<<@marieclairemurangwa7625
says :
Icyakwereka ukuntu badukoreye evaluation tukabereka ibyo badusaba bakauha amanota bikarangira habaye inama yindi bakayagabanya tutabizi ubu twarumiwe (huye)
>>
<<@johnrugema3445
says :
Kuba wibasiye bamwe muri team sinzi icyo wagendeyeho. Wenda mwajya inama y'ibyakosorwa ariko apana kwibasira urwego.
>>
<<@fiacrerugwizangoga1576
says :
Murakoze cyane
>>
<<@NdayisengaGilbert-u6p
says :
Yoseph we sinzi impamvu ndikubona wamvuniye umukinnyi mugukoresha uniform y'abo bavandimwe gusa kuko aho inspection yabaye hose ahari Security Organ zose zajyagayo ntabwo Ari DASSO gusa bajyagayo na Police bajyagayo ark sinzi impamvu wibanze kuba DASSO gusa,kuko twabyemera tutabyemera inzego z''umutekano ntaho tuzazicikira kd ibyo ntanicyo byari kuba bitwaye iyo bajyana n'umuspecialiste wa Mineduc kuko ibi Mineduc yari ibizi ko bizagira ingaruka ku mibereho y'imiryango myinshi rero ibyabaye byarabaye ahubwo turebe ngo ese Koko nibyo bizakemura ikibazo cy'ireme ry'uburezi mu Rda ? Kuko haracyarimo ibibazo byinshi no kuba SEI atakurikira Director mu mushahara Kd yitwango ni n'umuyobozi we nabyo ni ikibazo gikomeye . Gusa dukunda ubusesenguzi bwanyu na Vanessa asigaye yarabaye Senior akomereze aho
>>
<<@usengimanachrysologue6353
says :
Ni inzego z'umutekano muri rusange. Si DASSO gusa
>>
<<@intekerezo2023
says :
Namwe musesengura ntabwo mufite specificity yo kumenya ibibera mu burezi kuko ntimuri muri iyo domaine.Ubutaha muzashake abo bireba!
>>
<<@hakizimanatheogene2615
says :
Umuryango nkunda ko iyo musesengura mukora kunguni zose nonese umugani kuki abantu babazwa nabantu batandukanye ikindi batari kuri calibre yo kumenya uko ako kazi gakorwa
>>
<<@peternzeyimana3622
says :
Uburezi bufite ikibazo kuko ubundi ibisubizo bakabaye babyifitemo kuko TSS zakabaye zikorera intebe amashuri kandi barimo kwiga
>>
<<@brilliantthanks-gt3tb
says :
Iyo inspection ya nesa yatwaye millions hafi 400. Ugasanga Imodoka imwe itwara 300k ,kuyikodesha Kayonza inzara iri kwica abantu. Njye numva inspection zakabaye nke nazo zigakorwa n abahagarariye ababyeyi barerera aho kuko harimo ubucuruzi.
>>
<<@bonifacekabahizi7165
says :
Ku murenge haba Sector Education Officer(SEO), ku ki batakoreshejwe muri evaluation
>>
NEXT VIDEO
>>