<<@donathabukuri9041
says :
Uraho Theo. Kuri case ya 1 y umwarabu hari aho utubeshye. None se ko yari yakodesheje floor imwe, yabashije no gupfumura dalle yo munsi kugira ngo coffre fort inageyo ama usd. Byamusaba gukodesha 2 floors kandi nta landlord wamwemererara gupfumura slab. Ucunge neza usubiremo iyo nkuru mu buryo bushoboka.
>>
<<@SiboruremaDamien
says :
Yarafunguwe ejobundi namugurishije amabati arikubak bugesera
>>
<<@inyange2020
says :
Ariko Theo,Nzizera yarafunguwe ejo namubonye mu mujyi kwa Makuza atwaye RAVA5 encien modele.
>>
<<@Aguero812
says :
Ndabona Nzizera mufitanye ikindi kibazo. Uyu mutype ko atari umu star ko umukozeho film? Theo nawe rwose @ noneho uri kuvuga undi muntu bakagirango ni nzizera. Iyinkuru twarayirambiwe.
>>
<<@UmutoniSandirine-t9v1d
says :
Wambwawe kuri kwica deal hhhhhh
>>
<<@UmutoniSandirine-t9v1d
says :
Sha burya uri umunyamugi theo,...iyo deal yumwarabu nanjye ndayizi kbs,..ndakwemeye noneho
>>
<<@mukankuzijolly3913
says :
Ukwezi wè bite
>>
<<@baranderekalin6148
says :
Muraho babikoze nongaha Burundi yaratwivye turumigwa
>>
<<@provy09
says :
Ariko Kalisa Claude muvuga muri iyi nkuru, ni Legend captain wacu w’amavubi?
>>
<<@hpp728
says :
Ntago wakwurira indege niyo amount Ari cash hatabaye inspection
>>
<<@jeannineiradukunda4117
says :
Bazadufatire n’uwariye utwacu muri OCP
>>
<<@erasmewaerasme7152
says :
Nzizera Aimable na Théo Ukwezi Nzizera Aimable na mama wa Vestine na Dorcas kuri cano Nzizera Aimable na JP Nkundineza Hapo natinya Nzizera Aimable na Rose Muhando Ubu ntiyoshir'agapira hasi kweli? Uwarihuse yarapfuye!
>>
<<@kigalirwanda8564
says :
Nzizera ni Legend😀 Sinjya mpaga kumva udushya twe😅 Ibisambo nkawe biba henshi kw'isi ni abantu batagira icyo batinya😊
>>
<<@tabarogospel
says :
Jye ndumva ari Filme hhh. Théo iyi nkuru wazayanditse neza ukayitanga bakazayikinamo film hh
>>
<<@dranicetnzabonimpa4605
says :
nibyo koko Imana irakiza!!!
>>
<<@emmanuelm.7401
says :
Jye mpuye na Nzizera nashaka schoolfees akanyigisha ukuntu umuntu yikura munzitane z'ibibazo.
>>
<<@laurencemuhizi8580
says :
Imana ishimwe ko wagarutse ku nkuru z'umwimerere wa Ukwezi TV.. biriya bya Congo na FDLR uzabirekere Scovia.
>>
<<@xxxyyyy1612
says :
Uri umugome, ukuntu wishimye wagirango ntazafungurwa
>>
<<@inezamahoro1788
says :
Uyumugabo ni Film yigendera ndabarahiye
>>
<<@NzeyimanaFilipe
says :
Yewe inkuru zawe ni nyishi ntizisobanutse
>>
<<@FromstonetoAI1
says :
Uwambwira uwo nzizera nimuntu ki😂😂😂😂 Kuko nigitangaza
>>
<<@Shema2-x9j
says :
Hubwo wakamwubahiye impamvu ibyo byose abikora ntamare mu igororero 2 . Umuntu nkuwo nuwo gutinya no kubaha kuko ntibigutangaze hubwo wowe uvuga ibye ari wowe ugiye mu mwanya we hubwo. Nzirera ararenze hubwo ,urumva chèque ariyo Ku muhezamo nibindi bimufungura uzatubwire undi wa 2 byabayeho nkibyo bye.
>>
<<@userishereeeew
says :
Uyu mugabo mureke batazangirango hari inzika zikiri ho😢
>>
<<@umubumbetvrwanda
says :
😂😂😂😂😂
>>
<<@UwinezaAline-em2ue
says :
Mwankandiye kwi foto kko ndabinginze mumpe sub ❤❤❤
>>
<<@bouloski
says :
Afite ibifi binini bakorana sigusa kuko aba yarahezemo
>>
<<@U123-i
says :
😂😂😂😂😂 icyambwira amateka yubuto bwe😂😂
>>
<<@nzigiyabagabotheoneste8177
says :
Ariko p uyu Mugabo ararenze twemere rwose
>>
<<@KazunguKing-o1e7g
says :
Jyewe mfite sheke imaze amezi6 Nagiye kuyiverisa nsanga conte barayifunze
>>
<<@rudahigwa-q3v
says :
Aimable yabaye umujura ruharwa! ngirango niwe munyarwanda bwambere ubayeho wumujura wibye benshii na cases nyinshii!! u Rwanda nigihugu cyiza koko! ari ahandi barikuba baramwishe cyeraaaa ntiwakwiba abantu bangana batyo ngo uzabacyire bose!
