<<@allez5225
says :
Joseph ngukunda kubi analysis zawe zubahwe❤❤❤
>>
<<@karangwainnocent1469
says :
uyumwana yavuze ukuri
>>
<<@jdtuyishime6817
says :
Sister uratuvugiye.
>>
<<@psambassador3510
says :
Ubukene buri m'urubyiruko ntago buzashira.
>>
<<@KadahumekaFriday
says :
Ubukene turabufite cyane Ahubwo iyi leta nitagira icyo ikora Muzabona ikizakurikira
>>
<<@MUKESHIMANAClaude-l5y
says :
Iki kibazo ntikizakemuka igihe cyose inzira zo kugira icyo wakora zifunze. Urugero ufata nk'amafaranga 100k ukabiranguza ibintu ugirango ugende ubikwirakwiza mu ba Client bakagufata ngo uri umuzunguzayi kd 100k ntiwazikodeshamo inzu ngo unayakoreshe kd wari kubizunguza ukunguka amafaranga yo kugutunga , ubwo bakakujyana muri transit. Leta nishyiremo imiyaga kbs
>>
<<@PatrickKabaka-m8n
says :
Mwana w'umukobwa inama nakugira, ube simple ukore akazi kose ingufu zawe zishoboye kari disponible nta mahitamo, (ngo "uciye bugufi akama ishashi") ibyo biceri 300 usigaranye birahinduka 3.000.000frw.
>>
<<@PatrickKabaka-m8n
says :
Nari nibeshye yavuze ko afite 300frw gusa kuri momo ye.
>>
<<@PatrickKabaka-m8n
says :
Wa nkumi we uragira uti:"look at me ndasa neza you know ariko simfite na 300frw kuri momo yanjye". Urasa neza nkuko ubivuze pe! Ndabona ufite fraîcheur n'inzobe yatamuye. Ese wabuze akazi cyangwa wabuze uguha amafranga y'ubuntu utakoreye ?
>>
<<@abelhabiyambere1064
says :
Starting a business from zero money, no job, and no family support is difficult, but it is possible when management education is used correctly. A Bachelor of Management can be treated as the first and most important asset. It provides practical skills such as planning, financial control, marketing, decision-making, and discipline. By applying these skills early through volunteering, student projects, or helping small businesses, a person gains experience and credibility even without formal employment. At the same time, income can be generated through skill-based activities that require no capital, such as tutoring, basic consulting, digital services, or administrative support. Small earnings are saved carefully and partly reinvested, slowly creating seed capital. Capital is not obtained at once but built step by step. Personal savings form the base, while management knowledge opens access to grants, entrepreneurship programs, competitions, incubators, and low-interest or interest-free support systems. Strong networks with lecturers, peers, and local entrepreneurs further increase opportunities for mentorship, partnerships, and funding. When a business idea is launched, it starts very small, with low risk and minimal costs, and grows through reinvestment and disciplined management. This approach is realistic and sustainable, not dependent on luck or family wealth. This method is especially applicable to the children of Rwanda and other low-income communities. Even when resources are limited, management knowledge empowers young people to turn education, effort, and discipline into economic independence. Claims by some journalists that management is useless are simply not true. In reality, if you are poor, management is one of the most important subjects you can learn because it teaches how to create, protect, and grow value from almost nothing. A well-paid job without management skills often leads to financial failure. Many people earn good salaries but end up with zero savings because they do not know how to manage income, expenses, and long-term goals. This is visible even in developed countries like the United States, where people work extremely hard yet remain trapped in debt and paycheck-to-paycheck living due to poor financial management. Management, therefore, is not a luxury; it is a survival skill. Without it, hard work alone leads to exhaustion, not prosperity.
