<<@ndayisabapiere4055 says : Yampayinka burya abadapfuye ntibabura kubonana Safari issac uracyaba mwisi ? nkwibukira kuri Quitar twaguze yinkorano yanditseho ngo Yesu arakiza ndibuka ngusura aho warutuye kimihurura munsi ya RIB>> <<@manirahojeanpaul7661 says : Ibyo ndabyanze muizina rya Yesu kizwa wongere uririmbire Imana>> <<@NubuhoroMartah says : Safariwe uzihangane wibuke uburyo wabanye n,lmana kd ubugingo nubwawe subwabandi girugarukire lmana kuko yakobo1/12 hahirwa uwihanganira ibimugerageza nawe garuka lmana iracyagukunda❤❤>> <<@EricIzerimana says : 😢urandijijepe>> <<@madimadi3112 says : Nubundi ijuru uzayijyamo kuko umuntu w'imbere niwo ubana n'Imana si uyu mubiri>> <<@samniringiyimana6101 says : Uyu mugabo nibundi umwuka wimana umugaragaraho.kandi aritonda pe>> <<@nyiramisagombeatha3166 says : Muntu w'lmana kuba waragiye sikibazo ahubwo guherayo nicyo cyibazo Uwiteka akugarure mu buntu bwe nicyo jye nkwifuriza utekereze kw'iherezo ryawe mwene Data>> <<@TwagirayezuGaspard-r7j says : Gusa uri icyapa tureberaho tugasoma lmana izakugarure mubuntubwayo>> <<@francoiseuwa7791 says : Erega guca umuntu nibibi ahubwo uwagize integenke akwiye kwegerwa agafashwa>> <<@UwimanaPatrick-r2p says : Erega mu rusengero simparwanya arko,ntaho umuntu atabera, umuntu cyane ko aho mu nsengero haba abantu bahutaza abandi mu buryo bw'amarangamutima,so rero naharanire kuba umuntu nyamuntu.naho iby'amadini byamaze no kuducanganyikisha.humura uracyari uwacunguwe.>> <<@NIYIBIZIJanvier-l4w says : Hhhhh Ati ntangira kubona mini>> <<@KayitesiMarieChantal-hr7ex says : Yooo,iyompeta uyijugunye!>> <<@UmukizaJeanBaptiste says : Subira kwa yesu aragukunda ❤>> <<@KamosNdamiye says : Safari nkifurije kugarukira umwami yesu ukazagira iherezoryi za>> <<@munyembabaziclement9868 says : Safari Isac ni umuntu wicisha bugufi akagira n'umutima mwiza!Amaze kungurisha Guitar accoustic inshuro ebyiri kandi zinacomekwa ku muriro)! Yakirana yombi abakiliya baje bamugana!>> <<@UwizeyimanaImmacule-m8z says : Ibyo wakora byose imirimo yambere iheshwa agaciro niyanyuma nutihana amarira yabariya bana bakuru na nyina azagusama ibyo wigira tuuu>> <<@LaetitiaMupenzi-sg8sx says : Komutaduhaye YouTube canal y c>> <<@muhayimanamatthew1216 says : Safari ndakuzi nanjye kuva cyera ndimuto none ningewe ushaje kabsa>> <<@marcnteziryayo4620 says : Safari we, mwana twareranywe kdi mwana twasenganye tukanaririmbana i Gasave, ni ukuri iyo umuntu agihumeka byose biba bigishoboka, Imana ishimwe kuko ikikurinze! Ndagukunda cyane kuva kera! Nkanakunda indangagaciro zawe zo kumenya kwicisha bugufi muri byose, muvandimwe wange, Nagusabaga ngo ujye ufata akanya mu gihe utuje uri gutegura gahunda zawe z'umunsi ukurikira, ujye wibuka gutekereza no kubihe byiza wagiriye mu nzu no mu murimo w'Imana maze ubisengere usaba Imana kongera kukugarukaho bwa kabiri nk'uko Yesu yigeze kongera kwiyereka abigishwa be ku nyanja ya Tiberiya! Yesu Kristo aracyagukunda kdi agutegeye amaboko. Yesu aguhire muri byose.