<<@EstherFillette
says :
Ese abamwandikira bose yabivamo kubafasha mujye mutuza Imana izaca inzira
>>
<<@mukamparayesolange3271
says :
Ni imburuburu zahuye uyu se we abizanye hano ngo bigende gute ? Mutesi muzamucuruza kugeza ryari
>>
<<@Vidizedits101
says :
Ntacyaha Mutesi yakoze, ihangane rwose ujye utabaza Yesu niwe ushobora byose.
>>
<<@MirukKira
says :
yesu atagutabaye ntamwana wumuntu wagutabara nizereko wakuye isomo mukuganyira umwana wumuntu nimugari
>>
<<@UwizeyimanaFrancoise-i4e
says :
Ariko uzamushaka koko niwowe njyewe ndakuzi twarakuranye reka Mutesi ubwo urumva ntasoni bazakumbaze nkuzi uri umwana ushakana na Habamahoro uramunanira none uje kuri p mutesi
>>
<<@JonathanNtirandekura-c8u
says :
Wikwitwaza mutesi saba kujyiti cyawe
>>
<<@mukahirwaathanasie9957
says :
Ariko c Mutesi ko yabanwiye ko agafasha abantu binyuze mubantu nawe abakeneye ikereka abo bitanga ko Ari ukuri.
>>
<<@BigJohn-m2f
says :
Nugira ibibazo jya uhamagara Yesu aze arebe ntuzongere guhamagara abantu kuko umuntu ni umuntu mamy
>>
<<@BigJohn-m2f
says :
Ariko noneho Mutesi yaragowe no gufasha abantu bigiye kuba itegeko?ese mada kuberiki utafotoye ifoto ngo uyimuhe koko? Erega abatekamutwe babaye benshi
>>
<<@tumushimiyimanaodette-m3o
says :
Mupfana iki se😮😮😮😮?
>>
<<@MutamulizaBeatrice
says :
Iyo mumaziminsi mutavuga Mutesi ariko ntamahoro mugira?
>>
<<@MutamulizaBeatrice
says :
Yewe mubyeyi we,iyo Imana itafunguye umugisha ntawaguha.ikindi ntabwo urimunshingano za Mutesi,kugufasha nuburenganzira bwe cg ntagufashe.uje kwiha isi gusa
>>
<<@Queen-ze1tm
says :
Pst Mutesi haraho mwandikiranye ko ariwe uzajya ugufasha mubibazo?
>>
<<@MutoniwaseAnaya
says :
Wimurenganya ubwiwe niki se ko yarafite icyo yagufasha rwose wimurenganya kuko ibibazo afite nawe ntubizi
>>
<<@nyirabimenyimanaadeline7993
says :
Niba Atari imitwe se kuki pastor Mutesi yakwatse ifoto ukayimwima wumvaga weyabtizera Ute ko ubutekamitwe bwogeye.
>>
<<@mamakensane8388
says :
Muve kumuntu ntabwo niyo yagira byinshi yahereza uvuze wese namwe mujye mutuza
>>
<<@NganizijeandeDieu
says :
Yesu ashimwe cne WA mubyeyi we! Ese ko utavuga uruhare rubi rwa papa w uwo mwana utakuriho tukavuga cne mutesi Kandi Ari umuntu? Nawe umunye ko ushobora kuba utoroshye! Ucyatumye utandukana nicyo kibi,wasanga Ari n abarozi.n impanuka akenshi hari igihe aba Ari indogano.munyqmqkuru turagusabye uzamenye umugabo w uno mugore Kandi tuzi ko azakubwiza ukuri k umutima w uyu mudamu.ushobora gusanga rwose nawe Atari yoroshye .ntiyari akwiriye no kuza Hano muri rwaserera,ahubwo yakabaye akurikirana ubutabera umwanawe akamubonera indishyi.ibaze ko urahira Imana iri mw ijuru ukarahira n abana bawe! Urankanze pe! Rwose rekwra Aho dukegereze umugabo wawe turebe ibyo azakuvuga .wasanga warafuhaga ubundi ntuganduke ukamusuzugura ukamucyurira,....
>>
<<@NganizijeandeDieu
says :
Iyo utabaza Yesu ukareka abantu? Ntumuragasobanukirwa! Mupfana iki se ko abantu ubumuntu bwabashizemo! Kandi buriya mutesi nawe afite ibikomere ntiwamenya
>>
<<@MukamurangwaAntoinette
says :
Yoooo ihangane mubyeyi
>>
<<@SarrahSarrah-x2b
says :
Uyomugore araboneka kwaringare none nkogutwika ifoto itavuga hhhhhhhhhhhhhhhhhhh🥺🥺🥺🥺😬😬
>>
<<@SarrahSarrah-x2b
says :
Wamugorewe wovuga make ra😏😏😏
>>
<<@UwaniyigiraHellen
says :
Umva madamuwe kugufasha nuburenganzirabwe ubwo ntiwarikuvugutyo
>>
<<@UwantegeJoyce
says :
Sha mwimuvuga nabi pe abo yagiriye neza barahari
>>
<<@YesarakizaJeannett
says :
Arikose kugufasha nitegeko wimurenganya uwamugonze yarikugufasha kuramaso kubantu ubibwirimana yonyine
>>
<<@ClaudinaNakure
says :
Wamugore we nakugirinama yo kujya iwawe ugatuza kuko uwomugabo wicaye imbere nincakura. Aragukorera ishyano. Nihitiraga da
>>
<<@habumugishajackson378
says :
Siwowe wambere yari kuba afashije kd ntumurenganye abamutekera imitwe nibo benshi mutesi simuzi nawe sinkuzi ariko ibyo byigumanire kd pore kubyago wagize
>>
NEXT VIDEO
>>