>>
<<@mukizacelestin975
says :
Ukuri kuraryana
>>
<<@MurwanashyakaJeanBaptiste-z3h
says :
Imana ibahumugisha nimwe ighugu gicyeneye
>>
<<@PatrickKabaka-m8n
says :
Ni iyihe Leta muri Africa yaguha money utakoreye wa nkumi we ? Uretse ubwibone bwabokamye wabuze n'akazi ko gukora amasuku cyangwa kurera abana n'ibindi wakwisumamo ? (Kazi ni kazi) Ikindi kuri iyi Si ducumbitseho abatunzi n'abakene bahozeho, bazanahoraho. Umuti wo kubona amafranga ni ukureka ubunebwe n'ubwibone ugakora akazi ushoboye gukora.
>>
<<@kagaborobert-y3b
says :
Joseph really it's true
>>
<<@MbzMbz-s2x4s
says :
Ntamirimo mbonye ahubwo nimiruho
>>
<<@MbzMbz-s2x4s
says :
Cyakora nawe josephu bazakwita icyigarasha abagashize
>>
<<@MbzMbz-s2x4s
says :
Cyakora nawe josephu bazakwita icyigarasha abagashize
>>
<<@MbzMbz-s2x4s
says :
Ariko wamugabo we urambabaje !!
>>
<<@MbzMbz-s2x4s
says :
Uyumugsbo josephu arafite ubwenjye kweri
>>
<<@munyacyaro1
says :
Erega dufite abayobozi bibigarasha nibenaba barakagwa ruhaba umwana ATI ndashonje ngo urikigarasha!!!! Murabeshya Basha aho muri ntimuzahahora
>>
<<@uyisengamax2401
says :
bakoranye nabakire gusa abakene mubisheke ark baza gushate ubahe ubumemyi woe na dr rusa pe bdf ntacyo yatumariye ark joseph na dr rusa murashoboye
>>
<<@GASELIE
says :
cyakora Joseph igihugu kikuramane kuki niwowe mzee dufite mbega ipfundo ryibitekerezo every institution must have maping their property &it follow up not only to seet in office and archiving only iyi channel inteye umururumba wibiganiro byayo nangahe kweli abeza ntibakurikira barirengagizwa Joseph komeza kwanda
>>
<<@HumanNatural-bm5py
says :
Ndabakunze👍
>>
<<@GASELIE
says :
kabagambe kasuku sadate nabandi nkaba bipanze akazi ko kwita abantu ibigarasha cg interahamwe babipimira kuki ark bizabagaruka ntagahora gahanze inama itavuye mukirambi ica ikirago bwana kabagambe we
>>
<<@JeanBoscoMATABASHI-ts5xr
says :
Nibyo abanyarwanda turakennye dufite ibyogukora byinshi cyane ark reta yarabannye cyane
>>
<<@katondanda8788
says :
Uvuze neza rwose,kera ba brougumestre bavukaga aho bayobora none ubu batuzanira ntabatazi umugezi runaka cg umuhanda kanaka!? Kawunga, Imboga, Ibijumba byo muri ako karere byagakwiye kugurwa nibigo byamashuri byahongaho. Uzavuge uruhe ahubwo bazagutuka nkuriya mwana muto uherutse gutaka ubukene
>>
<<@IshyaJudy123
says :
Uretse nurubyiruko natwe babyeyi turakennye twabaye blocked kubera all leaders eat alone.Amasoko yose barayihaye ntacyo wacuruza badafitemo akaboko
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Amashuri y'abajura( Ababirigi) yigishije abanyeshuri kwiba !😢😢
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Hagezweho Techinics na Technology,ibindi ni nko kwiga gusoma no kwandika( Theory) .
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Ese,utora uzafasha mu bibazo by'igihugu ? Mbona ibibazo byo mu Rwanda ari agatereranzamba 😢😢
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Mbashimiye gushyira ahagaragara ibibazo mu Gihugu, courage.
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Ntibabona ayo kugura za V8 n'ayo gufasha urubyiruko mu kuva mu bushomeri ,ibyo mu Rwanda ni " Buri muntu ku giti cye, Imana kuri bose " !😢😢
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Izo kaminuza, cyane zigenga zikwiye kwigwa n'abafite bene wabo bazabajyana mu kazi( ikimenyane ,n'icyenewabo),aho kuyata( amafaranga) kuri izo kaminuza ,nayashora akunguka cg agahomba nkabimenya. Kwiringira amashuri mu Rwanda si ibya buri wese, uburezi( amashuri )bukwiye guhinduka,Kuko ntijyanye n'ikinyejana tugezeho.