>> <<@UWAGIRAYESUJeanine says : Disi wigeze kunfasha duhuriye nyabugogo Imana izakugarure utaza pfira mubyaha>> <<@nyandwie830 says : Safari azagarukira Imana, kuko hari ijambo rivuga ngo HARI IBYIRINGIRO KO IGITI CYATEMWE CYAKONGERA KIGASHIBUKA ....>> <<@abajenezasolange6811 says : Oooh my God kobaribaguhuhuyese>> <<@GilbertNtakirutimana-w6q says : Yooo Safari ndamwibutse>> <<@janviermuhire689 says : niwe waririmbye muri Baraka Nyarugenge??>> <<@MutagishaXxx says : Izagaruke>> <<@joshuan5489 says : Safari YESU aracyatezeamaboko agutegereje>> <<@mukayirangamarcelline9706 says : Safali yesu aragukunda wakoreye lmana byuka uwiteka agufitiye imbabazi>> <<@jeandedieubimenyimana116 says : Legend wacu Safari, Imana ntabwo ikiranuka ngo yibagirwe imirimo.>> <<@RwizihiraRoyz says : Uyu nubwo yabyaye abana benshi arko ni Hybrid kbs>> <<@renelypatrickmanishimwe134 says : SAFARI TURAMWERA KBS AZI GUCURANGA>> <<@rurangwaamandine9917 says : Abamubwira kugaruka mu rusengero muri kunsetsa,umuntu arajagaraye cyane mu mutwe urebye nukuntu ikiganiro yakitwayemo,kd munsengero niho haba abantu bahutaza abandi mu marangamutima.akeneye umuntu umufasha gusubiza ibitekerezo ku murongo mu buryo bwimbitse>> <<@kgl2026 says : Umugisha usaba amaboko, uvuze ukuri!>> <<@intavogerwa says : 😂😂😂😂😂 ngo hejuru ya 20>> <<@sandeemmanuel1795 says : Safali ndagusuhuje cyane komera nubwo iminsi Ari myishi>> <<@hunterhuntee says : Komera cyane Safari. Imana iracyakuzirikana rwose>> <<@VuguzigireYonasi-y3j says : Ubundi usibye ibinyoma muri Adeper nta gakiza gahari hari igipindi gusa gusa gusa!!!>> <<@Hugukaofficial says : Safari yadukopye synhe muri za 2004 tumuhaye moitié WARAKOZE Imana basi ijye yibuka ibi izakugirire neza>> <<@NiyotwizeyeJean-iu6dq says : Erega burya mu Kabari abariyo ni ba Papa ni ba Mama ni bashiki bacu na bakuru muri make n abavandimwd ba ababa mu nsengero>> <<@titohabimana1834 says : Safari turagukunda ❤❤❤❤>> <<@titohabimana1834 says : ❤❤❤❤❤❤>> <<@DusabimanaVenuste-li8tn says : Uyu Safari ndamuzi kera disi muri ibyo bihe avuga!!!!! Birabaje gutangira ibyumwuka ugaheruka ibyumubiri.>> <<@NganizijeandeDieu says : Impore safari we.nawe komera wicika intege.rwose Yesu mugumane natwe nta rubanza tuguciriyeho>> <<@KazubwengeJeandamascene-q8v says : Mwakoze kutuzanira uwo muvandimwe ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤turishimye tunashimira ukwezi tv murakoze>> <<@habyarimanajeandedieu4840 says : safari ndakwemera bya atari❤❤❤❤❤>> <<@hyacintheumurerwa3257 says : Wauw ❤>> <<@MusabyeyesuDativadinah says : Ishacyire ibirayi byabana ibyamadini byo babitecyereza bariye brooo>> <<@DamasceneSimpinyurimana says : Iyu mugabo ndamwibuka ahantu yatanze sente ya PSR 550 YARIGEZWEHO yabivuze nkuyumunsi ejo arayizana pe nubu rata imana iguhumugisha turabyibuka>> <<@jhabinshuti6831 says : Ubundi urimo kugenda,umuntu akagutungura akagutereraho akantu gatoya,wikubita hasi>> <<@QueenItuze says : Gabanya inzoga pe ijwi rimaze kugenda pe>> <<@BiziyaremyeJBosco says : Uyu yaraguye urabona atari umurasta>>
VideoPro
>>