>>
<<@uwizeyesalama-po1md
says :
Icyo nzicyo ntago yssenye urugo nubundi rwari rwararsngiye kubera abatinganyi b brianne mwibuke amajwi ya kimenyi ysrabivuze ko yabonye umugore we asigaye atingana
>>
<<@iraangir6246
says :
*I thanks my family * 😅😅😅😅
>>
<<@MimiMarie-z7h
says :
Sha Ke comments ni umara kuzisoma wiherere usengere uwo mutima wawe uko wavuga gacye utuje kose twe abanyarwanda tuba twamaze kubona ikikurimo tayali😎
>>
<<@uwizeyesalama-po1md
says :
Keza azi ubwenge kbsa ndamukunda 😊😊😊
>>
<<@annetblessing5586
says :
Keza urasa neza unambaye neza cyane👌 Kandi ndakwikundira rara❤❤❤
>>
<<@Va_Positivity
says :
ubundi nkikumva wiriza kuri live nahise numva ari inzoka iri kuvugiriza, cyera baravugaga ngo aho umugabo aguye undi arenzaho utwatsi ark wowe ndumva warazanye undi mugani ko aho umugore aguye mugenzi we anagayo umuriro. ukimara gutangamo pass Muyango we azi ko ari akazi byerekanye intego wari ufite yo kumusenyera, kd we azi ngo uri inshuti ye, wari uzi neza ko umuganira numugabo we uhitamo kujya umuvoma amagambo yo kubona aho uhera wigarurire umutima wa Kimenyi. none ubwo niba utari inzoka n'imbeba icyarimwe uri iki Sekibikazi we? urumva ukuntu uvuga nk'ikihebe kd waririzaga ngo bakureke urananiwe ntasoni. Imana izakubaze ibyo wakoze I pray!
>>
<<@OliviaUmutoni
says :
Sinkuzi ariko ujye wicara umenye ko iyo ugize nabi bikugiraho ingaruka Muyango niba waramusenyeye urugo bizagukoraho Imana ntago izakwihanganira .
>>
<<@lolitaimena9782
says :
Ndakwamga wa mbwakazi we
>>
<<@lolitaimena9782
says :
Wa rugore we ushaje nabi uri umunyeshyari ujye gukinga abadafite ubwenge ibi carto.mumaso imbwakazi gusa.uzapfa wunve nugera.i.kuzimu ugarame.wibaze
>>
<<@niyonkurugideon-s9h
says :
Irene mwiriwe? N gedeon ndi muhanga. Ese uganira naba star gusa? Akeshi ubuzima bwabastar tuba tubuzi. Rimwe n rimwe ujye uha akanya. Nabantu. Basanzwe. Kuko shobora kuba ndumuntu uzanzwe arko fite. Inkuru. Cg ibyokubwira abantu bidasanzwe kd byafasha Beshi. Murakoze
>>
<<@Umuhirwa
says :
Urikibi ufite icyangiro woe wasenye umuryango wa Kimenyi na Muyango bizakugiraho ingaruka cy kubagukomokaho Warahemutse wakigoryiwee😢😢 apuuu😢
>>
<<@NiyigabaMartin
says :
Dukumbuye burikanu na buringuni
>>
<<@Calebe-u4v
says :
Na none 💙 💙 💙 💙 💙 💙 💙 💙 ugira uti ngo umukobwa ni nku rurabo. Ahora yuhirirwa!!!
>>
<<@claudinendayizeye4619
says :
Yew The Trainer yikinze runini.Ico mbona Co Muyango arakuruta mur vyose
>>
<<@AkayezuSolange-k2k
says :
Nawe ubwo nushaka bakagukora nkibyo wakereye abandi uzavuza induru imana izahorere muyangi😢😢
>>
<<@IngabireCherinah-nn7dd
says :
Arko shahu muca imana yaba muyango,yaba keza Bose ntawe mureba mumutima kuki mutuka umuntu nkaho mumuzi kweli? Mubyukuri ubu muyango niba yarafite umugabo muzima CG niba nawe yarumgore muzima Bari gutandukanywa na keza kweli?
