<<@businessinreality1608 says : RSSB rwose ntakigenda mu midugudu inzego zibanze zigira umuhigo ko buri rugo rugira ubwisungano. Ariko igitangaje mu mudugudu bazana list irimo abapfuye,abafite MMI,RSSB,Nizindi insurance>> <<@nasdquk says : Twanditse *150# ngo turebe amakuru yo muri system imibereho birangiye badusubiza ngo "Thank you for banking with BPR". Bite byabyo>> <<@Birahoh says : Vanessa amaze kuba senior!>> <<@ndamageoreste8035 says : Ni gute urwego rushyiraho amategeko abantu bakayica rugaceceka>> <<@ndamageoreste8035 says : Inteko nshingamategeko yacu ntivugira abaturage>> <<@emperor-jayp0016 says : Mwiyimitsi ndigukunda ibiganiro byanyu>> <<@blairrobert975 says : Mfite ubutaka naguze kinyinya muri 2001. Nahaguze 5 million, ubu bampa 6million gusa. Nukuri kinyinya harimo akarengane karenze pee>> <<@raggadee77 says : mutubabarire twe turi leta!😂😂😂😂😂>> <<@NdekeziEmmanuel-r4y says : Mu Gatsata natwe, abegereye umushinga w'igishanga ntitwemerewe kugira icyo dukora ku mazu yacu>> <<@Sky-1506 says : indyarya ihimwa n’iryamirizi, gutekinika kw’abayobozi ntabwo byakunda ku kigo nka SOS kigenga never. Bihe isomo abayobozi batekinika bamenye ko amafuti babamo abaturage tuba tuyareba aruko duhita mo guceceka tukabiharira ubagegeka wabahaye akazi Ariko batabizana ku kigo kigenga oya. Bravo ku bayoboye SOS 👌👌 RSSB + Umujyi wa Kigali bahora mu mahuguuuuu n’ibirura bidahaga guhuguza niyo ureba Sam ubona ko ari kimwamwanya ukangisha gufunga tuuuu RSSB yo ni rwabayanga ihuguza idahaga>> <<@expressexpress9017 says : Leta siyo kibazo ahubo abanyabubasha bikinga inyuma yayo bakavuga neza kubi>> <<@voiceforvoicelessinrwanda says : Umuturage ku isonga sha>> <<@MWENE_BIZIMUNGU13 says : Joseph uri umuhanga>> <<@HabakubahoCallexte says : ♥️♥️♥️♥️♥️👏>> <<@cyusaernest5931 says : Joseph, ndakwinginze uzasure akagali ka Masoro umudugudu wa Mubuga. Abaturage bahatuye babujijww kubaka no gusana amazu imyaka hafi 10 urashize ngo ubutaka buri munganda. Kandi babusorera buri mwaka. Ni agahinda gusa>> <<@m3nempireentertainmentoffi134 says : Iyo nkuru yanyuze kuri RTV mu minsi ishize mu makuru ya sasaba ariko uburyo amashusho yagaragajwe nange nabonaga bahushura ariko umunyamakuru yagashyizemo ko hasigaye umuhanda uganayo watangiye nawo gukorwa ukibaza ukuntu ujya kubaka ntuhere kumuhanda.>>
VideoPro
>>