>>
<<@denisealice1994
says :
Mbanza nzizera arumurozi nukuri
>>
<<@yizerevalensyv2503
says :
Uko wakabivuze se koko yari arekuwe ibi bintu HE bikwiye kumugeraho pe naho ubundi ubutabera bwaba buri mu.kaga
>>
<<@florenceuwaduhimana2726
says :
😂😂😂 umunsi yafunguwe Neza azakurabivu😂😂😂
>>
<<@nzakuzwanimanafabrice-ts4it
says :
Njye bampamagaye mvuye murukiko
>>
<<@fidelembanzabugabo-q9g1h
says :
Ariko wabuze inkuru wagicucuwe.uwo mugabo umushakaho iki nta cash azaguna nihahandi
>>
<<@NyiragasigwaAdelphine
says :
Ewana muzampe numero ziwe , uwo mu type ararwnze cyane , cyane peeee
>>
<<@EmilyTembo-pg6tg
says :
Kumbe Nzizera numwana uyo mwarabu ndakeka asumba se
>>
<<@rebakure
says :
Uzadukirikiranire uyu Nzizera Aimable umuntu ukomeye mu gihugu umuri inyuma kuko uyu mugabo inkuru ye inteye kwibaza...😢😢😮
>>
<<@Laforteresse250
says :
NYAMARA aimable azakomeza ahemuke inzego zibica amazi bigere igihe haze uwihorera. Ntawe mbishishikariza ariko nihabeho ubutabera
>>
<<@abajenezasolange6811
says :
Mbega narumiwe
>>
<<@MugangaOfficial-h7r
says :
NIBA UCIKA INTEGE MUGIHE CYO GUTERA AKABARIRO KORESHA REVIVE capsules uhe umugore wawe ibyishimo akwiriye. REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 🗣️REVIVE CAPSULE mu mikorere yayo yongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina binyuze mu gutuma imyakura (nerfs) itanga amakuru ku bwonko ikora neza. 🗣️REVIVE CAPSULE yongera umusemburo wa Testosterone. 🗣️REVIVE CAPSULE ifasha uturemangingo tugize prostate gukora neza, bikayirinda uburwayi butandukanye. 🗣️REVIVE CAPSULE yongera ubushake bwo gutera akabariro. 🗣️REVIVE CAPSULE ikiza ububabare bwo mu mayunguyungu (hanches). 🗣️REVIVE CAPSULE ituma amaraso atembera neza mu gitsina cy’umugabo (penis). 🗣️REVIVE CAPSULE yongera igihe umugabo amara atera akabariro 🗣️REVIVE CAPSULE yongera ibyishimo by’abashakanye mu gihe cyo gutera akabariro bagahorana akanyamuneza. 🗣️REVIVE CAPSULE ivugurura byihuse imikorere y’imyanya myibarukiro y’umugabo. 🗣️REVIVE CAPSULE yongera amasohoro n’ intanga ngabo zigakomera ntizibe ibihuhwe. 🗣️REVIVE CAPSULE ikiza kurangiza vuba ku mugabo. 🗣️REVIVE CAPSULE yihutisha gufata umurego kw’igitsina nyuma yo kurangiza ku nshuro ya mbere 🗣️REVIVE CAPSULE ifasha umubiri w’abagabo kugira ibyiyumviro nk’ibyumusore uri hagati y’imyaka 10 - 20. 🗣️REVIVE CAPSULE ituma umugabo yishimira imibonano mpuzabitsina ku rwego rwo hejuru. 🗣️REVIVE CAPSULE ikiza umunaniro ukabije. 🗣️REVIVE CAPSULE yihutisha ikorwa ry’amaraso ndetse ikayohereza mu gitsina kikagira umurego uhagije. ✅ REVIVE CAPSULE nta ngaruka mbi igira ku mubiri w’uwayikoresheje 0782 610 913
>>
<<@jeannedarcmukarwego8864
says :
Ehhh Nzizera wambuye mukecuru parcelle ye
>>
<<@gisele1222
says :
Wambaye ishati nziza pe
>>
<<@niyindoragilbert8525
says :
Uzikwirirwa uvuga abantu gusa nawe uzafugwa humura
>>
<<@murebwayireclarisse6229
says :
Nzizera numutwka mutwe kweri
>>
<<@AbelAbu-f1y
says :
Anti abanyarwanda muli ba fallah😅😂😂😂😂😂
>>
<<@Mandelenia
says :
Bimeze nka film en series. Ibaze nk'abagore yajujubije bicecekeye.
>>
<<@GISHAPICTURES2024
says :
Ibaze imana yaraduhaye ubwenge ngo tubukoreshe nkuwo mwarabu tukaba twirirwa turira ngo turacyenye😅
>>
<<@shyakaemile496
says :
Ese woe nzizera mupfa iki ko uhora umukoraho inkuru niyo nkuru yonyine ugira
>>
<<@DusabamahoroApollonie
says :
Inkuru zaryoshye nari nacikanwee😂😂Theo ntasanzwe ku nkuru ubundi, inkuru yu muhinde yo ni Rurangira😂😂😂😂
>>
NEXT VIDEO
>>