<<@GucamuZiko says : Vers la fin... ibyo uvuga bitera urijijo. Iyo uvuga ngo ntiwatekerezaga ko ushobora kuba ministre, abandi se babitekereza mbere yo kuba we ni bande ? Sinzi icyo uba ushaka kuvuga. Buri muntu ujya muri cabinet nta n umwe uba yarabyiteze, waba mu cyaro cg mu mujyi. Wavuze ko wavukiye mu muryango w abantu badasobanutse ?? Bivuze iki ? Abo mu miryango isobanutse basa bate ? Cg ni bande ?😂 Bo se iyo bataraba ba ministre baba bazi ko bazaba ministre ?? 😂😂.>> <<@NSENGIYAREMYEValens-w9c says : Ndabakurikiye 100/100 ndi Urubyiruko rwa Muyumbu Rwamagana.>>
VideoPro
>>