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Government ntibuze ubushobozi bwo gushyiraho ikigega cyo gufasha urubyiruko,Uwo mukobwa ni intwari gushyira ahagaragara ikibazo kizwi na benshi bagatinya kukivuga ngo batitwa ko barwanya Leta .
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Urubyiruko rukwiye gufashwa Kuko nicyo Gihugu cy'ejo , abavuze ko uwo mukobwa ari ikigarasha,nibo bigarasha Kuko ntibitaye ku bibazo bigaragara nko kubura akazi cg igishoro mu kwihangira akazi,bitera ubwomanzi,uburaya,ubujura,ubutekamitwe ku rubyiruko mu Rwanda !😢😢
>>
<<@HilaireNgayaberura
says :
Abahungu bacu 2 ,bariwe 700 000 frw muri betting ! N'ubu sindabyumva 😢😢,Kandi yari ayaci nk'ababyeyi babo .
>>
<<@rusanganwajoseph9932
says :
Balanced.CRITICAL ANALYSIS
>>
<<@ahishubijedieudonne1463
says :
Kabagambe 😂😂😂😂 turakubonye ntutubonye
>>
<<@andrewgasamaza2036
says :
Turakennye
>>
<<@Bitibibisi-b1
says :
Ukuri kuraryana.
>>
<<@businessinreality1608
says :
Ubuse arimo urubyiruko rungahe cg runganiki yakwiririye. Arakoze aswaje abamubyaye. Ninde se wamubeshye ko Leta izamushyirira amafaranga kuri compte. Ibyo avuga yakabibajije abamubyaye bataramuzigamiye. Ahubwo ntabindi yavuze ko arindaya yicuruza.
>>
<<@gillesndayishimiye4665
says :
Hari ingirwabanyamakuru zivuga ukumva wafunga amatwi , ariko hari n'igihe umunyamakuru avuga inkuru ukumva ikiganiro cyakomeza....tuba tubibona.
>>
<<@cbzab
says :
Rwose system ya education ikwiye guhinduka cyangwa tuzabone ishyano Leta itazabasha gushyira mu mirongo migari izaba ihari
>>
<<@jidix-e7f
says :
Kuvugishe ukuri se biremewe inaha
>>
<<@NyurwimanaDanny
says :
Urunyiruko nirwo rukennye abari kuvuga ko badakennye nabo basaza nabakecuru barifite 80% zurubyiruko barakennye
>>
<<@NgendahimanaIldephonse47
says :
Yabivuze nabi ahubwa tura tundahaye
>>
<<@nsanzumuhirelambert1048
says :
Uno mudama wagirango ntaba ahari, agerageze azamure ibitekerezo ahuguke mu biganiro 🎉
>>
<<@jean6030
says :
Igikenewe ni ugufungura imikorere. Abantu bakajya ku muhanda bagakora. Umwana w'umukobwa niba arimo kuzengurukana udusheke, undi biscuits, utunyobwa dukaranze, amagi atogosheje, cyangwa ikigori gitetse inkeragutabara nizimureke acuruze yiteze imbere. Mu by'ukuri ibyo acuruza ntabwo byabuza ufite restaurant kwinjiza no kwishyura imisoro. Inkeragutabara usabga zibajujubya nyamara zibakuramo ayazo.
>>
<<@mbihayimanaamosi7065
says :
ahubwose uwo wo kuri reception umushahara muke wo uvuga awubonera igihe?? aba koresha bamaze abantu babambura ukagirango ntacyabaye
>>
<<@ericbarcos2416
says :
Numero zanjye ziri muri iyi profile yange kubantu bakeneye tapis zo gukoreraho sports yoga mats turaziifite nikaribu
>>
NEXT VIDEO
>>