<<@EstherFillette says : Ese abamwandikira bose yabivamo kubafasha mujye mutuza Imana izaca inzira>> <<@mukamparayesolange3271 says : Ni imburuburu zahuye uyu se we abizanye hano ngo bigende gute ? Mutesi muzamucuruza kugeza ryari>> <<@Vidizedits101 says : Ntacyaha Mutesi yakoze, ihangane rwose ujye utabaza Yesu niwe ushobora byose.>> <<@MirukKira says : yesu atagutabaye ntamwana wumuntu wagutabara nizereko wakuye isomo mukuganyira umwana wumuntu nimugari>> <<@UwizeyimanaFrancoise-i4e says : Ariko uzamushaka koko niwowe njyewe ndakuzi twarakuranye reka Mutesi ubwo urumva ntasoni bazakumbaze nkuzi uri umwana ushakana na Habamahoro uramunanira none uje kuri p mutesi>> <<@JonathanNtirandekura-c8u says : Wikwitwaza mutesi saba kujyiti cyawe>> <<@mukahirwaathanasie9957 says : Ariko c Mutesi ko yabanwiye ko agafasha abantu binyuze mubantu nawe abakeneye ikereka abo bitanga ko Ari ukuri.>> <<@BigJohn-m2f says : Nugira ibibazo jya uhamagara Yesu aze arebe ntuzongere guhamagara abantu kuko umuntu ni umuntu mamy>> <<@BigJohn-m2f says : Ariko noneho Mutesi yaragowe no gufasha abantu bigiye kuba itegeko?ese mada kuberiki utafotoye ifoto ngo uyimuhe koko? Erega abatekamutwe babaye benshi>> <<@tumushimiyimanaodette-m3o says : Mupfana iki se😮😮😮😮?>> <<@MutamulizaBeatrice says : Iyo mumaziminsi mutavuga Mutesi ariko ntamahoro mugira?>> <<@MutamulizaBeatrice says : Yewe mubyeyi we,iyo Imana itafunguye umugisha ntawaguha.ikindi ntabwo urimunshingano za Mutesi,kugufasha nuburenganzira bwe cg ntagufashe.uje kwiha isi gusa>> <<@Queen-ze1tm says : Pst Mutesi haraho mwandikiranye ko ariwe uzajya ugufasha mubibazo?>> <<@MutoniwaseAnaya says : Wimurenganya ubwiwe niki se ko yarafite icyo yagufasha rwose wimurenganya kuko ibibazo afite nawe ntubizi>> <<@nyirabimenyimanaadeline7993 says : Niba Atari imitwe se kuki pastor Mutesi yakwatse ifoto ukayimwima wumvaga weyabtizera Ute ko ubutekamitwe bwogeye.>> <<@mamakensane8388 says : Muve kumuntu ntabwo niyo yagira byinshi yahereza uvuze wese namwe mujye mutuza>> <<@NganizijeandeDieu says : Yesu ashimwe cne WA mubyeyi we! Ese ko utavuga uruhare rubi rwa papa w uwo mwana utakuriho tukavuga cne mutesi Kandi Ari umuntu? Nawe umunye ko ushobora kuba utoroshye! Ucyatumye utandukana nicyo kibi,wasanga Ari n abarozi.n impanuka akenshi hari igihe aba Ari indogano.munyqmqkuru turagusabye uzamenye umugabo w uno mugore Kandi tuzi ko azakubwiza ukuri k umutima w uyu mudamu.ushobora gusanga rwose nawe Atari yoroshye .ntiyari akwiriye no kuza Hano muri rwaserera,ahubwo yakabaye akurikirana ubutabera umwanawe akamubonera indishyi.ibaze ko urahira Imana iri mw ijuru ukarahira n abana bawe! Urankanze pe! Rwose rekwra Aho dukegereze umugabo wawe turebe ibyo azakuvuga .wasanga warafuhaga ubundi ntuganduke ukamusuzugura ukamucyurira,....>> <<@NganizijeandeDieu says : Iyo utabaza Yesu ukareka abantu? Ntumuragasobanukirwa! Mupfana iki se ko abantu ubumuntu bwabashizemo! Kandi buriya mutesi nawe afite ibikomere ntiwamenya>> <<@MukamurangwaAntoinette says : Yoooo ihangane mubyeyi>> <<@SarrahSarrah-x2b says : Uyomugore araboneka kwaringare none nkogutwika ifoto itavuga hhhhhhhhhhhhhhhhhhh🥺🥺🥺🥺😬😬>> <<@SarrahSarrah-x2b says : Wamugorewe wovuga make ra😏😏😏>> <<@UwaniyigiraHellen says : Umva madamuwe kugufasha nuburenganzirabwe ubwo ntiwarikuvugutyo>> <<@UwantegeJoyce says : Sha mwimuvuga nabi pe abo yagiriye neza barahari>> <<@YesarakizaJeannett says : Arikose kugufasha nitegeko wimurenganya uwamugonze yarikugufasha kuramaso kubantu ubibwirimana yonyine>> <<@ClaudinaNakure says : Wamugore we nakugirinama yo kujya iwawe ugatuza kuko uwomugabo wicaye imbere nincakura. Aragukorera ishyano. Nihitiraga da>> <<@habumugishajackson378 says : Siwowe wambere yari kuba afashije kd ntumurenganye abamutekera imitwe nibo benshi mutesi simuzi nawe sinkuzi ariko ibyo byigumanire kd pore kubyago wagize>>
VideoPro
>>