>>
<<@roka6429
says :
Uyu mugire ntiyigeze yifuza ko Muyango yubaka urugo. Ahubwo njye nagirango ni umugore mwiza, kumbi kbs wapi, ni ka makeup gusa. Ni ijwi rye rya gu putting off kbs
>>
<<@Agnesinyiranshuti
says :
Umwami akorera azamuhemba
>>
<<@IraharioldrickGalen-y8c
says :
Ubutaha muzapange iyo trip ari muri vacance kdi muzazirikane n’abantu baruhuka isabato muzabishyire dimanche 😊
>>
<<@ishimwesandrine3427
says :
Muyango nimwiza niyo mpamvu umufitiye ishyari puuu ikibi cyokuba inshuti nabantu babanyeshyari Ari nababi kukurusha 😢
>>
<<@ByukusengeFabiola-xd2db
says :
Njyewe keze simukunda nkunda muyango mama Miguel ❤❤❤❤
>>
<<@EstherFillette
says :
Subwo murinda mumutuka ngo agiraishyari muyango niwe utarigira wagiye kumuteza abamutuka nyuma kumwimisha akazi niwe utararenzwe nishyari 😄😄 muyango ni mubi pe
>>
<<@whatstodaysvibe4605
says :
Keza rwose uri sekibi peeee
>>
<<@uwasesandrine2351
says :
uri mubi peah ugira ishyari uri akajiji mbese byose urabyujuje😢
>>
<<@Gigi-p6k
says :
Ntuwesenya ibyasenyutse rata !!!!
>>
<<@TwagirayezuJeanpierre-i6f
says :
Izimayibobo wazanyenoneho ubundise nkabababaje kwigishicyi koko ibicucugusa
>>
<<@TwagirayezuJeanpierre-i6f
says :
Ubuse uyunigicyi cyokubayasenyerumuntu koko
>>
<<@isherinatv
says :
❤
>>
<<@UwasseBetty-s7s
says :
Keza numunyeshyari
>>
<<@NiyonambajeNaome-j1y
says :
Yoooo disi wabonye muyango ntacyo bimuhungabanyijeho none uje gusaba imbabazi ubuc iyo atagira umutima ukomeye ABA arihehe gsa waranuhemukiye cyne nawe hagize uwubigukora nibwo wabyumva burimuntu wese yanga umuntu umunshyirahanze
>>
<<@Mafika-h7i
says :
Ese uyu niwe Djihad yirirwaga atuka? Yoooo ndababaye. Mbega umukobwa witurije! Impore mama 🙏
>>
<<@Germaine293
says :
Umwami ukorera azaguhemba pe naguhebye kubwa Muyango na Kimenyi
>>
<<@Germaine293
says :
Urumugome pe
>>
<<@signolinendemeye1358
says :
Hanyuma uhabwe ubutabera
>>
<<@signolinendemeye1358
says :
Imana iramubona,yampono komera,ntamvura idahita.
>>
<<@sandrasebazungu8686
says :
Keza❤❤
>>
<<@HolyRugebana
says :
Uyu mu type Kevin wagirango nimpanga ya Junior Giti, barasa kyane
>>
<<@Alice-m5w3b
says :
Aho wigaya ninaryo kosa rikomeye wabandi kaziwe gushyira amajwi yumuntu hanze mutabyumvikanye nanisoni
>>
<<@Kessy24
says :
Ndabona munyeshyari ari kumwe na wa musore wumwesikoro ikigali hhhhhhh marine zirangendana😂😂😂😂😂
>>
<<@dorineMukundwa820
says :
No brain,only make up.
>>
<<@mukamurenzivestine5890
says :
Arko shahu uri mubi weee niyo wakwirunga ukishyiraho byose uri mubi pe inshuro icumi nukuri uri kabi
>>
<<@FIGO.TV_SHOW
says :
ese mada😂❤
>>
<<@nadinehaberisoni7103
says :
None ubundi iyo audio wayishiriy iki hanze?
>>
<<@kadino_jc
says :
Keza ndamwanga😊
>>
<<@ganzabetty8463
says :
Keza ararengana Uribupfe nubwo wamuha postage aranga agapfa buriya nubundi byabaye gukora kuyenda gusura ngo yabasenye
>>
<<@Ineza-Q
says :
Djihâd Imana imufungure
>>
NEXT VIDEO
>>