<<@52inno100k
says :
Izi BUS zabaye isereri nukuri NTAGIKAPU KININI NTA GAFUKA NTAMUTWARO mbeseee cyitwa umutwaro cyose nti cyemewe nukugenda mo UMUNTU gusaaaa abajyaga guhaha muri butahe na Bus mwimenyereze kugenda namaguru kko na moto ntiyemerewe gutwara umuzigo
>>
<<@mukahirwaolive
says :
Çloudine ndagukunda cyane
>>
<<@munyurwaphilippe9804
says :
Uyu yavuze inkuru y igikomangoma cy' ubwongereza.
>>
<<@Msnk952
says :
Ese ubu nibyaba biterwa n'imihanda mito dufite muri kigali?
>>
<<@RUKARYITV
says :
Always, as a TV host or presenter, make sure that you put on a necktie!
>>
<<@NiyotwiringiyeGermaine-y9x
says :
Hakirintu mbona , Hano kgl hari uburyo Abantu Dukoresha Imihanda nabi kuko hari Imihanda myinshi idakoreshwa Kandi yakabaye ikoreshwa Abutiyaje ikagabanuka tukareka kwibanda Imihanda imwe navuga kumodoka zijya inyanza , gahanga zivuye rwandex ubuzakabaye ziri kunyura Imurambi rwose kugirango uyumuhanda kwagitwa, santere kicukiro naho hakabona uko hagendeke murakoze nukujya mutanga ubukangura mbaga
>>
<<@AlbertNyandwi-s8s
says :
Ubu ndabona private car ziraciwepe kd muge mureba kuree
>>
<<@dbukaba
says :
Ubwo gupakurura bikorwa nijoro ni ryari? Kandi iyo gahunda irangira saa tatu z’ijoro?
>>
<<@AbdillahNDAYISHIMIYE-d8k
says :
Imihanda iracyari mito peh! Badufashe bazakore n'imihanda yibikamyo gusa,bizagabanya impanuka za hato na hato.
>>
<<@AbdillahNDAYISHIMIYE-d8k
says :
Njyewe uyu munsi niriwe mfite agahinda n'impungenge ku bwa ziriya bus zahariwe igisate cya zo gusa. Ibi byatumye imodoka na moto byabyiganiye mu ruhande rumwe none byateje impanuka.
>>
<<@nshimiyimanasalvator-w6g
says :
Mwirirwanye Amahoro none se ko Hari ibice bus zizacamo ndavuga kuruhande rw'iburyo urugero nko kuri Traffic HC bizagenda gute ? Kugirango imodoka zisanzwe zihakatire bizajyenda gute?
>>
<<@Noellacalvine
says :
Muri iyi gahunda yo kwitabira gukoresha bisi rusange.Mudufaahe abatuye Mu Murenge wa Runda/Kamonyi natwe bisi zikatira muri Gare ya Gihara zijye zikomeza zigere TSS Runda Kabagesera Rugogwe muri site no mu Nkoto mu muhanda mushya wa Kaburimbo umaze kuzura.
>>
<<@aimegilbertntaganira913
says :
Iyi gahunda ni nziza gusa leta yagakwiye kubanza kubaka imihanda ihagije mbere yo kuyishyira mubikorwa. None c dusanzwe dufite Lanes 2 gusa warangiza ukavanaho Lane 1 urumva bitazagorana kurushaho? Keretse niba mushaka guhana abitwarira imodoka zabo bwite....
>>
<<@Tesiclara
says :
Cyokora Emma azi gusobanura neza pe.❤
>>
<<@dusabimanaemmanuel3737
says :
Mushyireho izo ngamba ariko mwongera ibikorwa remezo
>>
<<@inshutizayesuofficial
says :
Ni Gahanga mutwibuke muduhe bisi
>>
<<@shyaka-xu5cv
says :
Umwanda wabafundi urakabije muri bus
>>
<<@iragenaemmy1
says :
Mwakoze mwamfura mwebkuduha amakuru
>>
<<@barabaranisautitv
says :
Bus zuva cyumironko zirya batsinda ziratendeka
>>
<<@BIKORIMANATHEOGENE-bi9su
says :
Mwiriwe none c abamotaribo bafite abagenzi baciyemo haricyo byaba bitwaye?
>>
<<@kjc5430
says :
Great job to @GoR and @CoK for this important initiative ❤❤ Bikomeze n'ahandi rwose. Dukwiye kwiga kubaho mu bihe bigoye kuko hazaza n'ibirenze ibi, isi ni ko iteye. Umujyi wa Kigali ukomeze ubukangurambaga, bijyane n'isuku mu ma Buses.
>>
<<@SANYUTVSHOW
says :
Igikoma cyagarutse😂😂😂😂
>>
<<@uwapatentertainment4012
says :
Ko n'ibisate by'umuhanda bisanzwe byari bike bigateza umuvundo none nabyo mugabanyijeho ibyo musigira Bus ko birateza ambouteillage noneho yanyayo izajya inatuma n'iyo bus ahubwo itabona aho ica ngo igere mu gisate cyayo
>>
<<@ganzashammah5319
says :
Harimo ikibazo kuko nkubu imodoka zanze guca mugatenga Abashoferi bari guca sonatube gusa Ngo mugatenga ntamuhanda wa bus uhari Ubwo abantu batuye mugatenga biragenda ute ndetse nabantu batuye kumuhanda wo kwa gitwaza Biragenda gute
>>
<<@Pulensemuto
says :
Arikorero nihanozwe uburyo bwogutwara abantu Koko sinza parika imodokayanjye njye mumodoka njyenda mpagaze Wenda nifitiye nikibazo cyuburwayi nibazane imodoka zigezqeho abantubose bajyende bicaye ahokujyenda bahekeranye ngo nishira umuteto aho bajyenda bamanitse amaboko nibabinoze twese tuzazitega
>>
<<@sekibibijuvenal7844
says :
Mwiriwe neza, mushake nabafite imodoka zabo bwite mubavugishe nabo mwumve ibitekerezo byabo nuko babyumva . Murakoze
>>
<<@mr.patrice2514
says :
Banoze isuku kandi muri Bus 🚌 ntibakarenze umubare igomba gutwara.
>>
<<@Handling-X
says :
Uyu Afande Mukunda nka Kabera muri covid
>>
NEXT VIDEO
>>